NIGERIA:IMYAKA 10 ISHIZE AGURISHA IBICE BY’IMIBIRI Y’ABANTU.
Umugabo ukekwaho kugurisha ibice by'imibiri y'abantu muri Nijeriya yiyemereye ko yari amaze imyaka 10 abikora,!-->!-->!-->…
JUX, SOOLKING, REMA MU BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
JUX, REMA NA SOOLKING BARI MU BAHANZI BENSHI BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
Byari ku nshuro ya 17 ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Liverpool yegukanye EPL yandika andi mateka akomeye mu Bwongereza
Liverpool yanyagiye Tottenham Hotspurs ibitego 5-1 yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier!-->!-->!-->…
Brig.Gen Karangwa J.Paul yakuriye inzira ku murima abasaba u Rwanda gukuraho…
Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali, Brig Gen Jean Paul Karangwa, yatangaje ko u Rwanda rudashobora gukuraho!-->…
Bugesera: Iminsi 3 irihiritse nta gakuru k’abantu barohamye mu mazi…
Hari abaturage bo mu Karere ka Bugesera baratabariza abaturage batatu bari mu bwato bw'ibiti buherutse kurohama mu!-->…
IBISIGAZWA BY’URUTOZI RWA MBERE RWABAYEHO BYASANZWE MURI BRAZIL
Muri Brazil hagaragaye ibisigazwa by'urutozi rumaze imyaka miliyoni 113 rubayeho,bikekwa ko arirwo rwa mbere!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatse umugore we amafaranga ayamwimye aramutemagura arapfa
Umugabo witwa SAVAKURE Adenien uri mu kigero cy'imyaka 31 y'amavuko yaraye yishe umugore we amutemaguye!-->!-->!-->…
Abanyamakuru batangaza inkuru z’ibihuha bagiye guhagurikirwa
Abadepite mu inteko ishingamategeko mu Rwanda basabye RMC kwihangangiriza no guhagurukira ikibazo cya bamwe mu!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa!-->…
Rulindo: Ukuri ku mwana w’imyaka 9 wishe mugenzi we w’imyaka 3…
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Mata nibwo mu Karere ka Rulindo, umurenge wa Tumba, mu kagali ka!-->…
Huye: Ni iki Urukiko rwanzuye kuri Bigwi wahoze ari Gitifu wa Mugombwa?
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwanzuye ko Bwana Bigwi wahoze ari umunyabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Mugombwa!-->…
DRC na M23 bemeye guhagarika intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge!-->!-->!-->…
2024 YAHESHEJE MICHAEL JORDAN MILIYONI 300 Z’AMADORALI.
N'ubwo hashize ibinyacumi by'imyaka birenga 2 ahagaritse gukina Basketball, Michael Jordan aracyinjiza!-->!-->!-->…
GMT 2025 IRAGARAGARAMO AMAKIPE YO MU KARERE.
Irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 31 riragaragaramo namakipe yo hanze y'Urwanda.
Uyu munsi huhera saa kumi!-->!-->!-->!-->!-->…
NI IBIHE BIKOMEREZWA BIZITABIRA UMUHANGO WO GUHEREKEZA BWA NYUMA PAPA?
Benshi mu bayobozi bakomeye ku isi bategerejwe mu muhang wo guherekeza bwa nyuma Papa Fransisiko.
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…