Browsing Category
Imikino
AS Kigali nayo yemeje ko yamaze gutandukana n’uwari umutoza wayo
Ikipe ya AS Kigali imaze kwemeza amakuru y'uko ytandukanye n'uwari umutoza wayo Bwana Cassa Mbungo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru yabaye kimomo ko uwari umutoza w'ikipe ya AS Kigali yahisemo gusesa amasezerano yari!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nzemera ngaragurike mu bishanga bya Rugende ariko sinasubira muri Kiyovu” Mvukiyehe…
Bwana Juvenal yavuze ko adafite gahunda yo gusubira muri Kiyovu ko ari nayo mpamvu yahisemo kugura indi kipe yo mu cyiciro cya kabiri.
Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora ikipe ya Kiyovu Sports nyuma akaza kwirukanwa na bamwe mubo!-->!-->!-->!-->!-->…
Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sport arashinjwa kuba ku ruhembe rw’abaroze iyo kipe
Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis "Général", yavuze ko ibyo kurogwa kw’iyi kipe byatumye itsindwa na Sunrise FC muri Gicurasi 2023, byagizwemo uruhare n’uwahoze ari Umuyobozi wayo, Mvukiyehe Juvénal,!-->!-->!-->…
Sitting Volleyball: U Rwanda rwegukanye umwanya wa cyenda mu gikombe cy’Isi
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Sitting Volleyball yegukanye umwanya wa cyenda mu bagabo mu mikino y’Igikombe cy’Isi irimo kubera mu Misiri nyuma yo gutsinda u Bwongereza amaseti 3-0.
Iyi kipe y’u Rwanda, nyuma yo gusoreza ku mwanya!-->!-->!-->!-->!-->…
Torsten Frank Spittler udafite ibigwi muri ruhago yagizwe umutoza wa “Amavubi”
Umudage Torsten Frank Spittler w’imyaka 61 wabaye umuyobozi wa tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mozambique na Sierra Leonne, yatangajwe nk’umutoza mushya w’Ikipe y’igihugu Amavubi y’abagabo asimbuye umunya Espagne!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport yareze Juvenal Mvuyekure muri RIB
Biravugwa ko ikipe ya Kiyovu sport yamaze kurega muri RIB Bwana Mvuyekure Juvenal wigeze kuyobora iyo kipe akayigeza ku bushorishori bwa ruhago mu Rwanda.
Amakuru avuga ko nyuma y'aho uyu mugabo Juvenal yirukaniwe mu ikipe ya Kiyovu!-->!-->!-->!-->!-->…
Volleyball: Hamenyekanye icyatumye Munezero Valentine wari umaze iminsi micye yerekeje muri Tuniziya…
Umukinnyi w’Umunyarwandakazi wabigize umwuga mu mukino wa Volleyball mu Rwanda, Munezero Valentine, wari umaze iminsi micye yerekeje muri Tuniziya mu ikipe ya SFAX VOLLEYBALL CLUB yamaze kugaruka mu Rwanda nyuma y’uko ikipe ye!-->!-->!-->…
Rayon Sport yatsinze Etoile de l’Est ibona atatu ayunga n’abafana
Ikipe ya Rayon sports ifite abakunzi benshi mu Rwanda yaraye itsinze ikipe ya Etoile de l'Est bituma itangira urugendo rwo kwiyunga n'abakunzi bayo.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda RPL yakomeje kuri uyu wa gatatu ku munsi wayo!-->!-->!-->…
Ngendahimana yabuze umusinyira bituma yikura mu mwanya wo guhatanira kuyobora FERWACY
Ngendahimana Ladislas wari wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda, FERWACY, nk’umukandida rukumbi yakuyemo kandidatire ye.
Yari ku rutonde rw’agateganyo rw’abiyamamarije kwinjira muri FERWACY nk’abayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku myaka 32 gusa Eden Hazard wabiciye bigacika muri ruhago yamanitse godiyo
Umubiligi Eden Hazard wakiniye Lille, Chelsea na Real Madrid yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 32 nyuma yo gutandukana na Real Madrid muri iyi Mpeshyi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngendahimana udafite ikipe ahagarariye cyangwa abarizwamo yiyamamarije kuyobora FERWACY
Ngendahimana Ladislas usanzwe ari Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali mu Rwanda (RALGA), udafite ikipe abarizwamo cyangwa yamutanze nk’umukandida, ni we mukandida rukumbi wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino!-->!-->!-->…
Uganda, Tanzania na Kenya byahawe kwakira igikombe cy’Afurika cy’abagabo cya 2027.
Tariki 15 Gicurasi uyu mwaka ni bwo ibihugu bya Uganda, Tanzania na Kenya byo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba, byishyize hamwe mu cyiswe ” Pamoja” bivuze gushyira hamwe mu Kinyarwanda, byandikiye Impuzamashyirahamwe y’umupira!-->!-->!-->…
“Sinicuza kuba ntarafashe icyemezo cyo gutera mpaga ikipe ya Al Hilal Benghazi” Perezida…
Perezida wa Rayon Sport UWAYEZU J.Fidele yavuze ko aticuza na gato kuba ubuyobozi bw'ikipe butafashe icyemezo cyo gutera mpaga ikipe ya Al Hilal Benghazi
Perezida wa Rayon sport yavuze ko we n'ubuyobozi bwe baticuza kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi w’ikipe yarashwe n’abagizi ba nabi nyuma y’uko itsinzwe.
Perezida w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Colombiya yitwa Tigres FC, Edgar Paez, yararashwe arapfa nyuma y’uko itsinzwe ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
Ibitangazamakuru byaho byatangaje ko ubwo uyu mugabo w’imyaka 63 yari!-->!-->!-->!-->!-->…
#WAFCON2024Q : Ibitego 12 nibyo byafashje Ghana gusezerera Amavubi y’abagore
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yasezerewe na Ghana mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2024 iyitsinze 12-0 mu mikino ibiri nyuma y’uwo kwishyura wabaye kuri uyu wa Kabiri yatsinzwemo 5-0.
Muri uyu mukino wo!-->!-->!-->!-->!-->…