Amakuru mashya kuri Vestine wo mu itsinda rya “Vestine&Dorcas”

1,945
kwibuka31

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana Vestine ubarizwa mu itsinda rya “Vestine&Dorcas” arimo mwene nyina yashyize hanze italiki y’ubukwe n’umusore yahaye umutima we bya burundu.

Uyu mukobwa uherutse gusezerana imbere y’amategeko y’u Rwanda n’umugabo we ukomoka mu gihugu cya Bourkinafaso witwa Idrissa Ouegraogo yashyize hanze ikizwi nka Save the date, ayikurikiza amagambo asize umunyu yavugaga ku mutware we, ati:”Ntabwo ari umugabo wanjye , ni mu rugo , ni umutima wanjye ni aho nturiza”.

Iyi save the date igaragaza ko ubukwe bwabo buzaba mu kwezi kwa karindwi taliki ya gatanu.

Comments are closed.