“Liverpool si ikipe gusa, ni urukundo,…” Amarangamutima ya Salah wasezeye…
Mohamed Salah wari umaze imyaka icyenda ari rutahizamu ngenderwaho muri Liverpool, yatangaje ko azatandukana na yo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 24 Werurwe 2026, ni bwo uyu mukinnyi yifashishije!-->!-->!-->…