Browsing Category
Mu Mahanga
South Sudan: Salva Kiir yirukanye abajyanama be 2 bamubeshye bigatuma aha akazi umuntu wapfuye
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye abakozi be babiri nyuma yo kumuyobya bakamugira inama yo guha umuntu wapfuye kugira ngo ayobore itsinda ry’ibiganiro ku matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Ukuboza.
Itorwa rya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yigambye igitero cya drones giherutse kubera ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Umuyobozi w'umutwe wa AFC/M23 wemeje ko ari wo wagabye igitero cya 'drones' ku kibuga cy'indege cyo mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo mu buryo bwo "kuburira" Kinshasa.
Mu butumwa ku rubuga rwa X, Corneille Nangaa ukuriye uwo!-->!-->!-->…
France: Uwahoze ari umusenateri yahamijwe icyaha cyo gusambanya umudepite
Uwahoze ari umusenateri mu gihugu cy'Ubufaransa, yahamijwe icyaha cyo gusambanya ku gahato umudepite-kazi, akabikora abanje kumuha imiti isinziriza.
Inkiko zo mu gihugu cy'Ubufaransa zahamije ibyaha by'ubusambanyi bukozwe ku gahato!-->!-->!-->…
Umuvugizi wa Netanyahu yafunzwe azira kumena amabanga
Urukiko rwa Israel rwavuze ko uwahoze ari umuvugizi wa Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu yatawe muri yombi akekwaho gutangaza inyandiko z’ibanga ku binyamakuru nta burenganzira ahawe, urukiko rwavuze ko ibi bishobora kwangiza!-->…
Abanyamerika bafite bafite inkomoko muri Etiyopiya batanze ikirego kuri Trump
Imiryango iharanira uburenganzira bw'abimukira yatanze ikirego nyuma y'icyemezo cya leta ya Trump cyo guhagarika itegeko rirengera abimukira bo muri Etiyopiya.
Nk'uko byatangajwe n'ikinyamakuru Reuters, ibihumbi by'Abanya-Etiyopiya!-->!-->!-->…
Papa Léon XIV yasabye Amerika kwirinda gukoresha imbaraga za gisirikare kuri Venezuela
Papa Léon XIV yavuze ko yizeye ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika izashaka indi nzira yo gukemura ibibazo muri Venezuela, aho gukoresha uburyo bwa gisirikare kuko nta cyo bwakemura, ahubwo asaba ko hakoreshwa inzira y’ibiganiro cyangwa!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta yahakanye imibare y’abavugwa ko bapfiriye mu bikorwa by’imyigaragambyo.
Leta ya Tanzaniya yateye utwatsi imibare yatanzwe n'amashyirahamwe mpuzamahanga ivuga ko iyo mibare ihabanye n'ukuri kw'ibyabaye, ndetse ko abantu badakwiye kubarwa nk'ubara amamodoka.
Guverinoma ya Tanzania yamaganiye kure imibare!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Perezida Trump yasabye ko abadepite 7 b’aba Democrats bicwa kubera ubugambanyi
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye abadepite batandatu bo mu ishyaka ry'Abademokarate, ababwira ko bafite “imyitwarire y’ubugambanyi ikwiriye igihano cy’urupfu,” nyuma y’uko basohoye video isaba ingabo za!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo: Visi Perezida yambuwe amapeti anirukanwa n’abambari be babiri.
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye umwe mu ba visi perezida be, Benjamin Bol Mel, wari uzwi nk’ushobora kuzamusimbura.
Kiir yamwambuye ipeti rya gisirikare anamukuraho mu rwego rw’umutekano w’igihugu.
Perezida Salva!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yatabarije abaturage ba Sudan bakomeje kwicwa na RSF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yasabye ko hafatwa ingamba mpuzamahanga zo guhagarika itangwa ry’intwaro ku ngabo za Rapid Support Forces (RSF), ashinja iryo tsinda kuba nyirabayazana!-->!-->!-->…
Trump yanenze ubutabera bwa Isiraheli asaba Perezida guha imbabazi Benjamin Netanyahu
Perezida wa Isiraheli Isaac Herzog yakiriye ibaruwa yaturutse kuri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, imusaba "kubabarira byuzuye” Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu.
Netanyahu amaze imyaka itanu aburana ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Minisitiri w’ubutabera yirukanywe azira ruswa
Leta ya Ukraine yahagaritse Minisitiri w’Ubutabera German Galushchenko kubera gukekwaho ruswa rijyanye n’ikigo cya leta gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Energoatom, ubwo yari Minisitiri w’Ingufu muri icyo gihugu.
Minisitiri w’Intebe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ireland: Catherine Connolly w’imyaka 68 yatorewe kuyobora igihugu.
Catherine Connolly yatsinze amatora muri icyo gihugu cya Ireland, mu ijambo rye yavuze ko ku buyobozi bwe azaharanira ko ijwi rya buri wese rihabwa agaciro kandi rikumvikana.
Avuga mu Ngoro ya Dublin, aho yarahijwe nka perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abantu 12 bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi
Minisiteri y'umutekano mu gihugu cya Pakistan yemeje ko abantu bagera kuri 12 bahitanywe n'igikorwa cy'ubwiyahuzi cyakorewe mu murwa mukuru w'icyo gihugu Islamabad kibera hanze y'urukiko rwa rubanda.
Mu gihugu cya Pakistan haravugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Trump yahaye BBC iminsi 3 ikaba yakosoye inkuru imusebya, bitaba ibyo igacibwa amande
Donald Trump yaburiye BBC ko azayirega, nyuma y'uko iki kinyamakuru gishyizwe mu majwi kubera uburyo ijambo ry'uyu perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryahinduwe rigatambuka mu kiganiro Panorama.
Itsinda ry'abanyamategeko rya!-->!-->!-->!-->!-->…