Itangazo rya Bwana Harerimana wifuza guhindurirwa amazina

6,530
Kwibuka30
Kwibuka30

Uwitwa HARERIMANA Moussa mwene ITANGISHAKA Innocent na MUKASHYAKA Vestine, akaba atuye mu mudugudu wa Ruhuha I, mu Kagali ka Ruhuha, umurenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera ho mu Ntara y’uburasirazuba, yasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanganywe ariyo HARERIMANA Moussa maze akitwa HARERIMANA Moussa Soulaiman, akaba ari nayo yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu Bwana Harerimana atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko aryo mazina ye ya batisimu

Comments are closed.