Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta

Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana w’umuhungu. Meddy abinyujije ku rubuga rwa Instagram yagaragaje ko uyu mwana bamwise Zayn M Ngabo. Avuga