Browsing Category
Imikino
Imikino yombi izahuza Rayon Sports na Al Hilal Benghazi yimuriwe i Kigali
Nyuma y'ubwimvikane ku mpande zombi, byemejwe ko imikino yombi izahuza ikipe ya Rayon Sport na Al Hilal Benghazi izabera i Kigali mu Rwanda.
Nyuma y'umwiherero wabaye kuri uyu wa gatatu taliki ya 13 Nzeli 2023 hagati y'ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Murenzi Abdallah wayoboraga FERWACY yamaze kwegura
Murenzi Abdallah, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) na Nkuranga Alphonse wari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’iri shyirahamwe bombi beguye ku nshingano zabo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 30!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC isezereye Gaadiidka FC yo muri Somalia
Ikipe ya APR FC isezereye ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia ku giteranyo cy’ibitego 3-1 nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura.
APR FC yari iri imbere y’abafana bayo ni yo yatangiye isatira kuko yari ibafitiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinnyi w’ikipe y’u Rwanda ya Handball yatorokeye i Burayi
Umukinnyi witwa Fred NSHIMYUMUREMYI, umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari muri Croatia mu gikombe cy’Isi cya Handball cy’abatarengeje imyaka 19 yaratorotse.
Uyu musore ntabwo yagarukanye n’abandi kuko mu gihe cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrobasket: U Rwanda rwatsinze Uganda mu mukino witabiriwe na perezida wa repubulika
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu mu mukino wari uw'ishiraniro, ikipe y'u Rwanda y'abagore yaraye itsinze iy'abagande bituma yerekeza mu gice cya kabiri cy'irangiza.
Ikipe y'u Rwanda y'abagore mu mukino wa Basketball yatsinze iya Uganda!-->!-->!-->…
Intara y’Iburasirazuba: Bugesera Fc yegukanye igikombe
Mu mikino yateguwe n’Intara y’Iburasirazuba hagamijwe gufasha amakipe kwitegura neza Shampiyona y’umupira w’amaguru y’umwaka wa 2023/2024, Bugesera FC ni yo yegukanye igikombe.
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, Guverineri w’Intara!-->!-->!-->!-->!-->…
Jonas Vingegaard yongeye kwegukana Tour de France
Umunya-Danemark ukinira Jumbo-Visma, Jonas Vingegaard, yegukanye Tour de France ku nshuro ya kabiri yikurikiranya ahigitse mukeba we Umunya-Slovénie, Tadej Pogačar, wa UAE Team Emirates.
Tour de France yasojwe kuri iki Cyumweru,!-->!-->!-->!-->!-->…
Sebwato Nicholas yongereye amasezerano muri Mukura VS
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ni bwo ikipe ya Mukura VS yatangaje ku mugaragaro ko umunyezamu wayo Sebwato Nicholas yongereye amasezerano y’imyaka ibiri.
Ibi yabitangaje ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo aho yavuze ko yasinye!-->!-->!-->!-->!-->…
KERA KABAYE YAVUZE ICYAMUTEYE GUTERA MUGENZI WE BAKINANA INGUMI
SADIO MANE YATANGAJE ICYAMUTEYE GUKUBITA SANE BAKINANA MU IKIPE YA BAYERN MUNICH
Uyu munya Senegal w'imyaka 31 Sadio Mane, arateganya kuguma mu ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage amazemo umwaka umwe n'ubwo umwaka we wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Transfers: #Rice #Kovacić, #Loftus-Cheek, #Cuadrado, #Ziyech
Ikipe ya Manchester city inaheruka gutwara ibikombe bitatu birimo Igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo cya UEFA CHAMPIONS LEAGUE, igikombe cy'igihugu cya FA cup ndetse na Shamoiyona y'icyiciro cya mbere yatwaye ipanguruye!-->!-->!-->…
U Rwanda na BAL bongereye amasezerano y’imikoranire
U Rwanda binyuze mu kigo cy’igihugu gishinzwe itermbere (RDB) bongereye amasezerano n’irushanwa rya basketball rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (BAL) yo gukomeza gutegura no kwakira imikino ya kamarampaka n’imikino ya nyuma mu!-->!-->!-->…
Man City itwaye UCL, Guardiola ashimangira ko ariwe mutoza wa mbere ku isi
Ikie ya Manchester City yo mu Bwongereza yaraye itsinze ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bituma yegukana igikombe gikomeye ku mugabana wa Burayi.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Fabrice wari umaze imyaka ine ku buyobozi bwa AS KIGALI yasezeye kuri izo nshingano
Bwana Shema Fabrice wari umaze imyaka ine ayobora Ikipe ya AS Kigali yeguye, avuga ko avuye ku buyobozi bw'iyo kipe y'abanya Kigali avuga ko ari kubera impamvu ze bwite. Ibi yabimenyesheje abakozi b’Ikipe mu ibaruwa yabandikiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu bafunzwe bazira gucucura Premier League arenga miliyari 7 Frw
Abagabo batanu basaruye arenga miliyari 7 Frw kubera kugurisha imikino ya Shampiyona y’u Bwongereza “Premier League” batabiherewe uburenganzira, bakatiwe gufungwa imyaka itandukanye harimo n’uwahawe 11.
Aba bantu uko ari batanu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC itwaye championnat 2022-2023 ku nshuro ya kane yikurikiranya
APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ya 2022-23 kiba igikombe cya 4 yegukanye yikurikiranya ibintu yaherukaga gukora hagati ya 2008 na 2012, ni nyuma yo gutsinda Gorilla FC2-1.
Yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda!-->!-->!-->!-->!-->…