Browsing Category
Mu Mahanga
Perezida Trump arashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye…
Perezida w'Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza intambara igihugu cye kirwana n'Uburusiya, nyuma y'umunsi igitero gikomeye cy'Uburusiya cyishe abantu nibura 35 gikomeretsa abandi 117 muri!-->!-->!-->…
184 BAHITANYWE N’IMPANUKA YABEREYE MU KABYINIRO.
Impanuka yaraye ibereye mu kabyiniro ihitana abantu184 muri Santo Domingo
Mu ijoro ryakeye habaye impanuka muri Repubulika y'Abadominikani, mu mujyi wa Santo Domingo, mu kabyiniro karimo abagera ku 184, akaba aricyo kiza gikaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo yavuye ku izima yakira umuturage wirukanywe muri USA, nayo irakomorerwa kuri Visa
Sudani y'Epfo yavuze ko yemera kwakira umugabo wirukanwe na Amerika, mu cyemezo cyo guca bugufi kugira ngo Amerika ireke icyemezo cyayo cyo gukuraho visa ku baturage ba Sudani y'Epfo bose.
Ku wa gatandatu, minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
MARINE LE PEN: ABANYAPOLITIKE BARASHAKA KUNSHECEKESHA.
Marine Le Pen avuga ko abanyapolitike bashaka kumucecekesha bamutangatanga ngo ataziyamamaza muri 2027.
Marine Le Pen ni umwe mu bagore basigaye mu mitwe ya benshi nyuma yo kwiyamamariza kuyobora Ubufaransa, ubwo perezida Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Leta igiye gushyira imbaraga mu guhiga no guta muri yombi abakekwaho Genocide yakorewe…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zelensky yemeje ko ingabo za Ukraine ziri mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yemeye ku mugaragaro ku nshuro ya mbere ko ingabo z'icyo gihugu ziri mu mirwano mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya.
Ku wa mbere, yagize ati: "Dukomeje gukora ibikorwa mu turere two ku mupaka!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
Iri tangazo ryavugaga ko iri huriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongriya cyanze gufata minisitiri Netanyahu gihitamo kwikura muri ICC
Guverinoma ya Hongiriya yatangaje ko yavuye mu bihugu bibarizwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), nyuma yo kwanga guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu.
Umuyobozi mu biro bya Minisitiri w’Intebe wa!-->!-->!-->…
USA: NI IKI KIGIYE GUKURIKIRA IZAMURWA RY’IMISORO Y’IBINJIZWA MURI IKI GIHUGU?
Hatangajwe ibiciro bishya by'imisoro; Ariko se ni iki kigiye gukurikiraho?
Perezida wa Leta zunz Ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump, yavuze ko kuva abaye umukuru w'icyo gihugu, yatangaje ukwigenga mu bukungu bw'iki gihugu. Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Doumbouya yahaye imbabazi Capt. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry
Jenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo!-->!-->!-->…
Myanmar: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito
Abantu barenga 1,000 bapfuye muri Myanmar naho abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka, nyuma yuko umutingito w'isi wo ku gipimo cya 7.7 wibasiye iki gihugu cyo muri Aziya y'amajyepfo ashyira uburasirazuba no mu bihugu bituranye na cyo.
!-->!-->…
DRC: Nyuma yaho M23 yemeye kurekura Walikale, FARDC nayo yemeye kuba ihagaritse imirwano
Ingabo za leta ya DR Congo zatangaje ko zigiye "kwifata ku kuba zakora ibitero ku ngabo z'umwanzi" ndetse zisaba abarwanyi ba Wazalendo na bo kubigenza batyo hagamijwe gushishikariza ibiganiro by'amahoro.
Mu itangazo yasomye kuri!-->!-->!-->…
M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale
Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu!-->…
DRC yavuze umuntu w’ingenzi ugomba kuba mu bahuza bayo na M23
Mu gihe habura amasaha make ngo habe ibiganiro by'amahoro bihuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23, Leta ya Kinshasa yatangaje ko Sahle-Work Zewde wahoze ayobora Ethiopia kuba umwe mu bunzi.
Ku munsi w'ejo taliki ya 17 Werurwe nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tuzabakorera nk’ibyo badukoreye” Ububiligi nyuma yo kwirikanwa mu Rwanda
Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ifashe umwanzuro wo kwirukana aba dipolomates b'Ababiligi rukabaha amasaha 48 yo kuba bavuye ku butaka bw'u Rwanda, Ububuligi nabwo bwavuze ko buzakora nk'ibyo u Rwanda rwakoze.
Kuri uyu wa mbere taliki!-->!-->!-->!-->!-->…