Itangazo rya AMIZERO usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.

Uwitwa Amizero Louis Oreste mwene Kabengera na Banyana utuye mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kabarore, akagari ka Kabarore, umudugudu wa Kabingo ho mu Ntara y’Uburasirazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo AMIZERO Louis Oreste agasimbuzwa KABENGERA AMIZERO Louis Oreste, akaba ari nayo yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko ayo mazina ari ay’umuryango.

Comments are closed.