Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: Bane mu bakandida ku mwanya wa perezida basabye ko amatora aba impfabusa
Abakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
Abo banyapolitiki ni umukuru w'abatavuga rumwe n'ubutegetsi Martin Fayulu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abahoze bayobora inteko ishingamategeko bahawe imodoka nshya za V8
Ababaye ba Perezida b’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, bashyikirijwe imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser V8, bamenyeshwa ko bazajya bazihindurirwa buri myaka itanu, banasobanurirwa impamvu babikorewe.
Izi modoka zizafasha!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Mu magambo akakaye arimo n’ibitutsi, Perezida Tshisekedi yahaye gasopo u Rwanda
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, yongeye kwihanangiriza u Rwanda arubwira ko nirwibeshya bazaba bikozeho.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 18 Ukuboza 2023 i Kinshasa ku kibuga cya Ndjili, Perezida wa Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kenya yahakanye ubugambanyi ishinjwa na DRC
Leta ya Kenya iravuga ko itigeze imenya iby'inama y'ihuriro ry'imitwe ivuga ko yishyize hamwe ngo irwanye Leta ya Congo.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 kuno kwezi kwa 12 mu gihugu cya Kenya hateraniye inama muri imwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yahamagaje abayigarariye muri Kenya no muri EAC
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko yahamagaje ambasaderi wayo muri Kenya ngo bagirane ibiganiro, nyuma yuko muri Kenya hashingiwe ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
Umuvugizi wa minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Madagascar: Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwimika Rajoelina
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yahagarariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Andry Rajoelina, Perezida wa Madagascar.
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yageze i Antananarivo mu Murwa Mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukandida Depite Muri Kivu y’Epfo Yishwe Arashwe
Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yiciwe mu mujyi wa Uvira.
Kandida Ndabuye Sadiki Espoir uzwi cyane nka Richa, yishwe arashwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rishi Sunak yatsinze urugamba rwa mbere rw’umushinga we ku Rwanda
Inteko y’Ubwongereza, umutwe w’abadepite (House of Commons), watoshye ushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, uyu mushinga uba utsinze urugamba rwa mbere muri iyi Nteko.
Uyu mushinga bashaka ko uba itegeko watsinze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya gatolika yasabye Leta kuva ku izima ikaganira na M23
Kiliziya gatolika muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasabye Leta iyobowe na Tshisekedi kwemera ikava ku izima ikagirana ibiganiro n'umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura amakimbirane.
Mu gihe intambara ikomeje kubica!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma ya Kenya, South Sudan nayo yacyuye ingabo zabo zari mu butumwa muri Congo
Nyuma y'ayo ingabo za Kenya zisubiye iwabo, kuri ubu iza Sudan y'amajyepfo nazo ubu ziri gutaha zisubira iwabo.
Ingabo za Sudani y'amajyepfo zuriye indege ziva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zisubira mu gihugu cyazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Irani Yategetse Amerika Kwishyura miliyari 50 y’Indishyi Kubera Kwica Jenerali Qassim…
Muri Irani, urukiko rwategetse Leta zunze ubumwe z'Amerika kwishyura amadolari hafi miliyari 50 y'indishyi z'akababaro kubera kwica General Qassim Soleimani.
Ku itariki ya 3 y’ukwa mbere 2020, uwari perezida Donald Trump, yategetse!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Birangiye umujyi wa Mushaki ugiye mu maboko ya M23 nyuma y’imirwano ikomeye
Amakuru yizewe aturuka ku mirongo y'urugamba aremeza ko ingabo zo mu mutwe wa M23 zimaze kwigarurira umujyi wa Mushaki nyuma y'imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa kane.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunzi bacu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo za Ukraine ziyiciye abasirikare bazo bashakaga gutoroka urugamba.
Ingabo za Ukraine ziherutse kwica abasirikare bazo 25 bashakaga gutoroka, nyuma y’uko bagaragaje ko bakumbuye imiryango yabo.
Ikinyamakuru Sputnik cyo mu Burusiya, cyatangaje ko ari amakuru cyahawe n’inzego zishinzwe ubutasi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Vradimir Putin yatangiye uruzinduko mu bihugu by’Abarabu
Perezida w'u Burusiya yatangiye uruzindiko mu bihugu bibiri by'Abarabu nyuma y'igihe cy'amezi Icyenda ashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi.
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu wa tariki 06 Ukuboza 2023, Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
UK: Minisitiri Jenrick yeguye nyuma y’itegeko rigenga kohereza abimukira mu Rwanda
Robert Jenrick wari Minisitiri ushinzwe kwita ku Bimukira mu Bwongereza yeguye nyuma y’amasaha make Guverinoma igejeje ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’itegeko rigamije gushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda!-->!-->!-->…