Browsing Category
Mu Mahanga
‘Kereka nibanyica’ – Ibya ‘mixages et brassages’ ntibizongera –…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yatangaje ko abari mu mitwe y'inyeshyamba avuga ko "bakorera inyungu z'uwashotoye Congo" batazigera binjizwa muri leta cyangwa mu ngabo, ararahira ati: "Kereka nibanyica."
Tshisekedi yavuze ibi mu!-->!-->!-->…
Kenya: Imyigaragambyo yo gushyigikira Isiraheli
Abantu batari bake bazindukiye mu mihanda y'umurwa mukuru wa Kenya mu myigaragambyo yo gushyigikira Leta ya Isiraheli.
Kuri uyu wa kabiri ushize taliki ya 7 Ukwakira, 2025, abantu ibihumbi bahuriye mu mihanda ya Nairobi mu myigaragambyo!-->!-->!-->…
Abaturage ihaye ubutabera batwika abaganga bane babashinja ubupfumu.
Muri teritwari ya Isangi, mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu, nyuma yo kubakekaho guca ibice by’imyororokere by’abantu.
Ibyo bikorwa by’ubunyamaswa!-->!-->!-->…
Édouard Philippe wigeze kuba minisitiri w’intebe yasabye Emmanuel Macron kwegura
Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Ibi yabitangaje ku wa 7 Ukwakira 2025 nyuma yo!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 6 Ukwakira 2025 bambuye ihuriro Wazalendo agace ka Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Utu duce twafashe nyuma!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 na Leta ya Kinshasa bagiye kongera guhurira i Doha mu biganiro
Intumwa za leta ya Kinshasa n'izihagarariye umutwe wa AFC/M23 zirasubira mu biganiro mu mujyi wa Doha muri Qatar muri iki cyumweru nk'uko bivugwa na Radio Okapi yo muri DR Congo, impande zombi ntizirabasha kumvikana ku ngingo zirimo!-->!-->!-->…
France: Sébastien Lecornu wari utaramara n’ukwezi mu nshingano nka minisitiri w’intebe…
Bwana Sébastien Lecornu wari uherutse guhabwa inshingano nka minisitiri w'intebe mu gihugu cy'Ubufaransa, yeguye nyuma y'iminsi 27 gusa atangiye izi nshingano.
Perezidansi ya Repubulika mu gihugu cy'Ubufaransa yatangaje ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Muryame musinzire mureke kwikanga baringa:- Putin Vladmir
Kuri uyu wa kane ushize taliki ya 2 Ukwakira 2025, Perezida w'Uburusiya Bwana Vladmir Putin yasabye abayobozi b’ibihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane wa burayi bahorana ikintu cy'icyoba bikanga ko u Burusiya buzatera ibihugu byabo,!-->…
Maroc: Urubyiruko rumaze iminsi 4 rwigaragambya mu mihanda
Urubyiruko muri Maroc rukomeje ibikorwa byo kwigaragambya, aho ku munsi wa kane w’imyigaragambyo habayeho guhangana n’inzego z’umutekano.
Uru rubyiruko rusaba ko habaho itangwa rinoze rya serivisi zirebana n’imibereho myiza y’abaturage!-->!-->!-->…
DRC: Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yakatiwe urwo gupfa
Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Congo imyaka itari mike, yahamijwe ibyaha bikomeye akatirwa igihano cyo gupfa
Uwahoze ari perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Bwana Joseph Kabila yakatiwe igihano cy'urupfu!-->!-->!-->…
Setchelles: Rwabuze gica hagati y’abakandida babiri baharanira kuyobora igihugu.
Nyuma y'uko abakandida babiri bahatanira kuyobora igihugu cya Seychelles bananiwe kugeza ku bice 50 by'amajwi, komisiyo y'amatora muri icyo gihugu yategetse ko hakorwa andi andi kugeza habonetse umukandida.
Komisiyo y'amatora mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Victoria Kimani ahangayikishijwe n’abafana batamwereka urukundo
Umuhanzikazi ukunzwe muri Kenya no hanze yayo yagaragaje ko atishimira abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bareba ibyo abasangiza ntibatange ibitekerezo ibizwi nka “comments” kandi ntako aba atagize ngo abahe ibyiza.
Kimani ukora!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
Imirwano ku mpande zombi yarushijeho gukomera!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye ibitero Isiraheli yagabye muri Qatar
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye bidasubirwaho ibitero Isiraheli yagabye i Doha, muri Qatar ku ya 9 Nzeri 2025, ihumuriza Leta ya Qatar kubera urupfu rw’abakozi bayo, ndetse n’imiryango yabuze ababo.
Nk’uko bigaragara mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo yamagana Gen. Gasita
Umwana w'umuhungu w'imyaka 12 yapfuye arashwe, abantu nibura icyenda na bo barakomereka mu myigaragambyo yabayemo guhangana hagati y'abasirikare n'abigaragambya ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo.
!-->!-->!-->!-->!-->…