Browsing Category
Mu Mahanga
Trump arateganya guhura na Xi Jinping imbona nkubone
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump azahura na mugenzi we w’u Bushinwa Xi Jinping muri Koreya y’Epfo ku wa 30 Ukwakira, mu nama y’abakuru b’ibihugu byo muri Aziya, nk’uko White House yabitangaje.
Umuteguro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cote d’Ivoire: Ouatara w’imyaka 83 arahabwa amahirwe yo kwegukana azaba ejo
Perezida wa Côte d’Ivoire Bwana Alassane Ouattara arimo guhatanira manda ya kane mu matora azaba ku wa Gatandatu, aho yasezeranyije gukomeza guteza imbere ubukungu mu buryo buhamye, mu gihe abamunenga bamushinja ibyo bita gahunda za Leta!-->…
China: Abajenerari 9 bakomeye birukanywe kubera gukekwaho ruswa
Ishyaka rya gikominisiti rya Chine ryirukanye aba jenerali icyenda bakuru mu bikorwa bikomeye by’ubutabera byagaragaye cyane mu myaka myinshi ishize bigamije guhashya ruswa mu ngabo.
Abayobozi bakuru icyenda bakurikiranyweho ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yavuze ko igiye guhagurukira FARDC ku bitero imaze iminsi ibagabaho.
Uruhande rwa leta ya Kinshasa n'urwa AFC/M23 bongeye gushinjanya kurenga ku masezerano yo kubahiriza agahenge nyuma y'imirwano ikomeye yavuzwe muri iki cyumweru mu ntara za Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo.
Mu kiganiro n'abanyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: John Heche utavuga rumwe na Leta yaraye atawe muri yombi
Umuyobozi wungirije w'ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzaniya yatawe muri yombi, mu gihe ibikorwa byo gucecekesha abatavuga rumwe n'ubutegetsi buriho bikomeje, mbere y'amatora rusange ateganijwe mu cyumweru gitaha muri iki!-->…
Cameroune: Perezida Paul Biya atsindiye manda yindi azasoza ku myaka ye hafi ijana.
Perezida wa Cameroune Bwana Paul Biya amaze gutangazwa nk'uwatsinze amatora aherutse muri icyo gihugu, ni manda izamara imyaka 7 akazayirangiza ku myaka ye 96 y'amavuko.
Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Cameroune imaze gutangaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Intumwa za AFC/M23 zongeye zihura n’iza Leta ya Kinshasa i Doha
Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’abo ku ruhande rw'umutwe wa AFC/M23 bongeye guhura i Doha muri Qatar hamwe n’umuhuza kugira ngo bongere banoze ibiganiro.Muri ibi biganiro byabaye ku nshuro ya!-->!-->!-->…
“Turi kuganira n’intumwa za Leta i Doha, ntibisaba ko Tshisekedi abanza…
Umuvugizi w'umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na Leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere "ku gahenge karambye" kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar.
Oscar Balinda yari abajijwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel yarekuye imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20…
Mu masaha ya saa saba y'i Ramallah muri Palestine - saa sita mu Burundi no mu Rwanda, imodoka ebyiri za 'bus' zitwaye imfungwa z'Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho na ho bari bategereje cyane abo!-->…
Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe abaturage n’abasirikare bakomeje kwigaragambiriza mu bice birimo Umurwa Mukuru, Antananarivo.
Radio mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI,!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Kereka nibanyica’ – Ibya ‘mixages et brassages’ ntibizongera –…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yatangaje ko abari mu mitwe y'inyeshyamba avuga ko "bakorera inyungu z'uwashotoye Congo" batazigera binjizwa muri leta cyangwa mu ngabo, ararahira ati: "Kereka nibanyica."
Tshisekedi yavuze ibi mu!-->!-->!-->…
Kenya: Imyigaragambyo yo gushyigikira Isiraheli
Abantu batari bake bazindukiye mu mihanda y'umurwa mukuru wa Kenya mu myigaragambyo yo gushyigikira Leta ya Isiraheli.
Kuri uyu wa kabiri ushize taliki ya 7 Ukwakira, 2025, abantu ibihumbi bahuriye mu mihanda ya Nairobi mu myigaragambyo!-->!-->!-->…
Abaturage ihaye ubutabera batwika abaganga bane babashinja ubupfumu.
Muri teritwari ya Isangi, mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu, nyuma yo kubakekaho guca ibice by’imyororokere by’abantu.
Ibyo bikorwa by’ubunyamaswa!-->!-->!-->…
Édouard Philippe wigeze kuba minisitiri w’intebe yasabye Emmanuel Macron kwegura
Édouard Philippe, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yasabye Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, kwegura avuga ko aricyo cyakemura ibibazo bya politiki biri mu Bufaransa.
Ibi yabitangaje ku wa 7 Ukwakira 2025 nyuma yo!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 6 Ukwakira 2025 bambuye ihuriro Wazalendo agace ka Luke na Mulema muri teritwari ya Masisi.
Utu duce twafashe nyuma!-->!-->!-->…