Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Trump yasimbuje ikaramu ifoto ya Joe Biden yasimbuye ku buyobozi bw’igihugu.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye ifoto ya Joe Biden mu mafoto y’abayoboye Amerika asanzwe amanikwa muri White House, iyo foto ya Biden yayisimbuje iy’ikaramu Biden yakoreshaga asinya.
Ni ibikubiye mu!-->!-->!-->…
Espagne: Umugore wari wasinze, yatwaye imodoka yavuyemo amapine abiri, agenda kilometero 14
Umugore wo muri Espagne yatwaye imodoka ye mu ntera y’ibilometero 14 ku mapine abiri. Uyu mugore wari wasinze ku rwego rwo hejuru ntiyamenye ko andi mapine yari yatakaye.
Uyu mugore wo kirwa cya Mallorca, giherereye mu Burasirazuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwana w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan agera mu Buhinde yihishe mu mapine y’indege
Umwana w’umuhungu w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan aho akomoka, agera ku kibuga cy’indege cya New Delhi mu Buhinde, yihishe mu mapine y’indege.
Ibi byabaye ku wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025. Igice cy’indege yihishemo ni icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania : Inzuki zahagaritse umukino
mpuzamahanga.
Umukino wa gicuti mpuzamahanga wahuzaga City FCAbuja yo muri Nigeria na JKU FC yo muri Zanzibar, wahagaritswe by’agateganyo ubwo inzuki zinjiye mu kibuga cya Kwaraa Stadium muri Tanzania, ku wa Gatatu tariki ya 3 Nzeri 2025.!-->!-->!-->…
Kenya: Yatangaje ko amaze kwanduza SIDA ku bushake abarenga 273 kandi ngo arakomeje
Umunyeshuri wo muri Kaminuza ya Maseno iherereye mu gihugu cya Kenya, kuri iki cyumweru taliki ya 31 ukwezi kwa munani, yatangaje ko amaze kwanduza agakoko gatera SIDA abigambiriye abasore n'abagabo b'abanyeshuri bagenzi be barenga 273!-->!-->!-->…
China: Umugabo w’imyaka 39 yatewemo ibihaha by’ingurube abimarana iminsi icyenda
Umugabo w’imyaka 39, yahawe ibihaha by’ingurube mu bitaro bya Guangzhou Medical University abimarana iminsi icyenda, igikorwa kibayeho bwa mbere mu buvuzi.
Uyu mugabo yari asanzwe afite ikibazo cyo kuvira imbere mu mubiri byatumye!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Umugore yasamye inda, ijya mu mwijima we aho kujya muri nyababyeyi
Mu Buhinde, abaganga batunguwe cyane no kubona umugore utwite inda y’ibyumweru 12 irimo ikurira mu mwijima we (intrahepatic ectopic pregnancy), aho kuba muri nyababyeyi nk’uko bisanzwe.
Uwo mugore uri mu kigero cy’imyaka 30, ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahigaga yabaye umuhigo w’imbogo yashakaga kwica
Asher Watkins, umunyemari ukomoka muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yishwe n’ibikomere yatewe n’imbogo ubwo yarimo arayihiga mu mashyamba yo muri Afurika y’Epfo.
Uyu mugabo usanzwe acuruza imitungo itimukanwa muri Leta za Texas na!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwe mu badipolomate ba DRC yafatanywe ibiyobyabwenge
Bwana Mutebwa Mulumba Jean de Dieu usanzwe ari umunyamabanga wa kabiri wa Ambasade ya DRC mu Bubiligi, Holande, na Luxambourg yafatiwe muri Bulgariya afatanwa ibiyobyabwenge.
Mutemba Mulumba ni umudiplomate wa DRC akaba umujyanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku mubumbe wa Mars havumbuwe ikirunga gifite uburebure bungana ni bilometero 19
Bwa mbere kuri Mars hagaragaye ikirunga kireshya na kilometero 19 z’ubuhagarike, mu mashusho yafashwe n’icyogagajuru cy’’Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA.
NASA yabonye ikirunga kirekire kuri Mars. Cyari cyarenze ibihu
!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusore yasambanije inkoko ya mudugudu kugeza ishizemo umwuka
Mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busasamana mu kagali ka Kavumu haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko ukomoka mu gace k'amayaga ahazwi nk'i Mututu mu Murenge wa Kibirizi ukekwaho gusambanya inkoko!-->!-->!-->…
Yatawe muri yombi azira guhamagara umugore we kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi
Mu Buyapani, umugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, kubera guhamagara umugore we kuri telefone akabikora inshuro zirenga 100 ku munsi yiyoberanyije, kandi no mu gihe amwitabye ntagire icyo avuga agaceceka!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umusore w’imyaka 19 akurikiranyweho gusambanya inyana y’umuturanyi
Ndikumana Enock w’imyaka 19, wo mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gihombo, akekwaho gusambanya inka!-->!-->!-->…
Yakoze imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara asaba ko nyina amugurira iPhone
Mu Buhinde, umuhungu w’ingimbi arashinjwa gushyira iterabwoba kuri nyina w’umukene kugira ngo agire icyo akora, ubwo yakora imyigaragambyo yo kumara iminsi itatu nta kintu arya nta n’icyo anywa, kugira ngo amugurire telefone igezweho!-->!-->!-->…
Mounir Nasraoui ise w’umukinnyi Lamine Yamal yatewe ibyuma n’abagizi ba nabi Imana ikinga akaboko
Mounir Nasraoui ubyara umukinnyi Lamine Yamal w’icyamamare mu mupira w’amaguru muri Espagne w’imyaka 17 y’amavuko, yatewe ibyuma inshuro nyinshi n’abagizi ba nabi ari muri parikingi.
Ibinyamakuru byo muri Esipanye byatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…