Browsing Category
Mu Mahanga
Zelensky yemeje ko ingabo za Ukraine ziri mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yemeye ku mugaragaro ku nshuro ya mbere ko ingabo z'icyo gihugu ziri mu mirwano mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya.
Ku wa mbere, yagize ati: "Dukomeje gukora ibikorwa mu turere two ku mupaka!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
Iri tangazo ryavugaga ko iri huriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongriya cyanze gufata minisitiri Netanyahu gihitamo kwikura muri ICC
Guverinoma ya Hongiriya yatangaje ko yavuye mu bihugu bibarizwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), nyuma yo kwanga guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu.
Umuyobozi mu biro bya Minisitiri w’Intebe wa!-->!-->!-->…
USA: NI IKI KIGIYE GUKURIKIRA IZAMURWA RY’IMISORO Y’IBINJIZWA MURI IKI GIHUGU?
Hatangajwe ibiciro bishya by'imisoro; Ariko se ni iki kigiye gukurikiraho?
Perezida wa Leta zunz Ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump, yavuze ko kuva abaye umukuru w'icyo gihugu, yatangaje ukwigenga mu bukungu bw'iki gihugu. Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Doumbouya yahaye imbabazi Capt. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry
Jenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo!-->!-->!-->…
Myanmar: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito
Abantu barenga 1,000 bapfuye muri Myanmar naho abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka, nyuma yuko umutingito w'isi wo ku gipimo cya 7.7 wibasiye iki gihugu cyo muri Aziya y'amajyepfo ashyira uburasirazuba no mu bihugu bituranye na cyo.
!-->!-->…
DRC: Nyuma yaho M23 yemeye kurekura Walikale, FARDC nayo yemeye kuba ihagaritse imirwano
Ingabo za leta ya DR Congo zatangaje ko zigiye "kwifata ku kuba zakora ibitero ku ngabo z'umwanzi" ndetse zisaba abarwanyi ba Wazalendo na bo kubigenza batyo hagamijwe gushishikariza ibiganiro by'amahoro.
Mu itangazo yasomye kuri!-->!-->!-->…
M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale
Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu!-->…
DRC yavuze umuntu w’ingenzi ugomba kuba mu bahuza bayo na M23
Mu gihe habura amasaha make ngo habe ibiganiro by'amahoro bihuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23, Leta ya Kinshasa yatangaje ko Sahle-Work Zewde wahoze ayobora Ethiopia kuba umwe mu bunzi.
Ku munsi w'ejo taliki ya 17 Werurwe nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tuzabakorera nk’ibyo badukoreye” Ububiligi nyuma yo kwirikanwa mu Rwanda
Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ifashe umwanzuro wo kwirukana aba dipolomates b'Ababiligi rukabaha amasaha 48 yo kuba bavuye ku butaka bw'u Rwanda, Ububuligi nabwo bwavuze ko buzakora nk'ibyo u Rwanda rwakoze.
Kuri uyu wa mbere taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Benjamin Netanyahu yirukanye uwari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu Gihugu
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yirukanye Ronen Ban wari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu gihugu.
Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byashyize hanze itangazo rivuga ko ibirebana n’iyirukanwa ry’uyu mugabo!-->!-->!-->…
M23 yohereje itsinda ry’abantu 5 bazaganira na Leta ya Congo
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bohereje kuri uyu wa mbere, itsinda ry’abantu batanu i Luanda muri Angola “mu biganiro bitaziguye”, ku busabe bw’abategetsi ba Angola.
Ibyo biganiro biteganyijwe gutangira ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kinshasa yavuye ku izima yemera guhurira i Louanda na M23
Leta ya Congo yemeye iva ku izima yemera kuganira n'umutwe wa M23 mu biganiro biteganijwe kuba ku munsi w'ejo kuwa kabiri
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro!-->!-->!-->…
Abasirikare n’abapolisi bo ku rwego rwa jenerali barezwe guhunga urugamba ubwo M23 yasatiraga…
Urukiko Rukuru rwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kane rwatangiye kuburanisha abasirikare n'abapolisi bakuru batanu bashinjwa guhunga urugamba ubwo umutwe wa M23 wari ugiye gufata umujyi wa Goma.
Aba!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wafashe ikirwa cya Idjwi kinini muri Congo
Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa cya Idjwi giherere mu kiyaga cya Kivu kikaba gituwemo n'abumva bakavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.
Umutwe w'ingabo za M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa kinini giherereye mu!-->!-->!-->…