Fabrice wari umaze imyaka ine ku buyobozi bwa AS KIGALI yasezeye kuri izo nshingano

7,143
Kwibuka30
Kwibuka30

Bwana Shema Fabrice wari umaze imyaka ine ayobora Ikipe ya AS Kigali yeguye, avuga ko avuye ku buyobozi bw’iyo kipe y’abanya Kigali avuga ko ari kubera impamvu ze bwite. Ibi yabimenyesheje abakozi b’Ikipe mu ibaruwa yabandikiye kuri uyu wa 5 Kamena 2023, abamenyesha ubwegure bwe.
Mu gihe yari Perezida wa AS Kigali, Iyi kipe y’Umujyi wa Kigali yashoboye kwegukana Ibikombe by’Amahoro bibiri, icya 2018-2019 na 2021-2022 na bibiri bya Super Cup muri iyo myaka.

Leave A Reply

Your email address will not be published.