Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Uwahigaga yabaye umuhigo w’imbogo yashakaga kwica
Asher Watkins, umunyemari ukomoka muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yishwe n’ibikomere yatewe n’imbogo ubwo yarimo arayihiga mu mashyamba yo muri Afurika y’Epfo.
Uyu mugabo usanzwe acuruza imitungo itimukanwa muri Leta za Texas na!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwe mu badipolomate ba DRC yafatanywe ibiyobyabwenge
Bwana Mutebwa Mulumba Jean de Dieu usanzwe ari umunyamabanga wa kabiri wa Ambasade ya DRC mu Bubiligi, Holande, na Luxambourg yafatiwe muri Bulgariya afatanwa ibiyobyabwenge.
Mutemba Mulumba ni umudiplomate wa DRC akaba umujyanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku mubumbe wa Mars havumbuwe ikirunga gifite uburebure bungana ni bilometero 19
Bwa mbere kuri Mars hagaragaye ikirunga kireshya na kilometero 19 z’ubuhagarike, mu mashusho yafashwe n’icyogagajuru cy’’Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA.
NASA yabonye ikirunga kirekire kuri Mars. Cyari cyarenze ibihu
!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusore yasambanije inkoko ya mudugudu kugeza ishizemo umwuka
Mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busasamana mu kagali ka Kavumu haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko ukomoka mu gace k'amayaga ahazwi nk'i Mututu mu Murenge wa Kibirizi ukekwaho gusambanya inkoko!-->!-->!-->…
Yatawe muri yombi azira guhamagara umugore we kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi
Mu Buyapani, umugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, kubera guhamagara umugore we kuri telefone akabikora inshuro zirenga 100 ku munsi yiyoberanyije, kandi no mu gihe amwitabye ntagire icyo avuga agaceceka!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umusore w’imyaka 19 akurikiranyweho gusambanya inyana y’umuturanyi
Ndikumana Enock w’imyaka 19, wo mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gihombo, akekwaho gusambanya inka!-->!-->!-->…
Yakoze imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara asaba ko nyina amugurira iPhone
Mu Buhinde, umuhungu w’ingimbi arashinjwa gushyira iterabwoba kuri nyina w’umukene kugira ngo agire icyo akora, ubwo yakora imyigaragambyo yo kumara iminsi itatu nta kintu arya nta n’icyo anywa, kugira ngo amugurire telefone igezweho!-->!-->!-->…
Mounir Nasraoui ise w’umukinnyi Lamine Yamal yatewe ibyuma n’abagizi ba nabi Imana ikinga akaboko
Mounir Nasraoui ubyara umukinnyi Lamine Yamal w’icyamamare mu mupira w’amaguru muri Espagne w’imyaka 17 y’amavuko, yatewe ibyuma inshuro nyinshi n’abagizi ba nabi ari muri parikingi.
Ibinyamakuru byo muri Esipanye byatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Indonesia: Umusore w’imyaka 45 yishe umuturanyi we wamuhozaga ku nkeke amusaba kurongora
Umusore w'umunya Indonesia w'imyaka 45 yishe umuturanyi we uri mu kigero cy'imyaka 60 amuziza y'uko yamuhozaga ku nkeke amubaza ibibazo bya hato na hato, cyane cyane Igituma atarashaka.
Ayo marorerwa yabereye ahitwa “South Tanapuli”!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashinwa batangaje ko babonye amazi ku Kwezi
Abashakashatsi bo mu Bushinwa batangaje ko babonye ibimenyetso by’uko ku Kwezi hari amazi, bashingiye ku busesenguzi bw’utumanyu rw’urutare twakuweyo n’icyogajuru cyavuyeyo mu 2020.
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu by’Isanzure ba…
Huye: Yahawe isakaramentu ry’ugushyingirwa aryamye mu ngobyi y’abarwayi
Umugabo wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Rukira, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 yahawe isakaramentu ry’ugushyingirwa aryamye kuri burankari (ingobyi y’abarwayi yo kwa muganga),…
Umusilamu yiyahuriye mu mutambagiro mutagatifi w’i Maka
Umunya Nigeria ukomoka muri Leta ya Kwara, Hajia Hawawu Mohammed, bivugwa ko yiyahuriye muri Saudi Arabia, agiye mu rugendo rutagatifu i Maka.
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe ingendo z’abayisilamu muri Leta ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Umusore yamize inyama iramuniga kugeza apfuye
Mu Karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda, mu kagali ka Bukinanyana haravugwa inkuru y'umusore w'imyaka 24 witwa Etienne Habanabakize waraye ashyinguwe nyuma yo kwicwa n'inyama itogosheje yari amaze kugura muri Resitora.
Amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe Rupert Murdoch w’imyaka 93, yarongoye umugore wa gatanu
Umuherwe washoye mu itangazamakuru Rupert Murdoch yarongoye umugore wa gatanu mu birori byabereye mu rugo rwe rukikijwe n'imirima ye y’imizabibu i California muri Amerika.
Murdoch w’imyaka 93, ku wa gatandatu yarushinganye n’umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umusaza w’imyaka 85 yicukuriye imva yo kuzashyingurwamo yapfuye
Umusaza Hakizanshuti Claude w’imyaka 85 y’amavuko , utuye mu kagari rwa Rwiri, Umurenge wa Cyungo mu Karere ka Rulindo, yacukuye imva yo kuzashyingurwamo mu gihe, azaba yapfuye.
Yavuze ko gukora ibi byatewe n’uko adashaka kurushya!-->!-->!-->!-->!-->…