Browsing Category
Imikino
Abafana ba Rayon Sport bakumiriwe ku kibuga kugeza championnat irangiye.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko abafana ba Rayon Sport batemerewe kwinjira muri Stade aho ikipe yabo izaba iri gukina kugeza ino championnat irangiye.
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi mwanzuro wa FERWAFA utanyuze abakunzi ba Rayon Sport
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ritanze umucyo n'umwanzuro ku mukino wahuje Rayon Sport FC na Bugesera FC bikarangira uwo mukino utarangiye.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatandatu bamwe mu bafana bateje imvururu ku!-->!-->!-->!-->!-->…
“Muve mu kibuga, muve mu kibuga”: Niyo yari intero y’abafana ba Murera mu Bugesera
Imbaga y'abakunzi b'ikipe ya Rayon Sports bari bitabiriye umupira wayihuzaga na Bugesera FC yatije umurindi abakinnyi bayo bituma bahitamo kwikura mu kibuga umukino utarangiye nyuma yo kuvuga ko bibwe.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 17!-->!-->!-->…
FERWAFA iteye utwatsi icyifuzo cya Rayon Sports iyisaba ahubwo gutuza
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutera utwatsi icyifuzo ikipe ya Rayon Sport yari yayigejejeho mu gitondo cyo kuri uyj wa gatanu, ahubwo iyisaba gutuza muri ino mikino isigaye.
Mu ibaruwa yashyizweho umukono!-->!-->!-->…
Rayon Sports mu cyoba cyinshi cyo gukomeza kuyobora Championnat
Mu gihe cyampionnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda isigaje iminsi mike ngo isozwe, ikipe ya Rayon Sport iyoboye by'agateganyo itewe ubwoba n'abasifuzi bashobora gutuma itarangiza ari iya mbere.
Mu gisa nko gutanga ubwega, ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwo Rayon iherutse kwirukana amaze gutanga ikirego cye muri FERWAFA
Umunya Brazil akaba n'Umutoza Bwana Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wamenyekanye nka ‘Robertinho’ uherutse kwirukanwa n'ikipe ya Rayon sport FC kubera umusaruro nkene n'uburwayi butamwerera gukomeza gutoza, kuri ubu biravugwa ko!-->!-->!-->…
PSG itsinze Arsenal ikatisha itike y’umukino wa nyuma wa UCL
Nyuma y'umukino w'injyanamuntu wabaye ku munsi w'ejo uhuza ikipe ya Barcelone yo muri Espagne na Inter de Milan de Milan yo mu Butaliyani, bikarangira Inter de Milan itsinze Barca, ibyayihesheje amahirwe yo gukina final y'igikombe cya!-->!-->!-->…
AS Muhanga na Gicumbi FC zagarutse mu cyiciro cya mbere
Kuri uyu wa Gatatu, hasojwe shampiyona y’icyiciro cya kabiri 2024-2025, hakinwa imikino y’umunsi wa gatandatu wa kamarampaka wasize AS Muhanga igarutse mu cyiciro cya mbere itsinze La Jeunesse 2-1 mu gihe Gicumbi FC yatsinze Etoile de!-->!-->!-->…
Mu mukino wasukuye amaso y’abakunzi ba ruhago, Inter yasezereye Barca igera kuri final ya UCL
Mu mukino waryoheye amaso y'abakunzi ba Ruhago, waraye ubaye kuri uyu wa wa 6 Gicurasi 2025, ikipe ya Inter yasezereye bigoranye ikipe ya FC Barcelona muri 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions League iyitsinze 4-3 mu mukino wo kwishyura.!-->!-->!-->…
Rutsiro FC ihuye n’igikuta cy’amategeko igarura mu kazi abo yaherukaga guhagarika
Nyuma y'iminsi itagera no cyumweru kimwe Ikipe ya Rutsiro FC itangaje ko ihagaritse umutoza wayo Bwana Gatera Moussa n'umuyenzamu Monzombo Arnold bashinjwa kugira uruhare mu bitego bitanu ikipe ya APR FC iherutse kubanyagira, kuri ubu!-->…
Rayon Sport FC na APR FC zigiye kwishakamo izatwara icy’Amahoro
Nyuma y'aho APR FC isezereye Police FC, Rayon Sport nayo igakuramo Mukura VSL, aya yombi agiye kwishakamo imwe izatwara igikombe cy'Amahoro.
Kuri uyu wa gatatu nibwo hari hateganijwe imikino yo kwishyura mu gikombe cy'Amahoro,!-->!-->!-->!-->!-->…
PSG yaraye itsinze Arsenal mu mukino wa mbere wa UCL
Ikipe ya Paris Saint Germain yo gihugu cy'Ubufaransa yaraye itsinze Arsenal yo mu Bwongereza igitego 1-0 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League.
Uyu mukino wabaye mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 29 Mata 2025, kuri Emirates!-->!-->!-->…
Liverpool yegukanye EPL yandika andi mateka akomeye mu Bwongereza
Liverpool yanyagiye Tottenham Hotspurs ibitego 5-1 yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya 20.
Ni mu mukino w’Umunsi wa 34 Shampiyona y’u Bwongereza wabaye ku Cyumweru, tariki 27 Mata 2025 kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
GMT 2025 IRAGARAGARAMO AMAKIPE YO MU KARERE.
Irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 31 riragaragaramo namakipe yo hanze y'Urwanda.
Uyu munsi huhera saa kumi n'ebyiri z'umugoroba, haratangira irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31, muri!-->!-->!-->!-->!-->…
AMAVUBI agiye guhangana n’umwarabu mu wa gicuti.
Ikipe y'igihugu Amavubi arateganya umukino wa gicuti n'ikipe ya Algeriya mu kwezi kwa gatandatu.
Ibi byatangajwe n’ikipe y’Igihugu ya Algeria ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025.
!-->!-->!-->!-->!-->…