Browsing Category
Imikino
FIFA yateye utwatsi ikirego cy’umutoza Adil waregaga APR FC
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije n’amategeko
Icyemezo cyafashwe n’Akanama gashinzwe Uburenganzira!-->!-->!-->!-->!-->…
Peace Cup: Rayon Sport ikubitiye Mukura mu rugo Kiyovu inganya na APR FC
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2023, kuri sitade ya Bugesera ikipe APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2023.
Ni umukino watangiye ukinirwa hagati ku makipe yombi ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yasabye imbabazi ubuyobozi bwa PSG
Rutahizamu wikipe y'igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yasabye imbabazi bagenzi be nyuma y’uko ataye akazi akajya muri Arabie Saoudite adasabye uruhushya ikipe ye ya Paris Saint-Germain.
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo hasakaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muyange FC y’umuvuzi gakondo Salongo yatwaye igikombe nyuma yo gutsinda Cyeru FC
Ikipe yitwa Muyange FC ya Bwana Salongo uzwi cyane mu buvuzi gakondo yatwaye igikombe cyayo cya mbere nyuma y'uko itsinze Cyeru FC mu mukino wanogeye abatari bake.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ku isaha!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yohereje intumwa kugenzura ko Stade ya Huye yujuje ibikwiye mbere y’uko yakira Mozambique
Intumwa za CAF zamaze kugera i Huye kureba no kugenzura niba icyo kibuga cyujuje ibisabwa byose kugira ngo ibe yakwemera kwakira umukino wa Mozambique.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 4 Gicurasi 2023 intumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport FC isezereye Police FC yari yijejwe ibirenze iramutse itsinze uyu mukino
Ikipe ya Rayon sport FC isezereye ikipe ya Police FC bituma ikomeza mu cyiciro cya nyuma cy'igikombe cy'amahoro yari yarikuyemo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ikipe ya Rayon Sport yagombaga kwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Gasogi Utd KNC yavuze ko hari abakinnyi be bagambaniye ikipe
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd yarakaye avuga ko hari abakinnyi agiye kwirukana mu ikipe ye kubera ko bagambaniye ikipe bakemera kwakira amaranga y'abakeba nabo bemera kugambanira ikipe bakitsindisha.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 2!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda runyagiye Abarundi ibitego 38 kuri 13 rwegukana igikombe
Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 17 yegukanye igikombe itsinze u Burundi ibitego 32-13 mu mikino y’Akarere ka gatanu muri Handball yasojwe kuri iki Cyumweru tariki 30 Mata 2023 muri Tanzania.
Ni imikino yari yatangiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yatsinze Espoir FC ifata umwanya wa kabiri yotsa Igitutu Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Espoir i Rusizi Ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona,ihita ifata umwanya wa kabiri.
Rayon Sports yatangiye umukino iri hejuru,byatumye ibona igitego ku munota wa 4 gusa gitsinzwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyentwari Alphonse anyujijwe iy’ubusamo imugeza ku buyobozi bwa FERWAFA
Bwana Alphonse Munyentwali wigeze kuyobora Akarere ka Nyamagabe, n'Intara y'uburengerazuba yagizwe umuyobozi w'ikipe ya Police FC bishobora kumuhesha amahirwe yo kuyobora FERWAFa agasimbura Olivier uherutse kwegura.
Ikipe y'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu byiyemeje gushyira hamwe imbaraga bikakira CAN ya 2027
Ibihugu bitatu byo mu karere k'iburasirazuba bwa Afrika atibyo Tanzaniya, Kenya na Uganda byiyemeje gushyira hamwe imbaraga zabo mu kwakira imikino ya nyuma y'igikombe cya Africa.
Ibihugu bya Tanzaniya, Kenya na Uganda byyemeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburasirazuba: Imikino ya UKC yasubukuwe, abaturage bahabwa ubutumwe bukomeye
Imikino ya Umurenge Kagame Cup yasubukuwe mu Ntara y'uburasirazuba, maze abaturage bahabwa ubutumwa bw'uko bagomba kwimakaza imiyoborere myiza igashinga imizi mu mirenge hose batuyemo.
Hirya no hino mu Ntara y'Iburasirazuba, ku wa Kane!-->!-->!-->…
“Agahinda muntera nanjye nzakabatera” KNC abwira abakinnyi ba Gasogi Utd
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC yabwiye abakinnyi b'ikipe ye ko bamaze igihe bamutera agahinda, kandi ko nibakomeza batyo nawe azabateza agahinda ndetse byikubye kenshi.
Mu kiganiro "Rirarashe" kibera kuri Radio One, Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Birangiye Bwana Jules Karangwa ariwe utorewe kuba SG wa FERWAFA by’agateganyo
Bwana Jules Karangwa wari ushinzwe amarushanwa akaba n'umunyamategeko muri FERWAFA niwe utorewe kuyobora ubunyamabanga bw'iryo shyirahamwe.
Inkundura zo kwegura n'impinduka mu ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA!-->!-->!-->!-->!-->…
Abandi batatu barimo na SG wa FERWAFA Bwana Muhire Henry bamaze kwegura
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yeguye.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…