Browsing Category
Imikino
“Rayon Sport nabonye si ikipe yatwara igikombe” KNC wa Gasogi Utd
Bwana Kakuza Nkuriza Charles uzwi nka KNC arasanga ikipe ya Rayon Sport itari ikipe yatwara igikombe agereranije n'uko yayibonye ikina n'ikipe ya Gasogi Utd.
Kuri iki cyumweru taliki ya 5 Ukwakira 2026, championnat y'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Bafana Bafana yashyize hanze 23 bagomba guhangana n’Amavubi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Hugo Broos, yemeje urutonde ntakuka rw’abakinnyi 23 azifashisha ku mikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Bafana Bafana izahuramo na Zimbabwe ndetse n’u Rwanda.
Iyi mikino!-->!-->!-->…
Amavubi yahamagaye abakinnyi 23 azifashisha kuri Benin na Afurika y’Epfo
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi, Adel Amrouche, yahamagaye urutonde rw’abakinnyi 23 azakoresha mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 ku mukino u Rwanda ruzahuramo na Benin na Afurika y’Epfo muri uku kwezi.
Ku!-->!-->!-->…
Ikipe ya Pyramids FC izakina na APR FC yageze i Kigali
Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri izacakirana na APR FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League ya 2025 yageze i Kigali.
Iyi kipe yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigaki kiri i Kanombe mu ijoro ryo kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali Yanditse Amateka: Pogačar Atsinda – Afurika yinjira Mu Mateka Ya UCI 2025
Ku nshuro ya mbere mu mateka ya shampiyona y’Isi y’Amagare, u Rwanda rwakiriye iri rushanwa rikomeye bwa mbere ku mugabane w’Afurika kuva ku Cyumweru tariki 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. Iri siganwa ryari ririmo amarushanwa!-->!-->!-->…
Umunya-Slovenia Tadej Pogačar niwe wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025.
Umunya-Slovenie, Tadej Pogačar, w’imyaka 27 yongeye kwandika amateka akomeye mu mukino w’amagare nyuma yo kwegukana umudali wa Zahabu mu isiganwa ry’abagabo mu muhanda (Men’s Elite Road Race) rya Shampiyona y’Isi 2025, ryasozwe kuri!-->!-->!-->…
“Nta mukinnyi dufite nka Neymar”: Ronaldo yasabye ko Neymar ahamagarwa mu ikipe…
Ronaldo Luís Nazário de Lima wabiciye bigacika muri ruhago y'isi no muri Brazil, yasabye umutoza w'ikipe nkuru y'umupira w'amaguru mu gihugu cye cya Brazil kongera agahamagara Neymar muri iyo kipe kuko ku bwe asanga uwo mugabo agifite!-->…
Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu ngimbi, Ntirenganya asoza Isiganwa
Umwongereza, Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu gusiganwa mu muhanda (Road Race) mu bahungu bari munsi y’imyaka 19 (Men Junior) nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 55 n’amasegonda 19.
Kuri uyu wa Gatanu, taliki ya 26!-->!-->!-->!-->!-->…
Général Patrick Nyamvumba yibukije Rayon Sports ko ari ikipe ikomeye bityo igomba rutsinda Singida
Général Patrick Nyamvumba yasuye Rayon Sports iri kubarizwa muri Tanzania aho yagiye gukina na Singida Black Stars FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2025 kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025.
!-->!-->!-->!-->…
#Amagare: David Lappartient yatorewe kuyobora UCI kugeza mu 2029.
Amatora ya Perezida wa UCI yabereye mu Nama ya 194 ya UCI yabereye muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025.
Ni inama yabaye mu gihe Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yitabiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…
#Amagare: Ubufaransa bwongeye kwigaragaza binyuze kuri Gery Celia.
Mu irushanwa ryitabiriwe n’abakobwa bakomoka imihanda yose ku isi, Umufaransakazi Gery Celia yigaranzuye bagenzi be, yegukana isiganwa ryo mu muhanda ‘Road Race’ mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y’isi y’Amagare iri!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasubije abumvaga ko U Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye
Perezida Paul Kagame, yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa bikomeye nka Shampiyona y’Isi y’Amagare bafite imyumvire itakigezweho.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, ubwo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki ya Kigali yahembye 3 ba mbere batsinze irushanwa ry’isi ry’amagare mu ngimbi
Umuyobozi wa Banki ya Kigali yatanze ibihembo by’abakinnyi batatu ba mbere muri Shampiyona y’isi y’amagare, icyiciro cy’abagabo mu gusiganwa n’igihe.
Ibihembo Dr. Diane Karusisi yabishyikirije abatsinze mu batarengeje imyaka cumi!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda y’Abangavu U20 yerekeje muri Nigeria
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 (U20) yerekeje muri Nigeria gukina umukino wo kwishyura mu ijonjora rya kabiri mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya!-->!-->!-->…
Perezida wa Tanzaniya Samia yashimiye Singida ku bwo gutsinda Rayon Sport
Perezida wa Tanzania, Dr.Samia Suluhu Hassan yahaye ikipe ya Singida Black Stars FC asaga Miliyoni 2 z’Amanyarwanda kubera ko yatsinze Rayon Sports mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup ya 2025.
Kuri uyu wa Kabiri nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…