MINEDUC yemeye kwishyura ikiguzi k’ingendo z’abanyeshuri bagomba gutangira gutaha none

9,449

Abanyeshuri batangiye gutaha ku kiguzi cya Leta.

Nyuma y’aho Y’uburezi mu Rwanda isabye ko abanyeshuri bacumbikiwe mu bigo bataha kubera kwirinda ubwandu bushya bwa Coronvirus, Leta yemeye ko igiciro cy’urugendo iri bucyishure ariko abana bagataha bakajya iwabo.

Gahunda yo gutaha iteganijwe ko none kuwa 15 Werurwe 2020 abanyeshuri bo ntara y’amajyepfo n’umujyi wa Kigali babanza gutaha abandi bagataha ejo. Ibi byose n’indi myanzuro ishobora gufatwa nyuma ni mu rwego rwo gukumira ikwirakwizwa ry’agakoko gatera coronavirus.

Leave A Reply

Your email address will not be published.