• Likes
  • Followers
  • Subscribers
  • Friday, November 14, 2025

Indorerwamo Indorerwamo - Amakuru ku abana, urubyiruko, n'abagore mw'iterambere

Diego Limited
  • Ahabanza
  • Politike
  • Imikino
  • Imideri
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Umutekano
  • Mu Mahanga
  • IZINDI NKURU
    • Cyamunara
    • Inkuru z’urukundo
    • Ubuhinzi n’Ubworozi
    • Umuco
    • Ubukungu
    • Iterambere
    • Imideri
    • Imibereho myiza
    • Ubukungu
INDORERWAMO
  • Home
  • Ubwanditsi

Author

Ubwanditsi 6648 posts 0 comments

Ubuzima

Nyamasheke: Akurikiranyweho kuroha mugenzi we mu Kivu agapfa bapfa igikapu

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Twagirayezu Athanase w’imyaka 32 wapakiraga umucanga mu byombo ku Mugonero mu Murenge wa Mahembe, Akarere ka Nyamasheke afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo muri aka Karere, akekwaho kuroha mu kiyaga cya Kivu umusore witwaga…
Mu Mahanga

Sudan y’Epfo: Visi Perezida yambuwe amapeti anirukanwa n’abambari be babiri.

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye umwe mu ba visi perezida be, Benjamin Bol Mel, wari uzwi nk’ushobora kuzamusimbura. Kiir yamwambuye ipeti rya gisirikare anamukuraho mu rwego rw’umutekano w’igihugu. Perezida Salva…
Mu Mahanga

Amerika yatabarije abaturage ba Sudan bakomeje kwicwa na RSF

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yasabye ko hafatwa ingamba mpuzamahanga zo guhagarika itangwa ry’intwaro ku ngabo za Rapid Support Forces (RSF), ashinja iryo tsinda kuba nyirabayazana…
Mu Mahanga

Trump yanenze ubutabera bwa Isiraheli asaba Perezida guha imbabazi Benjamin Netanyahu

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Perezida wa Isiraheli Isaac Herzog yakiriye ibaruwa yaturutse kuri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, imusaba "kubabarira byuzuye” Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu. Netanyahu amaze imyaka itanu aburana ku…
Izindi nkuru

Abanya-Kenya barenga 200 biyandikishije mu gisirikare cy’u Burusiya.

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Guverinoma ya Kenya yatangaje ko abanya Kenya barenga 200 binjiye baninjizwa mu gisirikare cy'Uburusiya. Minisitiri w'intebe mu gihugu cya Kenya Bwana MUSALIA MUDAVADI yavuze ko abaturage b'igihugu cye cya Kenya ndetse na Leta bose…
Ubuzima

Umunyamuryango wa RPF Inkotanyi yahamijwe ibyaha bya Genocide

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Urukiko rw'ibanze rwa Kiyumba mu Rwanda rwakatiye Germain Musonera gufungwa imyaka 20 rumuhamije ubufatanyacyaha muri jenoside no kwishyura indishyi y'amafaranga miliyoni 50 ku muryango w'abarokotse wa IBUKA. Musonera yaburanye ahakana…
Izindi nkuru

Byiringiro yasezerewe mu myitozo y’ikipe y’igihugu AMAVUBI

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Byringiro Jean Gilbert, myugariro w'ikipe ya APR FC wari aherutse guhamagarwa n'itsinda ry'abatoza b'ikipe y'igihugu Amavubi ngo ajye mu mwiherero n'abandi yasezerewe adakoze umwitozo n'umwe. Ikipe y'umupira w'amaguru y'u Rwanda AMAVUBI…
Imikino

Ibihugu byo mu bwami bw’Ubwongereza bizakira Euro ya 2028

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane wa Burayi yamaze kwemeza ko imikino y'amakipe y'ibihugu ku mugabane wa Burayi EURO izabera mu bwami bw'Ubwongereza na Ireland. Ishyirahamwe UEFA ribumbiye hamwe andi mashyirahamwe…
Imyidagaduro

Igitaramo “Icyambu” cya Israel MBONYI kigiye kuba ku nshuro ya kane

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Umuramyi akaba n'umuhanzi mu ndirimbo ziririmbirwa Imana Bwana Israel Mbonyi yateguje abakunzi be batari bake, igitaramo yakunze kwita "Icyambu" ku nshuro yacyo ya kane. Israel Mbonyi, umuramyi byahamye, ukunzwe mu Rwanda ndetse no…
Uncategorized

Batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za esanse batawe muri yombi

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za esense zitandukanye mu gihugu amafaranga arenga miliyoni 17. Aba bafashwe nyuma y'uko RIB yakiriye ibirego bitandukanye kuva muri izi sitasiyo aho…
Politike

Tanzaniya: Dr. Mwigulu Nchemba wayoboraga minisiteri y’imali yagizwe minisitiri w’intebe

Ubwanditsi Nov 13, 2025
Perezida Samiya Suluhu wa Tanzaniya yagize Minisitiri w'intebe Dr Mwigulu Nchemba wari usanzwe ari minisitiri w'imari muri icyo gihugu. Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Dr Mwigulu Nchemba nka Minisitiri w’Intebe mushya muri…
Ubuzima

Abanyamaguru bibukijwe ko nabo bari mu bagomba gufata iya mbere mu kwirinda impanuka

Ubwanditsi Nov 12, 2025
Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent Sano, yasabye abagenzi bakoresha umuhanda kwambuka nk’abafite intego, kandi bakabikorera ahabugenewe, mu rwego rwo kwirinda impanuka. Ni ingingo…
Mu Mahanga

Ukraine: Minisitiri w’ubutabera yirukanywe azira ruswa

Ubwanditsi Nov 12, 2025
Leta ya Ukraine yahagaritse Minisitiri w’Ubutabera German Galushchenko kubera gukekwaho ruswa rijyanye n’ikigo cya leta gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Energoatom, ubwo yari Minisitiri w’Ingufu muri icyo gihugu. Minisitiri w’Intebe…
Ubuzima

Muhanga: Abatuye hafi y’icyanya cy’inganda bahisemo kwibanira n’Amatungo kugirango bayarindire  …

Ubwanditsi Nov 12, 2025
Abaturage batuye hafi y’icyanya cy’inganda cy’Akarere ka Muhanga, giherereye mu Mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, baravuga ko babangamiwe n’ubujura bw’amatungo yabo bavuga ko buterwa n’urusaku rukabije…
Ubuzima

Kamonyi: Abakoresha umuhanda basabwe kugira uruhare mu kurwanya impanuka.

Ubwanditsi Nov 12, 2025
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uruhare rw’abashoferi n’abaturage mu kurwanya impanuka, mu bukangurambaga bwa "Turindane, Tugereyo Amahoro" bwakomereje mu mu Ntara ya Majyepfo mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025. Iki…
Older Posts

Recent Posts

Ubuzima

Gabon: Sylvia Bongo yahamijwe ibyaha ahanishwa igifungo cy’imyaka 20

Ubwanditsi Nov 12, 2025

’Mwarimu’ Clement wamenyekanye mu kwigisha gutwara imodoka yiyahuriye…

Nov 11, 2025

Havumbuwe ubwoko bushya bw’inzuki zitwa “Lusuferi”

Nov 11, 2025

Ireland: Catherine Connolly w’imyaka 68 yatorewe kuyobora…

Nov 11, 2025

Pakistan: Abantu 12 bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi

Nov 11, 2025

Mali: Mariam wakoraga utu video kuri tiktok dushyigikira ingabo za…

Nov 11, 2025

Perezida Kagame ari muri Guinea mu rugendo rw’akazi…

Nov 11, 2025

MONUSCO ‘yacyuye’ mu Rwanda bamwe mu barwanyi ba FDLR…

Nov 11, 2025

Trump yahaye BBC iminsi 3 ikaba yakosoye inkuru imusebya, bitaba ibyo…

Nov 11, 2025

DRC: Maj Gen Tshibangu wagambiriye gusenya umutwe wa M23 yatawe muri…

Nov 11, 2025
Prev Next 1 of 755
Services Offered
  • Web design
  • Graphic design
  • Photography
  • Wedding video shooting
  • Video clip
  • Banner printing
  • Advertising
  • Events coverage
To advertise with us
  • Tel: (+250) 788540937
  •         (+250) 728 30 4055

 

  • E-amil: info@indorerwamo.com
© 2025 - INDORERWAMO. All Rights Reserved.
Indorerwamo Media Limited
Sign in

Welcome, Login to your account.

Forget password?

Sign in with Google

Powered by wp-glogin.com

Sign in

Recover your password.

A password will be e-mailed to you.