Bwana James ashobora gukatirwa igifungo k’imyaka 25 nyuma yo gukorakoza intoki mu bitsina by’abana b’abakobwa.

9,670
Kwibuka30

James IRENE JAMES w’imyaka yashykirijwe urukiko nyuma yo gushinjwa gukoza intoki mu bitsina by’abana.

Umusore w’imyaka 36 y’amavuko wo mu gihugu cya Tanzaniya witwa IRENE JAMES yashyikirijwe inkiko kuri uyu wa gatanu taliki ya 31 Nyakanga 2020 nyuma gushinjwa gukorakoza intoki mu bitsina by’abana bato b’abakobwa bari hagati y’imyaka 4 n’i 7.

Kwibuka30

Uno musore biravugwa ko bino byaha yabikoze mu bihe bitandukanye hagati y’ukwezi kwa Mutarama na Nyakanga uno mwaka akabikorera abana bo mu ngo z’abaturanyi be mu gace kitwa Kenyenye mu gihugu cya Tanzaniya aho asanzwe atuye n’ubusanzwe.

Nk’uko amategeko abiteganya mu gihugu cya Tanzaniya, Bwana James aramutse ahamwe n’icyo cyaha, ashobora gukatirwa igifungo kitari hasi y’imyaka 25 ariko na none kitarengeje imyaka 30.

This image has an empty alt attribute; its file name is 116366635_287357515881563_5495242165227858080_n%2B%25282%2529.jpg
Leave A Reply

Your email address will not be published.