Browsing Category
Imikino
Hongewemo andi maraso muri Rayon sport, Serumogo yongera amasezerano
Ikipe ya Rayon Sport ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yasinyishije kuri uyu wa gatandatu abakinyi babiri bashya, inongera amasezerano Bwana Ally Serumogo.
Gikundiro niko benshi bakunze kuyita kubera umubare utari muto w'abanyarwanda!-->!-->!-->…
Muhire Kevin yerekeje mu yindi kipe asiga Rayon mu kangaratete
Bwana Muhire Kevin wari kapiteni wa Rayon sport, yateye iyo kipe umugongo yerekeza muri Sudan y'Epfo mu ikipe ya Jamusi SC.
Ikipe ya Jamus SC yo mu gihugu cya Sudan y'Epfo yemeje ko imaze kugura uwari kizigenza wa Rayon Sport Bwana!-->!-->!-->…
Ibintu byongeye biradogera muri Rayon Sport
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon irangije saison nta gikombe na kimwe itwaye, ibintu bikomeje kuba bibi, amwe mu mabanga yatumye ikipe ititwara neza atangiye kujya hanze.
Nyuma yo kubura igikombe cya championnat mu minsi ya nyuma, ubu muri!-->!-->!-->…
IBYAHINDUTSE KU BURYO BUSHYA IGIKOMBE CY’ISI CY’AMA CLUB KIZAKINWAMO.
NI IKI UKWIRIYE KUMENYA KU IRUSHANWA RY'IGIKOMBE CY'ISI CY'AMA CLUB KIGIYE GUKINWA MU ISURA NSHYA?
Ni ku nshuro ya mbere iki gikombe kigiye gukinwa mu buryo bushya butari bumenyerewe. Imikino yose y'iki gikombe yitabiriwe n'amakipe!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL 2025: APR BBC yaraye itsinze Rivers Hoopers igera muri ½ ku nshuro ya mbere (Amafoto)
APR BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 igera muri ½ ku nshuro ya mbere mu mateka.
Uyu mukino wa ¼ wabaye kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Ikipe ya Algeriya y’abatabanzamo yatsinze Amavubi
Ikipe y’Igihugu ya Algéria yari yiganjemo abatabanza mu kibuga yatsinze iy’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino wa kabiri wa gicuti wahuje ibihugu byombi wabaye ku mugoroba wo Ku wa Mbere tariki ya 9 Kamena 2025, Kuri stade ya Mustapha!-->!-->!-->…
TRANFER KURI ZUBIMENDI, SESKO , GYOKERES NA CHERKI ZIHANZWE AMASO MURI IKI CYUMWERU.
Abarimo Martin Zubimendi, Ryan Cherki, Victor Gyokeres na Benjamin Sesko bari mu bashobora kumenya ahazaza habo muri iki cyumweru.
Mu minsi itambutse, hakomeje kuvugwa amakipe atandukanye yifuzaga aba bakinnyi bamaze igihe bahagaze!-->!-->!-->!-->!-->…
DAVID BECKAM ATEGEREJE IRINDI ZINA RY’ICYUBAHIRO AZAHABWA N’UMWAMI W’UBWONGEREZA.
UMUNYABIGWI DAVID BECKAM AZASOZA UKWA 6 ASHIMIWE IBIKORWA YAKOREYE MU BWONGEREZA.
Buri mwaka umwami Charles III w'Ubwongereza, afata kimwe mu byumweru bine bigize ukwezi kwa gatandatu, akizihizamo isabukuru y'amavuko, n'ubwo itariki!-->!-->!-->!-->!-->…
ARSENAL IYOBOYE AMAKIPE Y’UBWONGEREZA YINJIJE AGATUBUTSE KU MUGABANE W’IBURAYI
UMWAKA W'IMIKINO WA 2024-2025 USIZE ARSENAL KU MWANYA WA 1 MU BWONGEREZA MU MAKIPE YINJIJE AMAYERO MENSHI KU MUGABANE W'IBURAYI.
Uyu mwaka w'imiino wari uwa 2 muri iki kinyacumi cya 2020, dore ko yaherukaga muri iyi mikino yo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Lamine Yamal yanze kwambara numero 10 ya Barcelona
Lamine Yamal umwe mu bakinnyi ngenderwaho b'ikipe ya FC Barcelona, ndetse bikavugwa ko ariwe musimbura mwiza wa Lionel Messi muri iyo kipe ya FC Barcelona, yaraye yanze umwambaro uriho numero 10 yari yahawe n'abayobozi b'ikipe.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Cristiano Ronaldo yaciye amarenga yo kuva muri Al-Nassr
Bwana Cristiano Ronaldo wari usanzwe ukinira Al-Nassr yo muri Arabiya Saoudite, yaciye amarenga ko ashobora kuva muri iyo kipe akerekeza ahandi.
Cristiano Ronaldo yatangaje amakuru benshi bafashe nko gusezera ikipe ya Al-Nassr nubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Tottenham itahabwaga amahirwe yaraye itwaye igikombe cya Europa League
Ikipe ya Tottenham Hotspur yatwaye igikombe yaherukaga mu myaka 17 ishize. Muri iyo myaka yose nta gikombe icyo aricyo cyose yari yagatwaye. Yabigezeho mu ijoro ryacyeye ryo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi, nyuma yo gutsindira!-->!-->!-->…
Rayon Sport iteye indi ntabwe iyiganisha kure y’igokombe
Ikipe ya Rayon Sport ntiyabashije kwikura imbere ya Bugesera FC yarwanaga no kutamanuka mu cya kabiri.
Kuri uyu wa gatatu nibwo umukino wa Rayon Sport na Bugesera FC wakomezaga nyuma y'uko byanze ko urangira kubera imvururu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafana ba Rayon Sport bakumiriwe ku kibuga kugeza championnat irangiye.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko abafana ba Rayon Sport batemerewe kwinjira muri Stade aho ikipe yabo izaba iri gukina kugeza ino championnat irangiye.
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi mwanzuro wa FERWAFA utanyuze abakunzi ba Rayon Sport
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ritanze umucyo n'umwanzuro ku mukino wahuje Rayon Sport FC na Bugesera FC bikarangira uwo mukino utarangiye.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatandatu bamwe mu bafana bateje imvururu ku!-->!-->!-->!-->!-->…