UBUSHINWA BWATANGARIJE ISI UMUTI WA CORONAVIRUS KO WABONETSE

11,729
Kwibuka30

Ubushinwa bumaze gutangariza amahanga umuti wa coronavirus wabonetse (FAVIPIRAVIR), uzajya uvura by’agateganyo

Ahagana kugicyamunsi cyo kuri uyu wa mbere mu bushinwa kumasaha yo mu Rwanda i Kigali 15h45 itsinda ry’abaganga ba Minisiteri y’ubuzima hamwe n’izindi nzobere mu by’ubuvuzintiti mu gihugu cy’Ubushinwa ryahaye ikiganiro abanyamakuru kivuga ku intambwe imaze guterwa kugirango bakore umuti w’icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi ndetse n’ubuzima bw’abatari bake uyu muti ukaba witwa favipiras

Umumwe mu Banyarwanda biga ubuvuzi mu Bushinwa muri kaminuza ya Lanzhou waganiriye n’umuseke dukesha iyi nkuru witwa Jeaan Nepomuscene Ntezimana yavuze ko kuba hari Abantu benshi bakize iriya ndwara mu gihugu cy’Ubushinwa bigaragaza ko abahanga bakora uko bashoboye kose kandi bakoze akazi gakomeye

Kwibuka30

abashinwa bagera 68000 bakize burundu iriya ndwara aba bakaba ari benshi ugereranyije n’abantu ibihumbi 80881 bari baranduye.

abaganga bo mu gihugu cyu bushinwa bavuze ko kugirango uriya muti ushyirwe hanze babanje kwiga neza imiterere n’imikorere ya coronavirus, ikindi kandi bavuga ni uko abahanga n’abashakashatsi mu by’inyamaswa bavuze ko bamaze kwiga kandi babonye uko iriya virus yandura izanywe n’inyamaswa

iyi mbonerahamwe nigaragaza imibare yabanduye
Leave A Reply

Your email address will not be published.