Browsing Category
Imikino
Killian Mbappé yahawe umwambaro mushya muri Real Madrid.
Ikipe ya Real Madrid yahaye umwambaro mushya wari usanzwe wambarwa na Luka Modrich mbere y'uko uyu mugabo ava muri iyi kipe, uwo mwambaro ni nimero 10, ikintu cyamwongereye icyizere muri iyo kipe y'ibigwi ku rwego mpuzamahanga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Muhire Kevin, undi mukinnyi yareze ikipe ya Rayon Sport
Myugariro wa Rayon Sport Bwana Omar Gning yamaze kugeza ikirego cye ku ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA aho uyu mukinnyi arega ikipe yahoze akinira ariyo Rayon Sport ko yanze kumurekura ngo ajye kwishakira indi kipe!-->!-->!-->…
Lamine Yamal becomes Barcelona’s new number 10
Lamine Yamal has officially been handed Barcelona’s iconic No. 10 jersey, stepping into the footsteps of club legends like Lionel Messi, Ronaldinho, and Maradona
The 18-year-old prodigy received the shirt during a private ceremony!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William Togui aho byitezwe ko ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
Uyu mukinnyi yavutse tariki ya 7 Kanama mu 1996, avukira mu gace kitwa Lakota!-->!-->!-->…
Shampiyona y’abatarengeje 20 yashojwe
Ikipe y’Ingimbi ya Marines FC y’abatarengeje imyaka 20 n’iy’abangavu Police WFC batarengeje iyo myaka, zegukanye igikombe cya shampiyona y’abato batarengeje imyaka 20.
Muri Mutarama uyu mwaka, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Ninde wigizaga nkana hagati ya APR BBC na Patriots BBC?
Nyuma yo kunanirana mu mikino ine ishize, birangiye ikipe ya APR BBC ariyo ibashije kugera ku mukino wa nyuma aho imaze gusezerera ikipe ya Patriots BBC mu mukino wa kamarampaka.
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Kamena 2025 nibwo!-->!-->!-->…
Bugesera: 20km de Bugesera ishobora gushyirwa ku rundi rwego
Irushanwa rizwi nka 20Km de Bugesera Race to restore ryabaye ku nshuro ya karindwi rishobora gushyirwa ku rundi rwego rikaba ryakwitabirwa ku rwego mpuzamahanga.
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Kamena 2025, nibwo mu Karere ka Bugesera!-->!-->!-->…
Hongewemo andi maraso muri Rayon sport, Serumogo yongera amasezerano
Ikipe ya Rayon Sport ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yasinyishije kuri uyu wa gatandatu abakinyi babiri bashya, inongera amasezerano Bwana Ally Serumogo.
Gikundiro niko benshi bakunze kuyita kubera umubare utari muto w'abanyarwanda!-->!-->!-->…
Muhire Kevin yerekeje mu yindi kipe asiga Rayon mu kangaratete
Bwana Muhire Kevin wari kapiteni wa Rayon sport, yateye iyo kipe umugongo yerekeza muri Sudan y'Epfo mu ikipe ya Jamusi SC.
Ikipe ya Jamus SC yo mu gihugu cya Sudan y'Epfo yemeje ko imaze kugura uwari kizigenza wa Rayon Sport Bwana!-->!-->!-->…
Ibintu byongeye biradogera muri Rayon Sport
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon irangije saison nta gikombe na kimwe itwaye, ibintu bikomeje kuba bibi, amwe mu mabanga yatumye ikipe ititwara neza atangiye kujya hanze.
Nyuma yo kubura igikombe cya championnat mu minsi ya nyuma, ubu muri!-->!-->!-->…
IBYAHINDUTSE KU BURYO BUSHYA IGIKOMBE CY’ISI CY’AMA CLUB KIZAKINWAMO.
NI IKI UKWIRIYE KUMENYA KU IRUSHANWA RY'IGIKOMBE CY'ISI CY'AMA CLUB KIGIYE GUKINWA MU ISURA NSHYA?
Ni ku nshuro ya mbere iki gikombe kigiye gukinwa mu buryo bushya butari bumenyerewe. Imikino yose y'iki gikombe yitabiriwe n'amakipe!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL 2025: APR BBC yaraye itsinze Rivers Hoopers igera muri ½ ku nshuro ya mbere (Amafoto)
APR BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma y’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 igera muri ½ ku nshuro ya mbere mu mateka.
Uyu mukino wa ¼ wabaye kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Ikipe ya Algeriya y’abatabanzamo yatsinze Amavubi
Ikipe y’Igihugu ya Algéria yari yiganjemo abatabanza mu kibuga yatsinze iy’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino wa kabiri wa gicuti wahuje ibihugu byombi wabaye ku mugoroba wo Ku wa Mbere tariki ya 9 Kamena 2025, Kuri stade ya Mustapha!-->!-->!-->…
TRANFER KURI ZUBIMENDI, SESKO , GYOKERES NA CHERKI ZIHANZWE AMASO MURI IKI CYUMWERU.
Abarimo Martin Zubimendi, Ryan Cherki, Victor Gyokeres na Benjamin Sesko bari mu bashobora kumenya ahazaza habo muri iki cyumweru.
Mu minsi itambutse, hakomeje kuvugwa amakipe atandukanye yifuzaga aba bakinnyi bamaze igihe bahagaze!-->!-->!-->!-->!-->…
DAVID BECKAM ATEGEREJE IRINDI ZINA RY’ICYUBAHIRO AZAHABWA N’UMWAMI W’UBWONGEREZA.
UMUNYABIGWI DAVID BECKAM AZASOZA UKWA 6 ASHIMIWE IBIKORWA YAKOREYE MU BWONGEREZA.
Buri mwaka umwami Charles III w'Ubwongereza, afata kimwe mu byumweru bine bigize ukwezi kwa gatandatu, akizihizamo isabukuru y'amavuko, n'ubwo itariki!-->!-->!-->!-->!-->…