Browsing Category
Imyidagaduro
Babiri bari inkingi ya mwamba muri filime “Umuturanyi” bayisezeyemo
Uwimpundu Sandrine na Rurangirwa Ben basezeye muri filime Umuturanyi ya Mugisha Emmanuel bari bamazemo hafi imyaka ine.
Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa 2 Nzeri 2024 yabanje kunyura mu itsinda rya WhatsApp rihuriyemo abakina!-->!-->!-->!-->!-->…
BURNA BOY YAGIZWE UMUHANZI WA MBERE W’IBIHE BYOSE MURI AFURIKA.
Burna Boy yagizwe uwa mbere mu bahanzi b'ibihe byose muri Afurika
Umwe mu bafatwa nk'abanyabigwi ndetse banakoze impinduka mu njyana ya Afro Beat akanabyemeza abakunzi b'umuziki ku isi atwara igihembo cy Grammy awards inshuro ebyiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuraperi Sean “Diddy” Combs yatawe muri yombi
Umuherwe akaba n’umuraperi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean "Diddy" Combs yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nyuma y’ikirego cyatanzwe n’ubushinjacyaha bw’umujyi wa New York.
Umunyamategeko wa Diddy ari we!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Universe Nigeria yasibye konti ya X kubera kwibasirwa
Chidimma Adetshina uherutse kwegukana ikamba rya Miss Universe Nigeria yatangaje ko yasibye konti ye ku rubuga rwa X, mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bwe bwo mu mutwe.
Abikoze nyuma yo kwibasirwa n’abatari bake bamunenga ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwiza yatoboye avuga uko yakiriye kutagaragara mu bagabiwe na Perezida Kagame
Umuhanzi Bwiza Emerence uzwi nka Bwiza yashyize umucyo ku bijyanye n’uko yakiriye kuba ataragaragaye ku rutonde rw’abahanzi batuye ahitwa mu Karumuna mu Karere ka Bugesera batumiwe na Perezida Paul Kagame bagatarama!-->!-->!-->…
DJ Sonia yifatiye mu gahanga DJ Adams wari uherutse kwibasira aba DJs bo mu Rwanda
Dj Sonia umwe mu bakomeye mu Rwanda yanze kuripfana asubiza DJ Adams wari uherutse kwibasira aba DJs bo mu Rwanda abita ba Kibarabaswa.
Nyuma y'aho umugabo w'umuvangavanzi w'imiziki uzwi nka DJ Adams asohoye amagambo ameze nk'ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Minisitiri Utumatwishima yasabye RIB kwinjira mu kibazo kiri hagati ya Yago, Godfather,M…
Utumatwishima Abdallah wahoze ari Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye Urwego rw'lgihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) kureba niba ibiri hagati y'ibyamamare bivugwamo gutukana, kubeshyerana, no kwitana ko bamwe ari!-->!-->!-->…
Ruhango: Imbamutima za NYIRANDUNGUTSE Francoise wahimbiye indirimbo Perezida wa Repubulika Paul…
Umubyeyi witwa NYIRANDUNGUTSE Francoise w'imyaka 56 y'amavuko wo mu mudugudu wa Nyabisindu, akagali ka Ntenyo, Umurenge wa Byimana Akarere ka Ruhango, yashyize hanze indirimbo ivuga ibigwi Perezida wa Repubulika Paul KAGAME amushimira aho…
PAPA CYANGWE YONGEYE KWIKOMA UWAHOZE ARI SEBUJA ROCKY
Papa Cyangwe yasohoye imbamutima ze nyuma yo gusibirwa indirimbo ze zose ku rubuga rwa YouTube.
Ni kenshi abahanzi bafitwe mu nshingano n'abashinzwe kureberera inyungu zabo bahitamo gutandukana nyuma y'igihe runaka bitewe n'ibyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Irene Ntale yasabye abahanzi bashya gufunguka mumutwe mu bjyanye n’ibyo binjiza
Umuhanzikazi Irene Ntale yasabye abahanzi bashya kumenya kuganira neza ku masezerano y'ibiraka byo kuririmba babona.
Hashize iminsi Ntale aganiriza abakunzi be n'abandi bose bakunda umuziki w'Abagande ku bunararibonnye yakuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: I Masaka hagiye gutangizwa agasobanuye gakorwa imbonankubone.
I Masaka hagiye gutangizwa igikorwa cy'agasobanuye kazajya gakorwa imbonankubone.
Ubusanzwe bimenyerewe ko mu buryo buvuguruye abasobanuzi bakoragamo umurimo wabo, hifashishwaga icyumba cyihariye kirimo ibikoresho bakenera, ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
TAMAYO PERRY WAKUNZWE MURI PIRATES OF CARRIBEAN YITABYE IMANA
TAMAYO PERRY WIGARURIYE IMITIMA Y'ABAKUNZI BA PIRRATES OF CARRIBEAN YITABYE IMANA NYUMA YO KWANGIZWA BIKOMEYE N'AMENYO YA SHARK.
Perry ni umwe mu bakinnyi ba Filime batazibagirana cyane cyane muri Filime y'uruhererekane izwi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
JUSTIN TIMBERLAKE YATAWE MURI YOMBI.
Nyuma yo gufatwa yarenze ku mabwiriza, Justin Timberlake yafunzwe.
Nk'uko polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za America ibivuga, Uyu muhanzi, akaba n'umwanditsi w'indirimbo anabifatanya no gukina firime, ari mu maboko ya Polisi azira!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni gute Celine Dion yahanganaga n’uburwayi bwamuteraga uburibwe bukabije mbere y’uko…
Uburwayi bwa Celine Dion bwaje kuvurwa hashize igihe kinini abufite. Nyamara n'ubwo bwamubabazaga cyane ntabwo yigeze abigaragaza. Yabikoraga ate?
Uyu muririmbyikazi wibukwa mu ndirimbo zirimo My Heart Will go On, yaje kugira!-->!-->!-->!-->!-->…
NI IKI ABAGORE BAKINA FILIME MURI HOLLYWOOD BAKORA BIRINDA URUHU RWABO GUSAZA?
Benshi bibaza niba hari ibindi abagore bakina filime za Hollywood baba bakorerwa kugira ngo uruhu rwabo rudasaza dore ko abenshi baba banafite imyaka myinshi.
Kimwe mu bisubizo wakwishimira kumva ku mibereho yawe mu gihe waba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…