Browsing Category
Imikino
Emmanuel Okwi wari mu biganiro na Musanze FC yerekeje muri POLICE FC
Ikipe ya Police FC imaze gutangaza ko yamaze kwemeranywa na Emmanuel Okwi, rutahizamu w'Umugande wari umaze iminsi mu biganiro n'ikipe ya Musanze FC ngo azayikinire mu mwaka w'imikino wa 2025-2026.
Amakuru avuga ko uyu mugabo aguzwe!-->!-->!-->…
Madeleine wari warihebeye ikipe ya Mukura yasezeweho bwa nyuma
Mukanemeye Madeleine, wamenyekanye nka “Mama Mukura” kubera gukunda cyane ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abakunzi b’umupira w’amaguru n’umuryango!-->!-->!-->…
Seninga yeguye ashinja Umunyamabanga w’ikipe kumwicisha inzara
Umutoza w’ikipe ya Etincelles FC, Seninga Innocent, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike ayigarutsemo ndetse ashinja ubuyobozi kutamufata neza no kutamwubaha ibintu we afata nk’agasuzuguro yagiriwe n’Umunyamabanga Mukuru w’ikipe.
!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amakipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), yatangaje amakipe 12 azitabira irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika yo hagati n’iy’Iburasirazuba, CECAFA Kagame Cup.
Auka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’abagore ya Nigeria yisubije igikombe cya Afro Basketball
Ikipe y'igihugu y'abagore ya Nigeria yaraye yisubije igikombe cya Afro Basketball ku nshuro ya gatanu yikurikiranya nyuma yo gutsinda ikipe ya Mali ku mukino wa nyuma.
Uyu mukino wa nyuma wabereye muri Palais des Sports!-->!-->!-->!-->!-->…
Killian Mbappé yahawe umwambaro mushya muri Real Madrid.
Ikipe ya Real Madrid yahaye umwambaro mushya wari usanzwe wambarwa na Luka Modrich mbere y'uko uyu mugabo ava muri iyi kipe, uwo mwambaro ni nimero 10, ikintu cyamwongereye icyizere muri iyo kipe y'ibigwi ku rwego mpuzamahanga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Muhire Kevin, undi mukinnyi yareze ikipe ya Rayon Sport
Myugariro wa Rayon Sport Bwana Omar Gning yamaze kugeza ikirego cye ku ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA aho uyu mukinnyi arega ikipe yahoze akinira ariyo Rayon Sport ko yanze kumurekura ngo ajye kwishakira indi kipe!-->!-->!-->…
Lamine Yamal becomes Barcelona’s new number 10
Lamine Yamal has officially been handed Barcelona’s iconic No. 10 jersey, stepping into the footsteps of club legends like Lionel Messi, Ronaldinho, and Maradona
The 18-year-old prodigy received the shirt during a private ceremony!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William Togui aho byitezwe ko ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
Uyu mukinnyi yavutse tariki ya 7 Kanama mu 1996, avukira mu gace kitwa Lakota!-->!-->!-->…
Shampiyona y’abatarengeje 20 yashojwe
Ikipe y’Ingimbi ya Marines FC y’abatarengeje imyaka 20 n’iy’abangavu Police WFC batarengeje iyo myaka, zegukanye igikombe cya shampiyona y’abato batarengeje imyaka 20.
Muri Mutarama uyu mwaka, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Ninde wigizaga nkana hagati ya APR BBC na Patriots BBC?
Nyuma yo kunanirana mu mikino ine ishize, birangiye ikipe ya APR BBC ariyo ibashije kugera ku mukino wa nyuma aho imaze gusezerera ikipe ya Patriots BBC mu mukino wa kamarampaka.
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Kamena 2025 nibwo!-->!-->!-->…
Bugesera: 20km de Bugesera ishobora gushyirwa ku rundi rwego
Irushanwa rizwi nka 20Km de Bugesera Race to restore ryabaye ku nshuro ya karindwi rishobora gushyirwa ku rundi rwego rikaba ryakwitabirwa ku rwego mpuzamahanga.
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Kamena 2025, nibwo mu Karere ka Bugesera!-->!-->!-->…
Hongewemo andi maraso muri Rayon sport, Serumogo yongera amasezerano
Ikipe ya Rayon Sport ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yasinyishije kuri uyu wa gatandatu abakinyi babiri bashya, inongera amasezerano Bwana Ally Serumogo.
Gikundiro niko benshi bakunze kuyita kubera umubare utari muto w'abanyarwanda!-->!-->!-->…
Muhire Kevin yerekeje mu yindi kipe asiga Rayon mu kangaratete
Bwana Muhire Kevin wari kapiteni wa Rayon sport, yateye iyo kipe umugongo yerekeza muri Sudan y'Epfo mu ikipe ya Jamusi SC.
Ikipe ya Jamus SC yo mu gihugu cya Sudan y'Epfo yemeje ko imaze kugura uwari kizigenza wa Rayon Sport Bwana!-->!-->!-->…
Ibintu byongeye biradogera muri Rayon Sport
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon irangije saison nta gikombe na kimwe itwaye, ibintu bikomeje kuba bibi, amwe mu mabanga yatumye ikipe ititwara neza atangiye kujya hanze.
Nyuma yo kubura igikombe cya championnat mu minsi ya nyuma, ubu muri!-->!-->!-->…