Itangazo rya Nzirumbanje wifuza guhindura amazina.

8,115
Kwibuka30
Uwitwa NZIRUMBANJE mwene BIHUMU na NZABAKURIKIZA, akaba atuye mu mudugudu wa Gakararanka, mu Kagali ka Rundoyi, umurenge wa Ruhango, Akarere ka RUTSIRO ho mu Ntara y’uburegerazuba, yasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina amazina yari asanganywe ariyo NZIRUMBANJE xxxx maze akitwa NZIRUMBANJE Theophile, akaba ari nayo yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere.
Kwibuka30

Bwana NZIRUMBANJE atanga impamvu zishimangira ubusabe bwe ko amazina NZIRUMBANJE Theophile ariyo mazina yabatijwe.

Comments are closed.