Browsing Category
Mu Mahanga
Benjamin Netanyahu yirukanye uwari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu Gihugu
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yirukanye Ronen Ban wari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu gihugu.
Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byashyize hanze itangazo rivuga ko ibirebana n’iyirukanwa ry’uyu mugabo!-->!-->!-->…
M23 yohereje itsinda ry’abantu 5 bazaganira na Leta ya Congo
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bohereje kuri uyu wa mbere, itsinda ry’abantu batanu i Luanda muri Angola “mu biganiro bitaziguye”, ku busabe bw’abategetsi ba Angola.
Ibyo biganiro biteganyijwe gutangira ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kinshasa yavuye ku izima yemera guhurira i Louanda na M23
Leta ya Congo yemeye iva ku izima yemera kuganira n'umutwe wa M23 mu biganiro biteganijwe kuba ku munsi w'ejo kuwa kabiri
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro!-->!-->!-->…
Abasirikare n’abapolisi bo ku rwego rwa jenerali barezwe guhunga urugamba ubwo M23 yasatiraga…
Urukiko Rukuru rwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kane rwatangiye kuburanisha abasirikare n'abapolisi bakuru batanu bashinjwa guhunga urugamba ubwo umutwe wa M23 wari ugiye gufata umujyi wa Goma.
Aba!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wafashe ikirwa cya Idjwi kinini muri Congo
Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa cya Idjwi giherere mu kiyaga cya Kivu kikaba gituwemo n'abumva bakavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.
Umutwe w'ingabo za M23 watangaje ko wamaze kwigarurira ikirwa kinini giherereye mu!-->!-->!-->…
“Keretse nibadushotora, naho ubundi nta gahunda yo gufata Kinshasa ihari” Gen. Sultan…
Umugaba mukuru w'ingabo za M23 General Sultan Makenga yavuze ko umutwe ayobora udafite gahunda yo gutera no kwigarurira umurwa mukuru Kinshasa, keretse gusa Leta ya Congo ikomeje kubashotora no kubenderanya.
Mu kiganiro kidasanzwe!-->!-->!-->…
Abayobozi ba SADC bategetse ko ingabo zabo zari muri DRC zitaha
Abayobozi b'ibihugu bya SADC byari byarohereje ingabo zabo gufasha ingabo za FADCongo mu rugamba ihanganyemo n'umutwe wa M23 bategetse ko izo ngabo zitaha
Abakuru b'ibihugu bya SADC bari barohereje abasirikare babo kujya gufasha ingabo!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yaraye imishe ibisasu biremereye i Mulenge ikoresheje indege
Indege y'intambara y'ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere yakoze ibitero mu gace ka Minembwe kagenzurwa n'abarwanyi ba Twirwaneho mu ntara ya Kivu y'Epfo, nk'uko abahatuye babivuga.
Eloge!-->!-->!-->!-->!-->…
Duterte wigeze kuyobora igihugu cya Philippines yatawe muri yombi
Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu.
Duterte yafatiwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Twirwaneho yemeje urupfu rw’uwari umuyobozi wayo warashwe n’ingabo za Leta
Umutwe wa Twirwaneho ukorera mu gace kazwi nk'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Epfo ya DR Congo wasohoye intangazo wemeza urupfu rwa Michel Rukunda uzwi nka Makanika wari ukuriye uwo mutwe.
Iri tangazo rivuga ko "General" Makanika, usanzwe!-->!-->!-->…
Ingabo zo mu mutwe wa M23 zigaruriye umujyi wa Kamanyola
Abarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n'u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk'uko abahatuye babivuga.
Kamanyola muri teritwari ya Walungu iri ku ntera kilometero 45 mu majyepfo ya!-->!-->!-->…
Imitwe y’inyeshyamba itatu y’Abarundi yihuje ngo irwanye ubutegetsi bwa Ndayishimye
Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje na UPR ndetse na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.
Umuvugizi wa FRB-Abarundi, Major Mugisha Joab, yasobanuye ko iki cyemezo!-->!-->!-->…
DRC: Leta yemeye ko umujyi wa Bukavu wamaze kwigarurirwa n’umutwe wa M23
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yemeye ko umujyi wa Bukavu wigaruriwe n'umutwe wa M23.
Binyujijwe mu ijwi rya minisiteri y'itumanaho mu gihugu, Leta ya DRC yatangaje ko umujyi wa Bukavu nawo wamaze kwigarurirwa n'umutwe!-->!-->!-->…
Uganda: Dr.Besigye ushinjwa gushaka guhirika ubutegetsi agiye kuburanishwa nk’umusivile
Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda akaba na Minisitiri w’Itumanaho, Chris Baryomunsi yatangaje ko urubanza rwa Dr. Kizza Besigye wari umaze iminsi yiyicisha inzara muri gereza, rugiye kuvanwa mu nkiko za gisirikare, rukimurirwa mu nkiko!-->…
Afurika y’Epfo yataye muri yombi umubyeyi wa “Miss Universe Nigeria 2024”
Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yataye muri yombi Anabela Rungo, akaba nyina wa Miss Universe Nigeria 2024, Chidimma Adetshina.
Ikinyamakuru "Igihe" dukesha iyi nkuru kivuga ko Adetshina ari we wirukanywe mu irushanwa rya Nyampinga!-->!-->!-->…