Browsing Category
Imikino
APR FC yatangiye nabi imikino Nyafurika itsindwa na Azam FC
APR FC ihagarariye u Rwanda muri CAF Champions League yatsinzwe na Azam FC yo muri Tanzania igitego 1-0, mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere wabereye i Dar es Salaam kuri iki Cyumweru tariki 18 Kanama 2024.
Umutoza Darko yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Richard wari visi perezida muri FERWABA yasimbuye Mimosa muri minisiteri ya siporo
Bwana Nyirishema Richard wari usanzwe ari Visi Perezida wa FERWABA ushinzwe amarushanwa yagizwe Minisitiri mushya wa Siporo, asimbura Madame Mimosa wari umaze iminsi utavugwaho rumwe na bamwe mu banyamakuru ba siporo.
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Football ni nk’amabuno y’umukobwa (Nyash)…” KNC nyuma yo gutsinda…
Perezida wa Gasogi United Bwana Kakooza Charles yavuze ko umupira w'amaguru ukinirwa ahabona, agasanga ukwiye gutandukanywa n'imibonano mpuzabitsina kuko yo ikorerwa akenshi ahiherereye.
Ku munsi w'ejo kuwa gatanu taliki ya 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa APR FC yiteguye kwirengera umusaruro w’abatotza n’abakinnyi
Umuyobozi (Chairman) wa APR FC Col Richard Karasira, yemeje ko ari we ugomba kwirengera umusaruro w’abatoza n’abakinnyi, yemera ko amakosa yabayeho kandi yihanganisha abafana, ndetse anenga abakoresha imvugo zidakwiriye.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Sugira Ernest na Eric Ngendahimana bagaragaye mu myitozo ya AS Kigali
Ni imyitozo byari biteganyijwe ko abakinnyi n’abakozi ba AS Kigali bahurira kuri Kigali Pelé Stadium ku i Saa moya n’iminota 40 za mu gitondo ari nako byagenze gusa bajya gukorera kuri Tapis Rouge kuko stade yarimo abasifuzi.
Mu bahageze…
Sudan y’Epfo yacurangiwe indirimbo y’igihugu itari iyayo mu mikino ya Olempike
Hari abaturage bo mu gihugu cya Sudan y'Amajyepfo bavuze ko bababajwe cyane n'amakosa yaraye akorewe mu Bufaransa ubwo ikipe yabo ya Basketball yaririmbirwaga indirimbo y'igihugu itari iyayo.
Abategura imikino ya Olempike irimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’amasaha make gusa yerekanywe nk’umukinnyi wa Mukura VSL, Ishimwe J. Rene…
Umukinnyi Ishimwe Jean Rene wari waraye werekanywe nk'umukinnyi mushya w'ikipe ya Mukura VSL amaze guhamagarwa igitaraganya n'ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC ngo ajye gutangira imyitozo.
Ku munsi w'ejo nimugoroba nibwo ubuyobozi bw'ikipe!-->!-->!-->…
Robertinho yageze i Kigali yizeza igikombe abakunzi ba Rayon Sport
Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi nka Robertinho, yageze mu Rwanda avuga ko intego afite ari ukubaka ikipe ikomeye itwara ibikombe.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024 ni bwo yageze mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya kane APR yongeye gutsindirwa kuri final ya KAGAME CECAFA CUP
Red Arrows yo muri Zambia yegukanye igikombe cya CECAFA Kagame CUP 2024 yaberaga muri Tanzania itsinze APR FC yo mu Rwanda Penaliti 10-9 nyuma kunganya igitego 1-1 mu minota 120 yakinwe.
Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki!-->!-->!-->…
APR FC igeze ku mukino wa nyuma yo gutsinda ikipe AL Hilal
Ikipe ya APR FC imaze gutsinda ikipe ya AL Hilal bituma ibona itike yo gukina umukino wa nyuma mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup 2024
Kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya APR FC yasezereye Al Hilal yo muri Sudani muri 1/2 cy’imikino ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Guy Bukasa ashobora gusubira gutoza ikipe ya Rayon Sports
Umunye-Congo Guy Bukasa ashobora kongera kugirwa Umutoza Mukuru wa Rayon Sports yaherukagamo mu 2021, ahita asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Uyu mutoza azaba asimbuye Umufaransa Julien Mette watandukanye n’iyi kipe nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimaze kwemezwa ko Perezida Paul Kagame azataha Stade Amahoro kuwa mbere
Itangazo rya Minisiteri ya Siporo ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riravuga ko ku wa Mbere tariki ya 01 Nyakanga 2024, ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame azataha ku mugaragaro Sitade Amahoro.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere mu mateka ya NBA umwana agiye kujya akina mu ikipe umwe na se
Bronny James yatoranyijwe na Los Angeles Lakers isanzwe ikinamo se LeBron James, biba inshuro ya mbere umwana agiye gukinana n’umubyeyi we mu mateka ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
Uyu mukinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Igikombe cy’isi cy’abakanyujijeho ntikikibereye mu Rwanda nk’uko byari byitezwe
Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho mu mupira w’Amaguru cyagombaga kubera mu Rwanda muri Nzeri 2024, ntikikibaye nyuma y’iseswa ry’amasezerano Guverinoma y’u Rwanda yari yaragiranye na Easy Group EXP yari ishinzwe kugitegura.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Darko Novic yemejwe nk’umutoza mushya w’ikipe ya APR FC
Umunya-Serbia Darko Novic watoje US Monastir yo muri Tunisia yemejwe nk’Umutoza mushya wa APR FC asimbuye umufaransa Thierry Froger uherutse gutandukana na yo mu mpera z’umwaka ushize w’imikino wa 2023/24.
Ibi byemejwe n’Ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…