Kigali: Ibitaro by’umwami Faisal biranyomoza amakuru yo kurangarana DJ Miller bikamuviramo gupfa

14,072
Kwibuka30

Nyuma y’uko Karuranga Virgille uzwi nka DJ Miller yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki 05 Mata 2020, hari amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga hari abavuga ko yaba yazize kutitabwaho n’abaganga nk’uko bikwiye.

Kuri uyu wa Mbere tariki 06 Mata 2020 Ubuyobozi bw’Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bwasohoye itangazo ryamagana aya makuru bwemeza ko bwamitayeho uko bari bashoboye ariko bikanga akitaba Imana.

Itangazo rya tangajwe n’ibitaro by’umwami Faisal
Kwibuka30

Biteganyijwe ko nyakwigendera DJ Miller azashyingurwa kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2020 mu irimbi rusange rya Rusororo agaherekezwa n’abantu icumi kubera icyorezo cya Coronavirus kiri mu Rwanda ndetse no mu isi. Kubera gahunda ya Guma murugo ikomeje kugirango abantu babashe kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.

Imana imwakire.


Leave A Reply

Your email address will not be published.