Browsing Category
Imikino
Basketball: APR yatsinze Patriots ishimangira gusoza igice cya 1 iyoboye
Bigoranye cyane, APR BBC yatsinze Patriots amanota 68-67 ishimangira kuzasoza imikino ibanza ya Shampiyona yicaye ku mwanya wa mbere.
Uyu mukino w’ishiraniro wabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 16 Werurwe 2025, muri Petit!-->!-->!-->…
Mukura VS&L yatsinze Gorilla FC mu mukino wamaze iminsi ibiri
Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yanyagiye Gorilla FC nyuma y'aho uwo mukino utari warangiye kubera ikibazo cy'imvura nyinshi yaguye ejo ku cyumweru i Huye.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Werurwe 2024 championnat y'umupira!-->!-->!-->…
Rayon Sport yaraye itaye abiri bituma APR FC yatsinze Police FC iyihumekera mu bitugu
Kuri iki Cyumweru, kuri Kigali Pelé Stadium habereye imikino ibiri isoza umunsi wa 19 wa shampiyona, aho APR FC yahatsindiye Police FC 3-1, Rayon Sports ikahanganyiriza na Gasogi United 0-0.
Yari imikino ibiri ifite icyo ivuze kuri!-->!-->!-->…
Itsinda ry’Abatoza bashya b’Amavubi bamenyekanye
Umunya-Algeria Adel Amrouche yagizwe Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’. Asimbuye Umudage Torsten Spittler.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA),!-->!-->!-->…
Fabien Doubey yegukanye Tour du Rwanda 2025
Umufaransa Fabien Doubey ukinira TotalEnergies wari ufite umwanya wa mbere ni we wegukanye Tour du Rwanda 2025 nyuma y’aho Agace ka Karindwi kabaye imfabusa kubera Imvura nyinshi yatumye imihanda inyerera.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 2!-->!-->!-->…
Basketball: U Rwanda rwabonye itike y’igikombe cya Afurika cya 2025
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagabo mu mukino wa Basketball yabonye itike yo gukina igikombe cya Afurika cya 2025 nyuma yo gutsinda Gabon amanota 81-71.
U Rwanda rwagiye gukina uyu mukino rusabwa gutsinda kugira ngo rubone itike!-->!-->!-->!-->!-->…
MUKURA VSL ikoreye umuti Gikundiro
Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yari imeze nk'iyariye amavubi itsindiye ikipe ya APR i Huye, bituma Rayon Sport ihumeka.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda RPL yakomeje mu mpera z'iki cyumweru, imwe mu mikino yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umubiligi Aldo Taillieu yegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2025
Umubiligi Aldo Taillieu ukinira Lotto Development ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2025, nyuma yo gukoresha iminota itatu n’amasegonda 48 ku ntera y’ibilometero ku ntera y’ibilometero 3,4 byatangiriye kuri BK Arena!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yatangije Tour du Rwanda 2025
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Perezida wa UCI David Lappartient, batangije ku mugaragaro isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu Tour du Rwanda 2025.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Gashyantare 2025, ni bwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonse Davis yafashije Bayern Munich kugera muri 1/8 cya Champions league
Igitego cyo ku munota wa nyuma cya Alphonse Davis yafashije Bayern Munich yo mu Budage kunganya na Celtic yo muri Écosse, ibona itike ya ⅛ cya UEFA Champions League.
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025, ni bwo!-->!-->!-->…
Marcelo wabiciye muri ruhago bigakunda bigacika yamanitse inkweto ku myaka 36
Umunya-Brasil, Marcelo Vieira da Silva Júnior wamenyekanye nka ‘Marcelo’, wegukanye ibikombe bitanu bya UEFA Champions League ari muri Real Madrid, yamaze gusezera kuri ruhago afite imyaka 36.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane,!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yongeye kwitwara neza mu irushanwa rihuza inzego z’umutekano ku Isi
Ikipe ya mbere ya Polisi y’u Rwanda (RNP SWAT Team 1) yitabiriye irushanwa ryahuzaga ibihugu 70 byo hirya no hino ku isi, i Dubai muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu (UAE), yongeye kwitwara neza yegukana umwanya wa mbere mu gace ko!-->!-->!-->…
APR FC yambuye POLICE FC igikombe cy’Ubutwari muri Derby y’ibiturika
Ikipe ya APR FC imaze kwegukana igikombe cy'Ubutwari nyuma gutsinda ikipe ya Police FC ku mukino wa nyuma.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 gashyantare 2025 ku kibuga mpuzamahanga cya KPS Kigali Pele Stadium habereye umukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
CAN2025: Hari ibihangange bya Afrika byisanze mu itsinda rimwe.
Tombola y’uburyo amakipe azaba agabanyije mu matsinda y’Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Morocco mu mpera z’uyu mwaka, yasize Cote D’Ivoire ifite igikombe giheruka cya 2023 iri kumwe na Cameroon.
Iyi tombola igaragaza uko!-->!-->!-->…
FERWAFA ihisemo gutandukana n’uwari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Frank Trosten
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze kwanzura ko ritazongera amasezerano uwari umutoza w'ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru AMAVUBI Bwana Frank Trosten, umutoza wari umaze umwaka atoza.
Mu itangazo FERWAFA ivuga!-->!-->!-->…