Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: Inteko ishingamategeko yakuyeho amaboko minisitiri Constant Mutamba
Inteko ishingamategeko yo mu gihugu cya Congo yakuyeho amaboko Bwana Mutamba Constant, yemerera ubushinjacyaha kumugeza mu nkiko.
Nyuma y'aho umubare munini w'abagize inteko ishingamategeko muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
“Rising Lion” Akabyiniriro k’ibitero simusiga Isiraheli yagabye kuri Iran
Leta ya Isiraheli yagabye ibitero bikomeye muri Iran, igitero yahaye akabyiniriro ka Rising Lion, isenya byinshi mu bikorwaremezo by'icyo gihugu.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatnu, Leta ya Isiraheli yasutse amatoni y'ibibombe mu!-->!-->!-->…
India: Abatari bake batikiriye mu mpanuka y’indege
Ikigo cy'igihugu gishinzwe iby'indege cyemeje ko indege ya Air India yakoze impanuka nyuma y'iminota mike gusa ihagurutse.
Indege ya Air India yari itwaye abantu bagera kuri 244 yakoze impanuka nyuma y'iminota itanu gusa ihagurutse mu!-->!-->!-->…
TESLA MU GIHOMBO CYA MILIYARI $150 NYUMA Y’UBWUMVIKANE BULE HAGATI YA MUSK NA TRUMP
Nyuma y'intambara y'amagambo yatangijwe na Elon Musk agisezera inshingano yari afite muri leta iyobowe na Trump Tesla ishobora guhomba agera kuri miliyari $150
Isoko ry'imari rya Tesla ryaragabanyutse kuva kuri uyu wa kane, kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki abamaze guhura na Joseph Kabila bamuvugaho kuva yagera i Goma?
Nyuma y'uko bitangajwe ko ageze i Goma, kuva mu mpera z'icyumweru gishize Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo amaze kubonana n'amatsinda atandukanye y'abahagarariye abaturage muri Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo ahagenzurwa na!-->!-->!-->…
M23 yatanze umucyo ku mibare y’abapfiriye mu mirwano yo gufata umujyi wa Goma
Umutwe wa AFC/M23 wasohoye raporo ushaka kuvuguruza bimwe mu birego warezwe mu mezi ashize birimo imfu z'abantu benshi mu mujyi wa Goma, n'ubwicanyi ku bana mu mujyi wa Bukavu mu gihe cy'ifatwa ry'iyi mijyi y'intara ya Kivu ya Ruguru!-->!-->!-->…
Bwa mbere kuva yavugwa i Goma, Joseph Kabila yagaragaye mu ruhame
Nyuma y'iminsi avugwa ko ari mu mujyi wa Goma, kuri uyu munsi Bwana Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yagaragaye mu ruhame bikuraho gushidikanya ku makuru yavugaga ko ari muri uwo mujyi.
Umuvugizi w’umutwe wa M23 yatangaje amafoto ya!-->!-->!-->…
UPDF irashinja ambasaderi w’Ubudage kuba mu ‘bikorwa byo guhirika ubutegetsi’
Igisirikare cya Uganda kirashinja ambasaderi w'igihugu cy'Ubudagi kuba inyuma y'abashaka guhirika ubutegetsi bya Uganda.
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gihagaritse ubufatanye bwose bwa gisirikare cyari gifitanye n'Ubudage!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Sena yemeje ko Joseph Kabila yamburwa ubudahangarwa
Ku bwiganze, abasenateri ba DR Congo bemeje kwambura ubudahangarwa uwahoze ari perezida Joseph Kabila, ni nyuma y'uko ubushinjacyaha bwa gisirikare busabye ko yamburwa ubudahangarwa kugira ngo bumurege mu nkiko.
Kabila, usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ministre w’ubutabera yahakanye ikirego cyo kunyereza asaga Miliyoni 19$
Minisitiri w'ubutabera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC) Bwana Constant Mutamba yahakanye ibirego ashinjwa na Leta ye, ibirego birimo kuba uwo mugabo yaranyereje akayabo k'amafaranga yari agenewe umushinga mugari wo!-->!-->!-->…
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa
Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe.
Aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ministre w’intebe Lt. Gen. Ndirakobuca Gervais yashyizwe mu kiruhuko…
Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
Ndirakobuca wavukiye Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yasanzwemo Cancer ya Prostate yatangiye kumumunga amagufwa
Perezida Joe Biden wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerika muri manda imwe y'imyaka ine, abaganga bamuzura baremeza ko basanze uyu musaza yararenzwe n'indwara ya canseri ya prostate ku buryo bukabije kugeza ubwo iyo ndwara yatangiye!-->!-->!-->…
DRC: Gatolika irasanga gufunga amabanki mu bice byafashwe na AFC/M23 bishyira rubanda mu kangaratete
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo gufunga banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
Leta ya RDC yahagaritse ibi bikorwaremezo ubwo AFC/M23 yafataga!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na M23 bemeye guhagarika intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge hagamijwe guhagarika imirwano "mu buryo bw'ingirakamaro", "nyuma y'ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha!-->!-->!-->…