Amafoto y’umukobwa uri gusomana na se yavugishije benshi kuri murandasi.

13,325
Kwibuka30
Amafoto y’uno mukobwa yashyizee hanze ari gusomana na se yatumye benshi bamwibazaho cyane, ndetse bamwe batekereza kure

Ntabwo bimenyerewe ko umwana w’umujobwa yifata amashusho ari gusomana na se, bamwe babyita ko ari amahano, abandi bakavuga ko bishoboka ko uwakora ibyo yaba afitanye na se umubyara andi mabanga adasanzwe.

Umukobwa w’umunyamideli mu gihugu cya Kenya yashyize ku rukuta rwe rwa instagram amafoto ari mu bihe byiza na se benshi mu bamukurikirana kuri urwo rubuga bacika ururondogoro.

Munsi y’ayo mafoto yanditseho avuga ko ise ari umuntu udasnzwe kandi ko ariwe afata nk’icyitegerezo mu bagabo bose kuri iyi si. Asubiza bamwe mu bamubwiye ko bitari bikwiye, yavuze ko abantu badashobora kwiyumvisha umubanno uri hagati yabo bombi.

Kwibuka30

Nubwo yahise asibaho ayo mafoto, ntibyabujije ko abantu bakomeza kumwandikira, bamwe bamutuka abandi bamubwira ko atari akwiye kwifotozanya na se muri ubwo buryo.

Comments are closed.