Ese kubera iki umujyi wa Kigali ukomeje kuza inyuma muri# Mituel na Ejoheza?

7,607
Kwibuka30

Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu abanyakigali aribo bakomeje kuza mu myanya y’inyuma mu kwizigamira(EjoHeza) ndetse n’ubwisungane mu kwivuza(Mituel de Sante).

Muri gahunda ya EjoHeza uturere tw’umujyi wa kigali twose turi mu myanya yanyuma bivuze ko uyu muhigo utabashije kugerwaho kugeza ubu hashingiwe ku mihigo.

30. Nyarugege 26.1%

29.Kicukiro 30.3%

28.Gasabo 31.3%

Image
Kwibuka30

Mituel de Sante nayo ntabwo bimeze neza kuko naho usanga Abanyamujyi batabasha kubwishyura kugeza 13Mutarama 2021 nabwo umujyi wa kigali wari inyuma.

30.Kicukiro 69.4%

28.Gasabo 78.4%

26.Nyarugenge 78.8%

Image

Ubukangura mbaga ndetse no kwigisha usanga bikorwa cyane ariko ubatuye uyu mujyi ugasanga batitabira izigahunda. Hari amakuru avuga ko muri EjoHeza usanga hari umuturage uba muri kigali Nyamara yakwizigamira ubwisungane bwe bukajya ahatangiwe indangamuntu, benshi bavugako yaba ariyo mpamvu ituma kigali muri EjoHeza iza inyu ariko ukibaza impamvu na Mituel de Sante usanga ntgihinduka Kigali ikomeza ikaza inyuma mugihe umuntu afatira ikiciro aho atuye!

Image result for rssb rwanda
Leave A Reply

Your email address will not be published.