Huye: Polisi yataye muri yombi umuryango wakoraga inzoga ya Kanyanga.
Polisi y’u Rwanda ifatanije n’abaturage n’izindi nzego zo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Karama mu Kagari ka Kibingo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Werurwe bafashe uwitwa Nkundumukiza Christophe w’imyaka 39 n’umugore we Murebwayire!-->!-->!-->…
Kamonyi: Nsengiyumva yafatiwe mu cyuho ari gukura ibyuma bya moto yari amaze kwiba.
Mu ijoro rya tariki ya 31 Werurwe ahagana saa tatu za nijoro abapolisi bafashe uwitwa Nsengiyumva Jean Claude w’imyaka 24 arimo gukura ibyuma muri moto imwe abishyira mu yindi. Moto ifite ibirango RE 535 Y yari nshya yayikuragamo !-->!-->!-->…
Nyanza: Abagore 115 bayobora amakoperative y’abahinzi bahawe amaterefone agezweho
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, abagore bagera ku 115 basanzwe bayobora amakoperative y'ubuhinzi n'ubworozi bashyikirijwe amaterefoni agezweho. Mu muhango wabereye ku cicari cy'Akarere ka Nyanza kari mu Murenge wa Busasamana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gloria: Inzira iganisha mu gukemura amakimbirane hagati y’abantu babiri(2)
Mu gihe ikibazo cy'amakimbirane gikomeje guhangayikisha abatuye isi, hano impunguke yageneye abakunzi ba indorerwamo.com inzira ziganisha mu gukemura amakimbirane hagati y'abantu babiri. Ikibazo cy'uburyo abantu bakoresha mu gukemura!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu ya BRALIRWA yikubye inshuro zirenga 600 mu mwaka wa 2020.jj
Uraganda rwa Bralirwa rwatangaje ko inyungu yayo yiyongereye arenga 600 ku ijana mu mwaka wa 2020 ugereranije n'umwaka wa 2019. Mu gihe byinshi mu bikorwa by'ubucuruzi byahungabanijwe cyane n'icyorezo cya covid-19, siko byagenze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Suisse: Abasirikare b’Abagore bemerewe kujya bambara amakariso ya kigore.
Nyuma y'igihe batemererwa kwambara amakariso ya kigore, noneho Leta y'UbuSwisi igiye kwemerera abagore bakora umwuga wa gisirikare kujya bambara amakariso yabo. Biraza kuba nk'urwenya cyangawa inkuru itangaje mu matwi y'uri bwumve!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya yabonye Visi-perezida mushya
Inteko ishinga amategeko ya Tanzaniya yemeje ko Minisitiri w’imari Philip Isdor Mpango agirwa visi-perezida w’igihugu, asimbuye Samia Suluhu Hassan wagiye ku mwanya wa perezida w’igihugu, nyuma y’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli. Kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Soudan y’Epfo yasubitse igikorwa cyo gukingira Covid-19
Sudani y'Amajyepfo yasubitse itangizwa ry’igikorwa cyo gukingira Covid-19, ariko ntiratangazwa impamvu yihariye yateye iri subikwa. Gahunda yo gukingira yagombaga gutangira ejo ku wa mbere mu murwa mukuru Juba, nk'uko byari byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore isura nshya ya Bwana Barafinda nyuma yo kuvuzwa mu mutwe.(Photos)
Nyuma yo kujyanwa i Ndera akavuzwa indwara zo mu mutwe, BARAFINDA yabaye mushya bigaragarira buri wese. SEKIKUBO BARAFINDA wamenyekanye mu itangazamakuru cyane ubwo yagaragazaga inyota yo kuyobora igihugu mu mwaka wa 2017, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Ikinyamakuru cya Leta cyasabye imbabazi nyuma yo gutangaza ko prezida mushya yapfuye
Ikinyamakuru cya Leta mu gihugu cya Tanzaniya cyasohoye itangazo gisaba imbabazi abaturage nyuma yo gutangaza ko prezida w'igihugu mushya yapfuye. Ikinyamakuru cya Leta mu gihugu Daily News, cyamaze gusohora itangazo aho gisaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Togo: Claude Le Roy yirukanywe nyuma yo kunanirwa kujyana ikipe muri CAN
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cya Togo, bwamaze gufata icyemezo cyo gusezerera uwari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu yo muri iki gihugu, nyuma yo kubura itike yo kuzajya mu gikombe cya Afurika kizabera muri!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibyishimo bya rubanda nyuma yo kuvanwa mu kato.
Nyuma y'igihe bari bamaze bari mu kato, abaturage b'i Nyanza bari mu byishimo bidasanzwe. Nyuma y'amezi atari make abaturage bo mu Karere ka Nyanza barashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda no gukumira ubwandu bwa virusi ya Corona,!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda ry’Abapolisi 80 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudan.
Chief Superintendent of Police (CSP) Faustin Kalimba uyuboye itsinda ry'abapolisi bagiye mu butumwa bw'amahoro muri Sudani y'Epfo. Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Werurwe abapolisi b’u Rwanda 80 bagize ikiciro cya 6 bagiye mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amashirakinyoma kuri ba Gitifu 2 bivugwa ko biyirukanye ku kazi.
Nyuma yaho ubuyobozi bw'Akarere bwemeje ko ba Gitifu babiri bihagaritse ku mirimo, hari abavuga ko atari byo ko ahubwo bahatiwe kwegura Ku munsi w'ejo ku wa mbere nibwo Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwemeje ko bwakiriye amabaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Urupfu rw’umuturage warashwe agagahita apfa ruracyari urujijo
Ku mugoroba wo kuwa gatandatu taliki 27/3/2021 nibwo Twizerimana wari usanzwe ari umukozi ukoresha abandi (Kapita) mu ruganda rw’icyayi rwa Sorwathe (kapita) yarashwe na Polisi ahita apfa, yarasiwe mu karere ka Rulindo, Umurenge wa!-->…