Browsing Category
Mu Mahanga
‘Mfite ibintu 15 nsaba Iran’ – Trump
Donald Trump yaganiriye n'abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya Air Force One i Palm Beach.
Ku bijyanye na Irani, yagize ati: "Ibintu ni bigenda neza, amaherezo tuzakemura iki kibazo," bitabaye ibyo, "tuzakomeza gutera ibisasu!-->!-->!-->…
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu.
Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya!-->!-->!-->…
Alireza Aarafi wasimbuye Ayatollah Khamanei ni muntu ki?
Inama y'Impuguke yatoye Alireza Aarafi, umwe mu bagize itsinda riyoboye akanama gashinzwe umutekano , nk'umwe mu bagize "itsinda ry'abanyamategeko" b'Inama y'agateganyo iyobora Repubulika ya Kiyisilamu ya Irani.
Ubu, Aarafi amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri DRC, PerezidaTrump yikomye mu gatuza avuga ko yayirangije
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
Mu ijambo yagejeje ku Banyamerika ku wa 24!-->!-->!-->…
Urupfu rwa Willy Ngoma rusobanuye iki muri iyi ntambara?
Nyuma y'aho amakuru akomeje kuvuga ko uwari umuvugiz wa gisirikare w'umutwe wa M23 arashwe na drones za FARDC, bamwe mu bakurikiranira hafi intambara yo muri Congo, baribaza icyo urupfu rwe ruvuze muri iyi ntambara.
"Ndarwanira ko Congo!-->!-->!-->…
Ramaphosa yashimiye Putin wemeye gucyura Abanyafurika y’Epfo barwanaga muri Ukraine
Perezida wa Afrika Y'Epfo Bwana Ramaphoza, yashimiye Prezida Putin w'Uburusiya nyuma y'uko yemeye gucyura bamwe mu banyafrika y'Epfo bari barashutswe akazi nyuma bakisanga ku mirongo y'urugamba muri Ukraine.
Perezida Cyril Ramaphosa wa!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine yatangaje ko umugore we n’abana bahunze igihugu.
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda yatangaje ko “byabaye ngombwa ko umugore we n’abana bahunga igihugu” kubera ubugizi bwa nabi bakorerwaga n’inzego z’umutekano mu gihugu cye cya Uganda.
Robert Kyagulanyi uzwi!-->!-->!-->…
Uganda: Perezida Museveni yahaye umudari w’ishimwe umuhungu we Gen. Muhoozi.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yambitse umudali w’ishimwe umuhungu we akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba.
Ni umudali Gen Muhoozi yambitswe kubera kuyobora ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abarenga 30 baguye mu gitero cy’iterabwoba cyabereye mu musigiti
Abantu bagera kuri 31 bari mu musigiti bari gusenga kuri uyu wa gatanu mu gihugu cya Pakistan, batikiriye mu gitero cy'iterabwoba cyakozwe n'umuntu utari wamenyekana.
Kuri uyu wa gatanu abantu bagera kuri 31 bishwe n’igisasu!-->!-->!-->…
Ishyaka NUP rya Boby Wine ritemeye ibyavuye mu matora ryavuze ko ritazaregera ibyavuye mu matora
Ishyaka rya NUP (National Unity Platform) ry’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa ryagaragaje ko ritemera ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, icyakora rivuga ko ritazaregera!-->!-->!-->…
Gen Muhoozi agiye kwirukana abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kwirukana abakozi b’urwego rw’abinjira n’abasohoka batumaga Abanyarwanda bo muri iki!-->!-->!-->…
South Sudan: Salva Kiir yirukanye abajyanama be 2 bamubeshye bigatuma aha akazi umuntu wapfuye
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye abakozi be babiri nyuma yo kumuyobya bakamugira inama yo guha umuntu wapfuye kugira ngo ayobore itsinda ry’ibiganiro ku matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Ukuboza.
Itorwa rya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yigambye igitero cya drones giherutse kubera ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Umuyobozi w'umutwe wa AFC/M23 wemeje ko ari wo wagabye igitero cya 'drones' ku kibuga cy'indege cyo mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo mu buryo bwo "kuburira" Kinshasa.
Mu butumwa ku rubuga rwa X, Corneille Nangaa ukuriye uwo!-->!-->!-->…
France: Uwahoze ari umusenateri yahamijwe icyaha cyo gusambanya umudepite
Uwahoze ari umusenateri mu gihugu cy'Ubufaransa, yahamijwe icyaha cyo gusambanya ku gahato umudepite-kazi, akabikora abanje kumuha imiti isinziriza.
Inkiko zo mu gihugu cy'Ubufaransa zahamije ibyaha by'ubusambanyi bukozwe ku gahato!-->!-->!-->…
Umuvugizi wa Netanyahu yafunzwe azira kumena amabanga
Urukiko rwa Israel rwavuze ko uwahoze ari umuvugizi wa Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu yatawe muri yombi akekwaho gutangaza inyandiko z’ibanga ku binyamakuru nta burenganzira ahawe, urukiko rwavuze ko ibi bishobora kwangiza!-->…