Browsing Category
Politike
Ataramara n’ukwezi, Minisitiri w’intebe mushya yahise atumizwaho na SENA ahatwa ibibazo
Abasenateri bafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, kugira ngo asobanure ingamba nshya zizakoreshwa nyuma y’uko Leta itabashije kugera ku ntego yari yihaye mu 2024, yo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi!-->!-->!-->…
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
Umuyobozi w’abarwanyi ba AFC/M23, Gen Sultani Makenga, yabasabye kugaragaza itandukaniro riri hagati yabo n’abo mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baranzwe n’imigirire mibi isuzuguza igihugu.
Mu nama yamuhuje!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Amerika
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko ibihugu byombi bisinye amasezerano yashyizweho umukono muri Kamena, nk’uko byemejwe n’impande zombi.
Inkuru dukesha Igihe.com nayo ikesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’Ubwongereza n’Ubufaransa, Canada nayo irateganya kwemeza ubwigenge bwa Palestine
Nyuma y'ibihugu nk'Ubufaransa n'Ubwongereza biherutse gutangaza bitarya umunwa ko bizemeza ubwigege bwa Leta ya Palestine, Canada nayo yamaze gutangaza ko yiteguye kwemeza ubwigenge bw'icyo gihugu.
Minisitiri w'intebe wa Canada,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyo wamenya kuri bamwe mu ba jenerali bakuru baraye bashyizwe mu kiruhuko
Itangazo rya minisiteri y'ingabo rivuga ko Perezida Paul Kagame, nk'Umugaba Mukuru w'iIkirenga w'ingabo z'u Rwanda, yashyize mu kiruhuko cy'izabukuru abasirikare bose hamwe barenga 1,000 barimo icyenda (9) bo ku rwego rwa jenerali.
!-->!-->!-->…
“Nkwijeje kugukorera n’u Rwanda” Justin waraye ugizwe minisitiri w’intebe
Nyuma yo kugirwa minisitiri w'intebe agasimbura Dr. Edouard Ngirente, Dr. Justin yashimiye Perezida Kagame wamuhaye inkoni y'ubuyobozi amwizeza kuzakorera neza igihugu.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 uku kwezi kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“M23 ntizarekura n’agace gato k’ubutaka yafashe” Kutumva kimwe ku masezerano…
Mu gihe impande ebyiri zimaze gusinya amasezerano y'amahoro ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, kuri ubu haragaragara kutumva kimwe imwe mu mirongo migari yasinyiwe i Doha
Nyuma y'aho Leta ya DRC isinya ye amasezerano y'amahoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ingingo zose zikubiye mu masezerano y’ibanze ku mahoro RDC yasinyanye na M23
Umutwe wa M23 wasinyanye amasezerana na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akubiyemo amahame y’iby’ibanze biganisha ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC no mu Karere hose.
Ni amasezerano yasinywe kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Qatar: Kera kabaye Kinshasa na M23 bashyize umukono ku mahame yo kurangiza intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba wa M23 uyirwanya bashyize umukono ku mahame yo kurangiza intambara mu burasirazuba bw'icyo gihugu, yatangiye mu mpera y'umwaka wa 2021.
Impande zombi zayashyizeho!-->!-->!-->!-->!-->…
Alice Uwase yagizwe umuyobozi wa RMB asimbura Francis Kamanzi
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB).
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida William Ruto yakiriye Kabarebe nk’intumwa idasanzwe yoherejwe na Perezida Kagame
William Ruto uyobora Kenya yatangaje ko yakiriye intumwa idasanzwe yohererejwe na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame ndetse ko bagiranye ibiganiro byiza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 17 Nyakanga 2025, mu biro by'umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe i Kyiv
Abategetsi bavuze ko maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe ku manywa y'ihangu mu murwa mukuru Kyiv.
Uwo maneko w'urwego rw'ubutasi bw'imbere mu gihugu (SBU) yarashwe amasasu menshi muri parikingi y'imodoka, nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 na Leta ya Congo i Doha mu biganiro bishobora kuba ari ibya nyuma.
Minisitiri w'umutekano w'u Rwanda na Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu wa DR Congo bageze i Doha muri Qatar gukurikirana ibiganiro hagati y'umutwe wa M23 na leta ya Kinshasa nk'abatumirwa, nk'uko bivugwa na Radio Mpuzamahanga!-->!-->!-->…
“Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana”: Paul Kagame
Perezida Kagame yaburiye umuntu wese wigamba ko azatera u Rwanda, avuga ko rushobora kuba rudafite ubushobozi nk’ubwe mu bikoresho ariko rufite ubushobozi bwo kumusanga aho ari rukamurwanya.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yagezaga!-->!-->!-->…
Bari gupfa bagashira iyo bibeshya bakarwana – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo!-->…