Reba umuganga utangae ubyinira abarwayi igihe bategereje ubitaho

8,005
Kwibuka30

Umuganga wo muri Africa yepfo w’imyaka 57 y’amavuko yatangaje abantu batari ake nyuma yuko hasakaye amashusho ari kubyinira abarwayi baje kwivuza.

Kwibuka30

Gumede Thathakahle,w’imyaka 57 amashusho ye yakwirakwijwe kuri Facebook ari kubyina yizihiwe ndetse anaganira nabarwayi mu ivuriro rya Philani ho u gace ka Scottburgh.

We ubwe mu bibazo ajyeda abaza abarwayi avugako umuganga wanyawe yakagombye guha ikizere umurwayi ko ndetse usanga bifasha kurenza ibinini.

Gumede ngo mu gitondo ategura akantu aribukorere abarwayi kugirango buri murwayi aze kumwiyumvamo.

Umuganga bakorana witwa Zama Mazeka we yavuzeko usibye nabarwayi na buri wese umubonye ibitwenge ataha byamwishe.

Leave A Reply

Your email address will not be published.