Browsing Category
Imikino
Aime NIYIBIZI utarumvikanye na shebuja Sam Karenzi yigarukiye muri FINE FM
Umunyamakuru w’imikino, Niyibizi Aimé, uherutse gutandukana na SK FM kubera kutumvikana n’ubuyobozi bwayo, yasubiye kuri Fine FM yahoze akorera mbere yo kujya kuri City Radio na radiyo ya Sam Karenzi.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Muhanga yiteguye ite shampiyona y’icyiciro cya
mbere 2025_2026?
Ikipe ya AS Muhanga irakataje mu kwitegura Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, n’ubwo mu mikino itanu ya gishuti imaze gukina yatsinzwe ine, inganya umwe. Muri iyo mikino, yahuye n’amakipe akomeye arimo Rayon Sports, Amagaju FC!-->!-->!-->…
#Inkeray’Abahizi: Police FC yaraye yihanije APR FC inayikura ku gikombe
Ikipe ya Police FC yaraye isubiriye ikipe ya APR FC iyitsinda mu irushanwa ry’inkerayabahizi ibitego 3-2 bituma amahirwe yo kwegukana iri rushanwa yiteguriye ayoyoka burundu.
Nyuma yo gutsindwa na Police FC, ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
#Afrobasket: U Rwanda rwasezerewe rutahana amavuta mu ntoki
Ikipe y’Igihugu ya Basketball mu bagabo yari ihagarariye u Rwanda mu mikino y’Igikombe cy’Afurika cya Basketball (AfroBasket 2025), cyaberaga muri Angola yasezerewe idatsinze umukino n’umwe.
Nyuma yo gutsindwa na Cape Verde amanota 75!-->!-->!-->…
Ikipe ya Young Africans yitegura gukina na Rayon yasuye urwibutso rwa Genocide rwa Kigali
Ikipe ya Young Africans yitegura gukina umukino wa gicuti n'ikipe ya Rayon sport ku munsi w'ejo, yasuye uriwbutso rwa Genocide rwa Kigali, urwibutso ruruhukiyemo imibiri y'abazize genocide basaga ibihumbi 250.
Guhera ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
PSG yatsinze Tottenham Hotspur yegukana Super Cup ku nshuro ya mbere
Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yegukanye igikombe kiruta ibindi i Burayi (UEFA Super Cup) bwa mbere mu mateka, itsinze Tottenham Hotspur yo mu Bwongereza kuri penaliti 4-3 nyuma yo kunganya ibitego 2-2 mu minota 90 isanzwe!-->!-->!-->…
Amakipe 5 mu Rwanda niyo yonyine yujuje ibisabwa ngo azakine champiyona ya 2025-2026
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’amakipe yujuje ibisabwa, yemerewe gukina Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2025–26.
Mu makipe atanu Ferwafa yemeje ko yujuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidatunguranye, Shema Fabrice yemerewe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA nk’umukandida rukumbi
Shema Ngoga Fabrice n’itsinda bari kumwe ry’abantu icyenda bemerewe kwiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) muri manda y’imyaka ine iri imbere.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kanama 2025, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC na Rayon Sports: Ni Ryari zizahurira mu mukino wa Gicuti?
Ihangana rikomeye, ishyaka ridasanzwe, ubwitange n’amahane mu kibuga no hanze yacyo ni byo bigaragaza umwihariko w’umukino uhuza Rayon Sports na APR FC, uzwi nka “Derby y’Imisozi 1000.” Ni umukino ushobora guhindura amateka!-->!-->!-->…
U Rwanda na Bayern Muchen bemeranyije kuzamura impano z’abakiri bato
Binyuze mu Rwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), u Rwanda rwasinyanye amasezerano y’imyaka itatu n’Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage agamije gushaka no kuzamara impano z’abakiri bato binyuze mu kwagura Ishuri ry’Umupira w’Amaguru!-->!-->!-->…
Yves Habimana wakiniraga Rutsiro yinjiye muri Rayon Sport
Rutahizamu Habimana Yves wakiniraga Rutsiro FC yaguzwe na Rayon Sports imutanzeho miliyoni 8 Frw ku masezerano y’umwaka umwe yari asigaranye mu ikipe ye.
Rayon Sports FC irimbanyije ibikorwa byo kwitegura umwaka utaha w’imikino, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nta kipe yo mu Rwanda yaje ku rutonde rw’amakipe meza muri Afrika
Ku rutonde rw'amakipe 75 ya Ruhago meza ku mugabane wa Afrika, nta kipe n'imwe yo mu Rwanda yaje kuri urwo rutonde rwashyizwe hanze na CAF.
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane wa Afrika CAF yashyize hanze urutonde!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Abderrahim Taleb utoza APR FC aranenga amakipe y’u Rwanda gukina yugarira gusa.
Bwana Abderrahim utoza ikipe y'ingabo z'igihugu muri ruhago, aranenga cyane imikinire y'amakipe yo mu Rwanda kubera uburyo ayo makipe akina yugarira gusa, aho ngo usanga ikipe idaharanira gukina ahubwo ikugarira gusa.
Umunya Tuniziya!-->!-->!-->…
Emmanuel Okwi wari mu biganiro na Musanze FC yerekeje muri POLICE FC
Ikipe ya Police FC imaze gutangaza ko yamaze kwemeranywa na Emmanuel Okwi, rutahizamu w'Umugande wari umaze iminsi mu biganiro n'ikipe ya Musanze FC ngo azayikinire mu mwaka w'imikino wa 2025-2026.
Amakuru avuga ko uyu mugabo aguzwe!-->!-->!-->…
Madeleine wari warihebeye ikipe ya Mukura yasezeweho bwa nyuma
Mukanemeye Madeleine, wamenyekanye nka “Mama Mukura” kubera gukunda cyane ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abakunzi b’umupira w’amaguru n’umuryango!-->!-->!-->…