Browsing Category
Mu Mahanga
M23 irashinja Leta ya DRC ko irimo kwitegura intambara yeruye
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye "nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara".
Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye "ibikorwa byo kwegeranya ingabo n'ibikoresho" mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ecuador: Abantu umunani barasiwe mu kabyiniro
Polisi ya Ecuador yatangaje ko abantu umunani bapfuye barashwe abandi batatu bakomerekera mu kabyiniro ka Santa Lucía, mu Ntara ya Guayas muri Ecuador.
Inzego z’umutekano zatangaje ko ayo makuru yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kubonana na Perezida Museveni bitangirwa akayabo.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’Amashilingi kugira ngo babahuze na we.
Museveni yasobanuye ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tugiye gufata ibirwanisho tubohore igihugu cyacu” Frederic Bamvuginyumvira
Ihuriro ry'abatavuga rumwe na Leta y'u Burundi rikorera mu gihugu cy'Ububiligi baravuga ko iryo huriro rigiye guhaguruka rigafata ibirwanisho rigakuraho ingoma bavuga ko ari 'igitugu' ya CNDD-FDD bashinja kwiba amajwi.
Mu mpera z'iki!-->!-->!-->…
Iran yagize icyo ivuga nyuma y’uko USA iyigabyeho ibitero
Iran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire.
Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari!-->!-->!-->…
USA yatangije ibitero kuri Iran, yongera gusaba icyo gihugu kuyamanika
Leta Zunze ubumwe za Amerika zaraye zitangije ibitero kuri Iran, Perezida Trump yongera gusaba icyo gihugu kuyamanika, bitaba ibyo kigakomeza kuminjwaho ibibombe biremereye.
Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru taliki ya 22 Kamena 2025!-->!-->!-->…
Iran yateguje akaga Amerika mu gihe yakwivanga mu ntambara yayo na Israel
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yaburiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, amuteguza ko azahura n’ingaruka n’akaga gakomeye naramuka yivanze mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli.
Ayatollah!-->!-->!-->!-->!-->…
Iran-Israel: Ali Shadmani wari uherutse guhabwa inshingano nshya, nawe yishwe
Ingabo za Israel zatangaje ko zishe Ali Shadmani, uherutse guhabwa inshingano zo kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran.
Uyu mugabo nta minsi itatu yari amaze kuri izi nshingano nyuma y’uko uwari uwuriho, Gholamali Rashid, yishwe mu!-->!-->!-->…
DRC: Minisitiri MUTAMBA Constant yahawe imbago atagomba kurenga
Ibinyamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, birimo n'ibiro ntaramakuru bya Congo, birasubiramo itangazo ry'umushinjacyaha mukuru ryo kuri uyu wa mbere wategetse ko Minisitiri w'ubutabera w'iki gihugu abujijwe kurenga umurwa!-->!-->!-->…
RDC: 29 bahitanywe n’umwuzure, 48 bagwa mu mpanuka y’ubwato
Abantu 29 bamaze kubaruwa nk’abahitanwe n’imyuzure yibasiye Umujyi wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), mu gihe abandi 48 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Tumba.
Minisitiri w’Intebe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Inteko ishingamategeko yakuyeho amaboko minisitiri Constant Mutamba
Inteko ishingamategeko yo mu gihugu cya Congo yakuyeho amaboko Bwana Mutamba Constant, yemerera ubushinjacyaha kumugeza mu nkiko.
Nyuma y'aho umubare munini w'abagize inteko ishingamategeko muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
“Rising Lion” Akabyiniriro k’ibitero simusiga Isiraheli yagabye kuri Iran
Leta ya Isiraheli yagabye ibitero bikomeye muri Iran, igitero yahaye akabyiniriro ka Rising Lion, isenya byinshi mu bikorwaremezo by'icyo gihugu.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatnu, Leta ya Isiraheli yasutse amatoni y'ibibombe mu!-->!-->!-->…
India: Abatari bake batikiriye mu mpanuka y’indege
Ikigo cy'igihugu gishinzwe iby'indege cyemeje ko indege ya Air India yakoze impanuka nyuma y'iminota mike gusa ihagurutse.
Indege ya Air India yari itwaye abantu bagera kuri 244 yakoze impanuka nyuma y'iminota itanu gusa ihagurutse mu!-->!-->!-->…
TESLA MU GIHOMBO CYA MILIYARI $150 NYUMA Y’UBWUMVIKANE BULE HAGATI YA MUSK NA TRUMP
Nyuma y'intambara y'amagambo yatangijwe na Elon Musk agisezera inshingano yari afite muri leta iyobowe na Trump Tesla ishobora guhomba agera kuri miliyari $150
Isoko ry'imari rya Tesla ryaragabanyutse kuva kuri uyu wa kane, kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki abamaze guhura na Joseph Kabila bamuvugaho kuva yagera i Goma?
Nyuma y'uko bitangajwe ko ageze i Goma, kuva mu mpera z'icyumweru gishize Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo amaze kubonana n'amatsinda atandukanye y'abahagarariye abaturage muri Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo ahagenzurwa na!-->!-->!-->…