Prezida wa Repubulika Paul KAGAME yihanganishije u Burundi n’Abarundi nyuma y’urupfu rwa Nkurunziza

15,989
Kwibuka30

Nyuma y’urupfu rwa Prezida NKURUNZIZA prezida PAUL KAGAME yihanganishije igihugu cy’u Burundi n’Abarundi

Kwibuka30

Kimwe n’abandi bakuru b’ibihugu bitandukanye byo hirya no hino ku isi, Prezida Paul KAGAME abinyujije ku rukuta rwa twitter nawe yihanganishije igihugu cy’Uburundi, Abarundi n’umuryango we by’umwihariko. Mu butumwa bwe yagize ati:”…Ku izina ryanjye, na guverinoma y’u Rwanda, nihanganishije guverinoma y’Uburundi n’Abarundi ku rupfu rwa Prezida Nkurunziza,…”

Prezida NKURUNZIZA PETER Yitabye Imana kuwa mbere taliki ya 8 Kamena 2020 ariko bitangazwa kuri uyu wa kabiri.

Leave A Reply

Your email address will not be published.