Browsing Category
Imyidagaduro
CHRIS BROWN YAGIZWE UMWERE KU CYAHA YAHERUKAGA GUFUNGIRWA.
CHRIS BROWN YAGIZWE UMWERE KU CYAHA YASHINJWAGA CYO KUGERAGEZA GUTEZA IMVURURU MU KABYINIRIRO I LONDRES.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Christopher Maurice Brown nibwo yitabye urukiko kugira ngo aburane ku cyaha ashinjwa gukora!-->!-->!-->!-->!-->…
TYLER PERRY WANDITSE “THE STRAW” YARI AMARANYE IMINSI IBIBAZO BIKOMEYE.
TYLER PERRY WANDITSE FILIME IKOMEJE KURIZA BENSHI YITWA The STRAW YAVUZE KO YARI AMARANYE IMINSI IBIBAZO BIKOMEYE.
Nyuma yo kurebe iyi filime, benshi batangiye kwibaza niba yaba ishingiye ku nkuru mpamo dore ko ikoze mu buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
INDIRIMBO 10 UKWIYE KUMVA MURI IYI WEEKEND.
NI IZIHE NDIRIMBO 10 ZIKUNZWE HANO MU RWANDA ZAGUKORERA WEEKEND?
Mu ntangiriro z'ukwa 6, abenshi bita intangiriro z'impeshyi, bamwe mu bahanzi nyarwanda basohoye indirimbo zahise zzigarurira imitima y'abanyarwanda. Muri nyinshi!-->!-->!-->!-->!-->…
AKORESHEJE UMWANA BABYARANYE, CARDI B YAKOZE OFFSET MU MASO.
Cardi B yakoresheje umwana w'umuhungu afitanye n'uwahoze ari umugabo we Offset kugira ngo amushotore.
Abakurikiranye u buzima Offset yari abanyemo na Cardi B mbere y'uko batandukana tariki 05 Ukuboza 2018, bavuga ko uyu muraperikazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Jessie J yafashe akaruhuko mu bikorwa bye bya muzika nyuma yo gusangwamo kanseri.
Jessie J witegura kubagwa kanseri yafashe akaruhuko mu bikorwa bye bya muzika.
Umuhanzikazi Jessica Allen Cornish uzwi nka Jessie J yatangarije abakunzi be ko yasanzwemo indwara ya kanseri y'ibere, akaba yitegura kubagwa,!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
BURNABOY YASABIYE ABASHAKA KO ASUBIKA IGITARAMO CYE KUZAHIRA I KUZIMU.
Mu gusubiza abatashakaga ko akorera igitaramo muri Bourkinafaso, Burnaboy yabasabiye kuzahira i kuzimu.
Nyuma yo gutangaza ko yifuza kuzakorera igitaramo muri Bourkinafaso ku buntu, bamwe mu batishimiye ko uyu mugabo wiyita!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nta kibi nko gukena uri icyamamare
Umuhanzi Bruno K ukorera muzika ye mu gihugu cya Uganda yagarutse ku gahinda gakomeye ibyamamare bikunze guhura nabyo, aho usanga isi yose ibazi nyamara ugasanga mu rugo iwabo ari kurisha ubugari amazi.
Bruno K avuga ko abantu bakwiye!-->!-->!-->…
Umuhanzi “Amalon” yahishuye izina ry’umuzingo agiye gushyira hanze mu gihe cya…
Umuhanzi Amalon umaze kwandikisha izina rye mu mitima y'abakunzi b'imyidagaduro mu Rwanda yatangaje ko mu minsi itarambiranye azashyira hanze Album ye ya mbere yise MVP. Mu kiganiro yahaye Radiyo Rwanda, uyu muhanzi yirinze gutangaza!-->!-->!-->…
Richard Nick Ngendahayo aje gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 15
Nyuma y’imyaka 15 adataramira mu Rwanda, umuhanzi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gutaramira i Kigali. Ni igitaramo kizaba ku wa 23 Kanama 2025 muri BK Arena, cyiswe ‘Niwe Healing!-->!-->!-->…
KERA KABAYE AMAKURU Y’UBURWAYI BWA CANSERI MAMA WA BEYONCE AMARANYE IGIHE YAGIYE HANZE.
Nyuma yo gusohora igitabo kivuga ku buzima bwe yari amaze iminsi yandika, hamenyekanye ko Tina Knowless arwaye kanseri.
Tina Knowless ubyara Beyonce Knowless yatangaje iby'uburwayi bwe bwa kanseri y'ibere mu gitabo yashyize hanze,!-->!-->!-->!-->!-->…
SERENA WILLIAMS YONGEYE KWIKOMA DRAKE BAHOZE BAKUNDANA.
Nyuma y'igihe gito agaragaye ku rubyiniriro ku mukino wa nyuma wa super bowl, Serena Williamz yongeye lkugaruka kuri Drake.
Tariki 09 Gasyantare 2025, nibwo habaye umukino wa Super Bowl wanitabiriwe na perzida wa Leta Zunze ubumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
FIREBOY DML: UWO NDIWE MBIKESHA OLOMIDE.
Fireboy DML yavuze ukuntu Olamide yamuhinduriye ubuzima nyuma yo gusinyishwa muri Label ye.
Ni mu kiganiro 90's baby show yakoreye kuri YouTube, ubwo yamamazaga umuzingo mushya w'indirimbo yitegura gusohora vuba aha, akaboneraho no!-->!-->!-->!-->!-->…
JEAN CLAUDE VAN DAMME YAHAKANYE KURYAMANA N’ABAGORE BACURUZWA MU BURYO BUTEMEWE.
Jean Claude Van Damme yahakanye gukorana imibonano mpuzabitsina n'abagore bacuruzwa bitemewe bavanywe hirya no hino ku isi.
Ikibazo cy'icuruzwa ry'abantu, kiri mu bihangayikishije ku isi, aho 71% by'abacuruzwa ari abagore, nk'uko!-->!-->!-->!-->!-->…
YOUNG THUG YASHINJE ABAGENZACYAHA KUMUBESHYERA MU KIREGO CYE.
Nta guca ku ruhande, Young Thug yashinje abagenzacyaha kumubeshyera.
Ishami rya polisi rishinjwe kugenza ibyaha mu mujyi wa Atalanta, muri Leta yzunze ubumwe za Amerika, rishinjwa na Young Thug kumubeshyera mu kirego!-->!-->!-->!-->!-->…
ASAKE YASHYIZWE KU NTEBE Y’ICYUBAHIRO NYUMA YO GUCA AGAHIGO.
ASAKE YAKOZE AMATEKA YO GUTANGIRA 2025 AYOBOYE ABANDI MURI 2025
Buri cyumweru, urubuga Turn Table Charts rukora urutonde rw'indirimbo zikunzwe muri Nigeria, rusohora urutonde rw'izikunzwe, cyane, akenshi bigaragazwa n'umubare!-->!-->!-->!-->!-->…