Browsing Category
Imikino
Cedrick Hamisi uherutse gutandukana na Kiyovu Sport, yabonye indi kipe.
Umukinnyi Cedrick Hamis wahoze akinira ikipe ya Kiyovu sports nyuma impande zombi zikemeranya gutandukana, biravugwa ko uyu mukinnyi yaba amaze kubona indi kipe mu gihugu cy'u Burundi.
Nyuma y'aho bwana Cedrick Hamis atandukanye n'ikipe!-->!-->!-->…
FERWAFA yagize icyo ivuga ku gitego cya APR FC cyanzwe n’umusifuzi wo ku ruhande
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse imikino ine Umusifuzi wo ku ruhande, Jabo Aristote, wanze igitego cya APR FC mu minota ya nyuma y’umukino yanganyijemo na Al-Merrikh SC ubusa ku busa ku Cyumweru, tariki ya!-->…
AFCON25#: Ikipe ya Maroc yatangiranye intsinzi mu gikombe cya Africa.
Ikipe y’Igihugu ya Maroc yatangiye neza Igikombe cya Afurika cya 2025 (CAN), itsinda iya Comoros ibitego 2-0 imbere y’imbaga y’abafana bayo mu mukino ufungura irushanwa.
Ni umukino wabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 21!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports iri hasi, abakinnyi baraciriritse- Umuvugizi wayo Gakwaya Olivier
Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yagaragaje ko iyi kipe iri ku rwego rwo hasi by’umwihariko kubera abakinnyi bayo “baciriritse”, bityo biri gutwara imbaraga nyinshi mu kongeramo abandi.
Rayon Sports ni imwe mu makipe!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yahagaritse gukoresha Vuvuzela muri CAN 2025
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yahagaritse gukoreshaVuvuzela mu Gikombe cya Afurika kizatangira ku wa tariki ya 21 Ukuboza kugeza ku ya 18 Mutarama 2026 muri Maroc.
Ni icyemezo cyafashwe mu gihe habura!-->!-->!-->!-->!-->…
Al-Hilal ikomeje kwibasira amakipe y’u Rwanda, iyaraye itahiwe ni Bugesera
Ikipe ya Al-Hilal yo mu gihugu cya Sudan itsinze ikipe ya Bugesera FC ibitego 3-1 ikomeza kwigira imbere ku rutonde rwa shampiyona.
Wari umukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda wa bereye kuri Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
UCL: Liverpool Liverpool na Barça zitwaye neza, Chelsea yongera gutsindwa
Liverpool yatsinze Inter Milan igitego 1-0, FC Barcelona itsinda Eintracht Frankfurt ibitego 2-1 naho Chelsea itsindwa na Atalanta ibitego 2-1 mu mikino y’Umunsi wa Gatandatu wa UEFA Champions League.
Iyi mikino yabaye mu ijoro ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yishimiye intsinzi Arsenal imbere ya Bayern Muchen
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Arsenal FC yatsinze Bayern Munich 3-1 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa UEFA Champions League wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025
Umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzego zose za Rayon Sport zasheshwe, Abdallah ahabwa kuyobora inzibacyuho.
Urwego rw’lgihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwahagaritse inzego zose zari ziyoboye Umuryango wa Rayon Sports, rushyiraho Murenzi Abdallah nk’Umuyobozi w’inzibacyuho w’uyu muryango nkuko byagenze mu 2020.
Ku wa Kabiri tariki 25!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barelone yahabwaga amahirwe yanyagiriwe mu Bwongereza.
Ikipe ya FC Barcelona yahabwaga amahirwe, yaraye ikubiswe izakabwana n'ikipe ya Chelsea yayinyagiye ibitego bitatu byose ku busa.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ugushyingo 2025, ni bwo ku bibuga byo mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Haraye hamenyekanye umukinnyi w’umunya-Afrika wahize abandi muri ruhago
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ya Maroc na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Achraf Hakimi, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza w’Umunyafurika mu mwaka wa 2025.
Ni mu bihembo byatanzwe n’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yishyuye Robertinho
Rayon Sports yari yarategetswe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) kwishyura umutoza Robertinho ibihumbi 22,5$, kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko yamaze kuyamwishyura.
Umutoza Robertinho wahagaritswe na Rayon Sports!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Nigeria arashinja DRC gukoresha amarozi mu mukino waraye ubahuje
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru ya Nigeria Super Eagles Bwana M. Éric Sékou Chelle yavuze ko ikipe y'umupira w'amaguru ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo le Léopards itari ifite ubushobozi bwo gutsinda ikipe atoza ya Super!-->!-->!-->…
“Léopards” ya DRC irahagararira Afrika muri kamarampaka yo gushaka itike mu gikombe…
Nyuma yo gutsinda ibihangange bibiri bya Afrika, ikipe y'umupira w'amaguru ya DRC niyo igiye guhagararira umugabane wa Afrika muri kamarampaka yo gushaka itike yo kwitabira igikombe cy'isi cy'ibihugu.
Ikipe y'igihugu ya Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu byo mu bwami bw’Ubwongereza bizakira Euro ya 2028
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane wa Burayi yamaze kwemeza ko imikino y'amakipe y'ibihugu ku mugabane wa Burayi EURO izabera mu bwami bw'Ubwongereza na Ireland.
Ishyirahamwe UEFA ribumbiye hamwe andi mashyirahamwe!-->!-->!-->!-->!-->…