Rayon Sport imaze kwandika ibaruwa isaba FERWAFA ko yigizayo ibihano yafatiwe

8,409
Kwibuka30
Munyakazi Sadate yandikiye Perezida Kagame yishinganisha, ashinja  abamubanjirije amacakubiri no kugura abasifuzi - IGIHE.com

Nyuma y’aho akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA gahannye ikipe ya Rayon Sport kubera kutubahiriza ibyo yari yasabwe n’ako kanama birimo kwishyura umwenda Bwana Ivan Minnaert wahoze utoza iyo kipe, bidatinze ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport burangajwe imbere na Bwana Sadate MUNYAKAZI bwamaze kwandikira ubuyobozi bwa FERWAFA buyisaba gusubika ibihano yari imaze gufatirwa.

Kwibuka30

Muri iyo baruwa dufitiye kopi, Bwana Sadate arasba ko ibyo bihano byasubikwa kuko n’ubundi iyo kipe ifite ubushake bwo kumwishyura ibintu bigaragazwa n’igice cy’amafranga angana n’amadorari ibihumbi bibiri.

Image may contain: text
Image may contain: text
Leave A Reply

Your email address will not be published.