Browsing Category
Mu Mahanga
Uganda: Dr.Besigye ushinjwa gushaka guhirika ubutegetsi agiye kuburanishwa nk’umusivile
Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda akaba na Minisitiri w’Itumanaho, Chris Baryomunsi yatangaje ko urubanza rwa Dr. Kizza Besigye wari umaze iminsi yiyicisha inzara muri gereza, rugiye kuvanwa mu nkiko za gisirikare, rukimurirwa mu nkiko!-->…
Afurika y’Epfo yataye muri yombi umubyeyi wa “Miss Universe Nigeria 2024”
Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yataye muri yombi Anabela Rungo, akaba nyina wa Miss Universe Nigeria 2024, Chidimma Adetshina.
Ikinyamakuru "Igihe" dukesha iyi nkuru kivuga ko Adetshina ari we wirukanywe mu irushanwa rya Nyampinga!-->!-->!-->…
South Sudan: Perezida Salva Kiir yirukanye 2 muri 5 bamwungirije
Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo yirukanye ba visi perezida babiri; James Wani Igga na Hussein Abdelbagi, hamwe n’umukuru w’urwego rushinzwe umutekano n’ubutasi mu gihugu (National Security Service), nk’uko biri mu itangazo!-->…
“Ni biba ngombwa tuzatabara umujyi wa Bukavu ukava mu kangaratete”: AFC/M23
Mu gihe ku cyumweru haranzwe n'agahenge muri rusange ku rugerero rw'intambara hagati y'ingabo za leta n'umutwe wa M23 muri teritwari ya Karehe, ku wa mbere humvikanye imirwano hagati y'agace ka Ihusi na Muhongoza ku muhanda wa Bukavu –!-->!-->!-->…
Bukavu: Abasirikare na Wazalendo batangiye kuburanishwa ku bwicanyi n’ubusahuzi
Urukiko rwa gisirikare mu mujyi wa Bukavu ku wa mbere rwatangiye kuburanisha abasirikare na wazalendo barenga 80 baregwa ibyaha birimo kwica abasivile barenga 10, gusahura, gutera impagarara, guhunga urugamba bariho na M23, nk'uko bivugwa!-->…
DRC: M23 irashinja MONUSCO kurekura FARDC na FDLR bakica abaturage i Goma
Ihuriro AFC/M23 rirashinja Ingabo za Loni zoherejwe mu Butumwa bwo kubungabunga Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), kurekura abasirikare ba FARDC n’abarwanyi ba FDLR bakirara mu baturage bo mu Mujyi wa Goma!-->…
Aga Khan umuherwe uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye
Aga Khan, umuherwe utunze za miliyari z'amadorari akaba n'umuyobozi mu by'ukwemera yapfuye ku myaka 88, nk'uko byatangajwe n'ikigo cye Aga Khan Development Network.
Igikomangoma Aga Khan ni Imam wa 49 w'Abasilamu b'aba-Ismaili,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamadini bahaye Tshisekedi umushinga wamufasha kwikura mu kibazo
Abakuru ba Kiliziya Gatorika n'Abaporotestanti muri DRC Congo batangaje ko bashyikirije Perezida Félix Tshisekedi 'umushinga wo gusohoka mu ngorane' kandi ko yawakiriye neza.
"Twafashe iya mbere, nta bwo ari we wabidusabye, dutegura uyu!-->!-->!-->…
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma
Umuvugizi wa leta ya Kinshasa – aterekanye ibihamya - yatangaje ko mu mujyi wa Goma hari "imirambo irenga 2,000 ikeneye guhambwa".
Mu kiganiro n'abanyamakuru mu ijoro ryo ku wa mbere cyaciye kuri televiziyo y'igihugu, Patrick Muyaya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umu Colonel w’umunyamulenge warwaniraga Leta yishwe na bagenzi be
Colonel Rugabisha Alexis wakoreraga Leta ya Congo mu ngabo za FARDC biravugwa ko yishwe na bagenzi be bo mu gisirikare cya Leta bamuziza kuba ari Umututsi.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aravuga ko!-->!-->!-->…
Goma: Abaturage bakoze umuganda rusange wo gusukura umujyi
Abaturage bo mu mujyi wa Goma bazindukiye mu muganda rusange ugamije gusukura uwo mujyi uherutsemo imirwano karahabutaka yahasize umwanda n'ibisigarizwa by'imbunda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2025 ahagana saa kumi!-->!-->!-->…
USA: Indege ya gisirikare yagonganiye mu kirere n’iy’igisivile
Indege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
!-->!-->!-->…
India: Abagera kuri 30 bapfuye ubwo barwaniraga amazi y’umugisha
Mu Majyaruguru y’u Buhinde, abantu 30 bapfuye, abandi 90 barakomereka mu muvundo wabaye ubwo imbaga y’abantu benshi bari mu rugendo-nyobokamana (pèlerinage) rwitwa ‘Kumbh Mela’, rujyana no kwiroha mu mazi y’ahahurira imigezi mitagatifu,!-->…
Tshisekedi ntazitabira inama ya EAC yiga kuri Congo
Umuvugizi wa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yatangaje ko atazitabira inama idasanzwe y’Abakuru b’ibihugu b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yigaga ku bibazo by’Umutekano mucye muri Congo.
Perezida wa Kenya,!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye Radio na TV bya Leta ishami rya Goma
Ishami rya Tereviziyo na Radiyo by'igihugu (RTNC) rikorera i Goma ryigaruriwe n'umutwe wa M23 nyuma yo gufata byinshi mu bice bigize uwo mujyi.
Umutwe w'ingabo za M23 umaze igihe uri mu mirwano n'ingabo z'igihugu FARDC ubu bikaba!-->!-->!-->!-->!-->…