Browsing Category
Imikino
Umuholande Michiel Mouris wegukanye shampiyona y’Isi y’Amagare ni muntu ki?
Mu gice cy'Ingimbi zarushanwe uyu munsi muri Shampiyona y'isi y'Amagare y'abatarengeje imyaka 19, Michiel Mouris niwe wegukanye iri siganwa.
Ni umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y'isi y'Amagare irimo kubera hano mu Rwanda aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 30 undi mwirabura Ousmane Dembélé yegukanye Ballon d’Or 2025
Umufaransa Ousmane Dembélé ukinira ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatowe nk'umukinyi wahize abandi bose muri ruhago mu mwaka wa 2024-2025 aba umukinyi wa kabiri wambaye uruhu rwirabura ubikoze nyuma ya George Weah.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Bäckstedt yegukanye ITT mu bakobwa batarengeje imyaka 23
Umwongerezakazi Zoe Bäckstedt, yegukanye Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe ku bakobwa batarengeje imyaka 23 mu bagore (ITT) akoresheje iminota 30 n’amasegonda 56.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu abakinnyi ba PSG batari bwitabire umuhango wo gutanga Ballo d’Or
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere mu nyubako ya Théâtre du Châtelet iri i Paris mu Bufaransa ni bwo habera ibirori byo gutanga Ballon d’Or ya 2025, ariko abakinnyi ba Paris Saint Germain bakaba batari buboneke muri ibo birori.
Ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Tadej Pogačar nimero ya mbere mu mukino w’amagare yageze i Kigali
Mu gihe amarushanwa y'amagare UCI asigaje iminsi ibarirwa ku ntoki z'igikumwe kimwe ngo abere mu rw'imisozi igihumbi, abazayitabira bakomeje kugera i Kigali guhangana, mu bamaze kuhagera harimo na Tadej Pogačar kugeza ubu akaba ari!-->!-->!-->…
Iposita y’u Rwanda mu bufatanye bushya na RPL aho iposita yemera kujya ihemba umukinyi wahize…
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cya ePoBox gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu kohererezanya ubutumwa.
Amasezerano yashyizweho umukono!-->!-->!-->!-->!-->…
UEFA Champions League: Real Madrid na Arsenal zatangiye neza
Imikino ya UEFA Champions League ya 2025/26 yatangiye gukinwa, Arsenal yatsinze Atletico Club ibitego 2-0 naho Real Madrid Itsinda Olympic Marseille ibitego 2-1.
Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 16 Nzeri 2025 ni bwo iri rushanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
CECAFA yasabye APR FC imbabazi
Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), bwasabye imbabazi APR FC yahawe amakuru nabi ntihabwe imidali yayo nk’uko byari biteganyijwe.
Ku wa Mbere, tariki ya 16!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’AMAVUBI yageze i Kigali igambirira gutsinda Benin mu Rwanda
Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yagarutse mu Rwanda nyuma yo gukina imikino ibiri mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, aho yatsinzwe na Nigeria igitego 1-0 mbere yo gutsinda Zimbabwe igitego 1-0.
Amavubi yageze ku Kibuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal itsinze DRC iraza nabi Abakongomani ibihumbi bari kuri stade des martyrs
Ikipe ya Senegal imaze gutsinda ikipe ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bituma ifata umwanya wa mbere mu itsinda, umwanya wari ufitwe na D.R Congo.
Kimwe n'andi makipe y'ibihugu muri Ruhago, ikipe ya Repubulika iharanira!-->!-->!-->…
AMAVUBI yacyuye atatu bigarura icyizere ku bafana
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yagaruye icyizere cyo gukomeza guhatanira kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda Zimbabwe igitego 1-0, ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2025.
Igitego cyo Mugisha Gilbert cyo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntuzibeshye ngo uze muri Turukiya, ubu ufite abanzi miliyoni 30”: Abakunzi ba…
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatandatu, umukinnyi w'ikipe y'igihugu AMAVUBI NIYOMUGABO Claude akandagiye agakomeretsa umukinnyi Victor Osimhen wa Super Eagles ya Nigeria, abakunzi n'abafana b'ikipe ya Galatasaray asanzwe akinira, bariye!-->!-->!-->…
George Weah yahawe inshingano zo kurwanya ivangura rishingiye ku ruhu.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko ryagize George Weah, wahoze ari Perezida wa Liberia ndetse akaba umwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru b’ibihe byose, Umuyobozi Mukuru wa ‘Players’ Voice Panel’, itsinda!-->!-->!-->…
Visi Perezida wa Rayon Sport amaze kwegura
Bwana Roger Ngoga Ruterana wari visi Perezida wa kabiri w'ikipe ya Rayon Sport, yamaze gutangaza ko yeguye ku mwanya we, ibi akaba abikoze nyuma y'inama y'inteko rusange yabaye kuri iki cyumweru taliki ya 7 Nzeli 2025.
Uyu mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa ibirarane byabo bingana na miliyoni 75
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yemereye abakinnyi n’abatoza b’Amavubi ko bagiye kwishyurwa ibirarane baberewemo by’angana na miliyoni 75 frw.
Shema Fabrice ni umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…