Browsing Category
Mu Mahanga
Hasobanuwe impamvu yatumye Kenya Airways ihagaritse ingendo zijya i Kinshasa
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Mata 2024, Sosiyete y’Abanya-Kenya ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Kenya Airways, yafashe icyemezo cyo guhagarika ingendo z’indege zayo zijya i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),!-->!-->!-->…
DRC: Sakwe sakwe nyuma y’uko ubushinjacyaha bushaka gukurikirana Cardinal wa Kinshasa
Abanyecongo bakiriye ugutandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama y’abepiskopi ba Afurika na Madagascar.
Kuwa gatandatu, umushinjacyaha mukuru mu!-->!-->!-->…
Haiti: Minisitiri w’Intebe yeguye, hashyirwaho Guverinoma nshya
Minisitiri w’Intebe wa Haiti, Ariel Henry, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kujya kuri uwo mwanya ku mugaragaro mu 2021, ubwo Perezida Jovenel Moise yari amaze kwicwa, ubu uwo mwanya wa Minisitiri w’Intebe ukaba wahise ujyamo ku buryo!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Abarenga 150 bahitanywe n’imvura
Minisitiri w’Intebe muri Tanzania Bwana KASSIM MAJALIWA kuri uyu wa 25 Mata 2024 yatangaje ko abantu bagera ku 155 bahitanywe n'imvura nyinshi imaze iminsi igwa muri icyo gihugu ikaba kandi ifitanye isano n’umuyaga uzwi nka El Niño!-->!-->!-->…
Minisitiri wungirije w’ingabo w’Uburusiya arashinjwa kwakira ruswa
Minisitiri wungirije w'ingabo w'Uburusiya yashinjwe kwakira ruswa agumishwa muri gereza n'urukiko rwo mu murwa mukuru Moscow.
Timur Ivanov, waburanye ahakana ibyo aregwa, ashinjwa kwakira ruswa "nyinshi ku kigero kidasanzwe".
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Umu GP yarashe abantu 3 muri Resitora barapfa
Umwe mu basirikare barinda umutekano wa Perezida wa DRC yaraye arashe ku bakiriya bari muri resitora mu mujyi wa Goma hapfamo batatu.
Umusirikare utatangarijwe amazina ukorera mu mutwe w'ingabo zirinda umukuru w'igihugu muri Congo!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Pasiteri yahaye umwana imiti kugirango nasinzira aze kumuzura ariko aranga arapfa
I Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umupasiteri w’itorero ry’ububyutse yumvikanye n’umugabo n’umugore bizerwa mu itorero rye guha umwana wabo ibiyobyabwenge byinshi (ibinini bisinziriza) kugirango bahite bavuga!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahaye isomo FARDC n’abambari be yigarurira utundi duce tutari duke
Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa DRC wamaze kwigarurira utundi duce tutari duke nyuma y'imirwano ikaze yawushyamiranije n'ingabo za Leta n'indi mitwe iyifasha harimo wazalendo, FDLR n'indi myinshi.
Ni nyuma y’urugamba rwayihuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari Uherutse Gushingwa Kuyobora Ingabo Muri Kivu Ya Ruguru Yahamagajwe Igitaraganya
Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo.
Aho ni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Amashuri yose yafunzwe kubera ubushyuhe
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amashuri yose yahagaritswe kubera ikibazo cy’ubushyuhe bukabije bwugarije iki gihugu, ku buryo hari impunge ko bwagira ingaruka ku buzima bw’abatutage by’umwihariko abanyeshuri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Haiti: Minisitiri w’intebe yeguriye mu buhungiro nyuma y’igitutu cya rubanda
Minisitiri w’intebe Henry Ariel wa Haiti yemeye kwegura nyuma y’ibyumweru ari ku gitutu kubera impagarara n'ubugizi bwa nabi birimo kwiyongera mu gihugu cye.
Bibaye nyuma y’uko abategetsi bo mu karere iki gihugu kirimo bateraniye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage bongeye gutera hejuru basaba ko MONUSCO itaha iwabo
Bamwe mu baturage bo muri DRC baongeye kuzamura amajwi basaba ko ingabo za MONUSCO zihata iwabo vuba na bwangu nyuma y'aho basirikare bo mu mutwe wa M23 banyuze imbere y'aba MONUSCO ntibarase.
Abaturage batuye mu gace ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyeshyamba za M23 ziravugwaho gukorana n’abacanshuro b’abazungu mu ntambara na FARDC
Inyeshyamba za M23, zatangiye kuvugwaho gukorana n’abacanshuro b’Abazungu, zageze i Bwalanda, Mines, Katolo na SOMIKIVU, kuri iki cyumweru, itariki ya 10 Werurwe nyuma ya saa sita, nyuma y’iminsi 4 FARDC na wazalendo bihavuye ngo mu!-->!-->!-->…
Menya uyu mugore wiyise umugabo agashinga kompanyi ya ‘softwares’ yamugize umuherwe uzwi ku isi
Kuri benshi kandi mu gihe cy’imyaka myinshi, Stephanie Shirley yari “Steve”.
Kuri iryo zina niho yasinye inyandiko nyinshi nk’umukuru wa kompanyi ye ikora za softwares/ logiciels, nyuma y’uko izina rye ribanza rigaragaza ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkinafaso: Ibyihebe byateye mu rusengero byica abakristo bagera kuri 15 abandi barakomereka
Umutwe w'iterabwoba wagabye igitero muri kiliziya wica abasivili bagera kuri 15 ukomeretsa abandi batari bake.
Kuri iki cyumweru taliki ya 25 Gashyantare 2024 mu gihugu cya Bourkinafaso, umutwe w'iterabwoba wari witwaje ibirwanisho!-->!-->!-->!-->!-->…