Umusore yagiye kwiba umwembe afatwa n’umuriro ahita apfa

9,341
Kwibuka30

Umusore utaratangajwe amazina muri leta ya Enugu ho mu gihugu cya Nigeriya kuruyu wa gatatu yagiye kwiba umwembe umuriro uramufata ahita apfa.

Kwibuka30

Umwe mubabonye ibi biba Jude Eze yavuzeko uyu musore waruri mu kigero cy’imyaka 18 yanyuze kuriyi myembe amashyushyu aramwica niko gufata inkoni yarafite ariko yicyuma wukubise ngo awumanure akubitana nurusinga rw’amashanyarazi ahita agagara ako kanya.

Polisi ikihagera yahise imujyana kubitaro biherereye Nsukka ariko biranga biba ibyubusa arapfa,

Leave A Reply

Your email address will not be published.