Perezida wa FERWAFA yemereye AL Merreick FC yo muri Sudan gukina champiyona y’u Rwanda
Perezida w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA Bwana SHEMA Fabrice, biravugwa ko kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Ukwakira yaba yamaze gushyira umukono ku masezerano yemerera ikipe ya AL Merreick gukina chapiyona y'u!-->!-->!-->…