Browsing Category
Mu Mahanga
Amerika yatabarije abaturage ba Sudan bakomeje kwicwa na RSF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yasabye ko hafatwa ingamba mpuzamahanga zo guhagarika itangwa ry’intwaro ku ngabo za Rapid Support Forces (RSF), ashinja iryo tsinda kuba nyirabayazana!-->!-->!-->…
Trump yanenze ubutabera bwa Isiraheli asaba Perezida guha imbabazi Benjamin Netanyahu
Perezida wa Isiraheli Isaac Herzog yakiriye ibaruwa yaturutse kuri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, imusaba "kubabarira byuzuye” Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu.
Netanyahu amaze imyaka itanu aburana ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Minisitiri w’ubutabera yirukanywe azira ruswa
Leta ya Ukraine yahagaritse Minisitiri w’Ubutabera German Galushchenko kubera gukekwaho ruswa rijyanye n’ikigo cya leta gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Energoatom, ubwo yari Minisitiri w’Ingufu muri icyo gihugu.
Minisitiri w’Intebe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ireland: Catherine Connolly w’imyaka 68 yatorewe kuyobora igihugu.
Catherine Connolly yatsinze amatora muri icyo gihugu cya Ireland, mu ijambo rye yavuze ko ku buyobozi bwe azaharanira ko ijwi rya buri wese rihabwa agaciro kandi rikumvikana.
Avuga mu Ngoro ya Dublin, aho yarahijwe nka perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abantu 12 bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi
Minisiteri y'umutekano mu gihugu cya Pakistan yemeje ko abantu bagera kuri 12 bahitanywe n'igikorwa cy'ubwiyahuzi cyakorewe mu murwa mukuru w'icyo gihugu Islamabad kibera hanze y'urukiko rwa rubanda.
Mu gihugu cya Pakistan haravugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Trump yahaye BBC iminsi 3 ikaba yakosoye inkuru imusebya, bitaba ibyo igacibwa amande
Donald Trump yaburiye BBC ko azayirega, nyuma y'uko iki kinyamakuru gishyizwe mu majwi kubera uburyo ijambo ry'uyu perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryahinduwe rigatambuka mu kiganiro Panorama.
Itsinda ry'abanyamategeko rya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Maj Gen Tshibangu wagambiriye gusenya umutwe wa M23 yatawe muri yombi
Muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo haravugwa inkuru y'itabwa muri yombi rya Maj. Gen. Tsibangu, umugambo wari wararahiriye gutsemba umutwe wa M23 umaze imyaka uhangana na Leta ya Congo.
Amakuru y'itabwa muri yombi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Donald Trump yavuze impamvu atazitabira inama ya G20 iteganijwe kubera muri Afrika…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nyakubahwa Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama ya G20 iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko igihugu cyakiriye iyo nama “kitagikwiye kugira umwanya mu bihugu!-->!-->!-->…
Perezida wa Mexique agiye kurega umugabo wamukorakoye ashaka no kumusoma mu ruhame
Perezida Claudia Sheinbaum Pardo wa Mexico/Mexique yavuze ko agomba kurega umugabo wamukorakoye agashaka no kumusoma ari mu ruhame.
Amashusho ya telephone yerekana ibi byabaye ku wa kabiri ubwo Claudia yariho ageza ijambo abantu!-->!-->!-->…
“Dufite intwaro za ‘nucléaire’ zaturitsa Isi inshuro 150”: Trump ku buhangange bwa…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko gihugu cye gifite intwaro za nucléaire nyinshi ku buryo zishobora guturitsa Isi inshuro 150, ko bakwiriye kuzisuzuma kugira ngo bakomere ku bushongore n’ubukaka bwabo.
!-->!-->!-->!-->…
Trump yatangaje ko Amerika nayo igiye kugerageza intwaro kirimbuzi.
Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika izatangira kugerageza intwaro za kirimbuzi ibintu bishobora kuba impinduka ikomeye muri politiki y'igihugu cye.
"Kubera gahunda z'ibindi bihugu zo kugerageza intwaro, nategetse Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rirashinja Leta kwica abarenga 700
Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzaniya rirashinja Leta kuba imaze kwica abayoboke bayo n'abandi baturage basanzwe bagera kuri 700 mu gihe cy'iminsi itatu gusa.
Ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi buriho muri!-->!-->!-->…
Tanzania: Imyigaragambyo yakajije umurego bituma Leta ifata ingamba zidasanzwe.
Mu gihe imyigaragambyo y'abatavuga rumwe na Leta yiganjemo urubyiruko ikataje, Leta ya Tanzaniya yasabye abakozi gukorera mu rugo, ishyiraho n'amasaha ntarengwa umuturage atagomba kurenza ari mu muhanda.
Mu gihe imyigaragambyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Polisi yatatanije urubyiruko rwazindukiye mu myigaragambyo i Dar es Salam
Polisi yo mu murwa mukuru Dar Es Salam yabyukiye mu gikorwa cyo gutatanya agatsiko k'urubyiruko kari mu bikorwa byo kwigaragambya.
Polisi mu mujyi wa Dar es Salaam yatatanyije agatsiko k'urubyiruko kari kazindukiye mu myigaragambyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump arashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Venezuela.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinjwa gushaka guhindura Venezuela “koloni ya Amerika", nk’uko Umushinjacyaha Mukuru wa Venezuela.
Umushinjacyaha mukuru wa Venezuela Bwana Tarek William Saab arashinja!-->!-->!-->!-->!-->…