Urukiko rwategetse ko Kalisa Adolphe wa FERWAFA afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe ‘Camarade’ wahoze ari Umunyamabanga Mukuru!-->!-->!-->…
Gakenke: Umwarimu yahagaritswe azira kunywa manyinya mu masaha y’akazi
Mukarere ka Gakenke umurenge wa Rushashi umwarimu ku urwunge rw’amashuri rwa Rukura (GS RUKURA) yahagaritswe!-->…
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze ku gaciro k’asaga miliyari 5.7 Frw
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko agaciro k’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu gihembwe cya 2!-->…
Ikipe ya Pyramids FC izakina na APR FC yageze i Kigali
Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri izacakirana na APR FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League ya 2025!-->!-->!-->…
U Rwanda rwashyizeho ibihano bikakaye ku bazagaragaraho amanyanga mu gutwitira…
Leta y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano!-->…
USA: Umugabo yatwitse yagonze urusengero ararutwika arasa n’abarimo
Polisi ivuga ko abantu nibura bane bishwe naho abandi umunani barakomereka, nyuma yuko umugabo witwaje imbunda!-->…
Kigali Yanditse Amateka: Pogačar Atsinda – Afurika yinjira Mu Mateka Ya UCI…
Ku nshuro ya mbere mu mateka ya shampiyona y’Isi y’Amagare, u Rwanda rwakiriye iri rushanwa rikomeye bwa mbere!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga Carlos Takam!-->…
Umunya-Slovenia Tadej Pogačar niwe wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025.
Umunya-Slovenie, Tadej Pogačar, w’imyaka 27 yongeye kwandika amateka akomeye mu mukino w’amagare nyuma yo!-->!-->!-->…
Russia: Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
Minisiteri y’ibiza mu Burusiya yatangaje ko abashinzwe kuzimya inkongi mu gace ka Smolensk gaherereye mu!-->…
“Nta mukinnyi dufite nka Neymar”: Ronaldo yasabye ko Neymar ahamagarwa…
Ronaldo Luís Nazário de Lima wabiciye bigacika muri ruhago y'isi no muri Brazil, yasabye umutoza w'ikipe nkuru!-->…
Kirikou uri mu bagezweho i Burundi ashobora gutaramira Abanyarwanda vuba
Umuhanzi wo mu Burundi, Kirikou Akili uri mu bagezweho muri iki gihe, yagaragaje ko agiye gutangira urugendo rwo!-->…
Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu ngimbi, Ntirenganya asoza Isiganwa
Umwongereza, Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu gusiganwa mu muhanda (Road Race) mu bahungu bari!-->!-->!-->…
Hagaragajwe ibyavuye mu rubanza rwa Camarade
Bimwe mu byavugiwe mu rubanza ruregwamo uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu!-->…
Bugesera: Umusore yazingazingiye ise muri matora aramutwika kugeza apfuye
Umusore w'imyaka 28 yaraye yishe atwitse ise umubyara abanje kumuzingazingira muri matora, arashya arakongoka.
!-->!-->!-->…