Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: Ubundi General Gasita Olivier wa FARDC uteje imvururu i Uvira ni muntu ki?
Guhera mu cyumweru gishize, n'ubwo byaje gukomera cyane kuri uyu wa gatanu mu mujyi wa Uvira hakomeje kuvugwa kutumvikana hagati y'ingabo za Leta FARDC n'imitwe ya ba Wazalendo kugeza ubwo biviramo kurasana hagati y'izi mpande zombi ubundi!-->…
Uvira: Imirwano ikomeye ihanganishije FARDC na Wazalendo
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana.
Amasasu menshi muri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Donald agiye guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yiteguye gushyira umukono ku cyemezo nyobozi cyo guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo, bigahinduka ikajya yitwa "Minisiteri y’intambara." Ibi byazura izina ryataye imyaka irenga!-->!-->!-->…
Israel yalaani matamshi ya afisa wa Ulaya kuhusu ‘mauaji ya kimbari’ Gaza
Israel siku ya Alhamisi imekosoa vikali matamshi ya Makamu wa Rais wa Tume ya Umoja wa Ulaya, Teresa Ribera, ikiita vita vya Gaza kuwa ni "mauaji ya halaiki," ikimtuhumu kuwa "msemaji wa propaganda za Hamas."
"Tunalaani vikali madai!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yimwe ikaze muri Israel
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'igihugu cya Israel yakuriye inzira ku murima mugenzi we wo mu Bufaransa amubwira ko Israel idashobora guha ikaze perezida Macron.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima!-->!-->!-->…
China: Hamuritswe intwaro karahabutaka ‘zitari zizwi’ mu karasisi kitabiriwe na Putin,…
Igihugu cy'Ubushinwa cyaraye kimuritse intwaro zidasanzwe ndetse zitari zizwi, bibera mu karasisi gakomeye kari kitabiriwe n'abategetsi bakomeye harimo Kim Jong Un na Bwana Vladmir Putin.
Mu karasisi gakomeye aho Ubushinwa bwamuritse!-->!-->!-->…
Ubelgiji yatangaza kulitambua taifa la Palestina kwenye Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa
Ubelgiji italitambua taifa la Palestina katika Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa, Waziri wa Mambo ya Nje wa Ubelgiji Maxime Prévot ametangaza leo Jumanne, Septemba 2, akiungana na nchi zingine kama vile Ufaransa na Canada.
Palestina !-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kesi ya uhaini inayomkabili kiongozi wa upinzani Kizza Besigye yaahirishwa hadi Oktoba 1
Nchini Uganda, mpinzani wa muda mrefu wa Rais Yoweri Museveni, Kizza Besigye, hakuhudhuria ufunguzi wa kesi yake ya uhaini siku ya Jumatatu asubuhi Septemba 1, katika Mahakama Kuu ya Kampala.
Akiwa amezuiliwa tangu kukamatwa kwake!-->!-->!-->!-->!-->…
Palestine: Perezida yimwe Visa ya Amerika aho yari ateganije kwitabira inama ya Loni
Leta Zunze ubumwe za Amerika zimye uruhushya (Visa) Perezida wa Palestine, uruhushya rwo kwinjira muri icyo gihugu mu nama y'umuryango w'abibumbye.
Perezida wa Palestine Abbas n'abandi bategetsi bo mu gihugu cye bimwe visa ibinjiza!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa.
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu!-->!-->!-->…
Ibrahim Mahamadu wari umuyobozi wa Boko Haram yarasiwe mu mirwano arapfa
Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, Ibrahim Mahamadu, uzwi cyane ku izina rya ‘Boukura’, mu gikorwa cyabereye ku Kirwa cya Shilawa kiri mu gace ka Diffa.
Ibi ni ibikubiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Abasirikare barenga 149 bishwe n’ibyihebe mu munsi umwe
Igisirikare cya Mali cyemeje ko umutwe w’iterabwoba wa Jama’at Nursrat al-Islam wal-Muslimin (JNIM) ushamikiye kuri Al Qaeda wishe abasirikare bacyo barenga 149 mu masaha 24.
Ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa 20 Kanama 2025!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa ADF mu minsi itatu gusa, wambuye ubuzima abasaga 55
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kubeshya biba mu maraso yabo”: Leta ya Kinshasa yahakanye ibirego bya M23
Leta ya Kinshasa yahakanye amakuru umutwe wa M23 waraye utangaje avuga ko Leta iri gutegura intambara ikomeye ndetse n'ibitero kuri uwo mutwe wa M23.
Ku munsi w'ejobundi taliki ya 11 Kanama 2025, umutwe wa M23 washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky ntakozwa ibyo gukura ingabo ze i Donbas
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Ingabo za Ukraine zidashobora kuva mu gace zigenzura kari mu Ntara ya Donbas ndetse anatera utwatsi iby’uko igihugu cye cyakwemera guhara ubutaka bwahoze ari ubwacyo bugenzurwa n’u!-->!-->!-->…