Browsing Category
Politike
France: Leta igiye gushyira imbaraga mu guhiga no guta muri yombi abakekwaho Genocide yakorewe…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zelensky yemeje ko ingabo za Ukraine ziri mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yemeye ku mugaragaro ku nshuro ya mbere ko ingabo z'icyo gihugu ziri mu mirwano mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya.
Ku wa mbere, yagize ati: "Dukomeje gukora ibikorwa mu turere two ku mupaka!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
Iri tangazo ryavugaga ko iri huriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongriya cyanze gufata minisitiri Netanyahu gihitamo kwikura muri ICC
Guverinoma ya Hongiriya yatangaje ko yavuye mu bihugu bibarizwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), nyuma yo kwanga guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu.
Umuyobozi mu biro bya Minisitiri w’Intebe wa!-->!-->!-->…
Col Kabanda wagizwe umuyobozi mushya wa RIB yavuze ko azakomereza ku musingi w’uwo yasimbuye.
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga yahererekanyije ububasha na Col Pacifique Kayigamba Kabanda wamusimbuye kuri uyu mwanya.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Doumbouya yahaye imbabazi Capt. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry
Jenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo!-->!-->!-->…
Nduhungirehe yanenze Umujyi wa Liège watangaje ko utazategura ibikorwa byo Kwibuka31
Nyuma y’uko Umujyi wa Liège wo mu Bubiligi watangaje ko utazategura ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yanenze ubuyobozi bw’uwo mujyi. Yagize ati “Ikigaragara ni uko!-->…
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’Abanya Koreya y’Epfo batikiriye mu nkongi…
Leta y'u Rwanda yihanganishije guverinoma ya Koreya y'Epfo kubera inkongi y'umuriro yapfiriyemo abaturage bayo batari bake
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Ambasade y’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, yihanganishije imiryango n’inshuti!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma yaho M23 yemeye kurekura Walikale, FARDC nayo yemeye kuba ihagaritse imirwano
Ingabo za leta ya DR Congo zatangaje ko zigiye "kwifata ku kuba zakora ibitero ku ngabo z'umwanzi" ndetse zisaba abarwanyi ba Wazalendo na bo kubigenza batyo hagamijwe gushishikariza ibiganiro by'amahoro.
Mu itangazo yasomye kuri!-->!-->!-->…
M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale
Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu!-->…
Ba Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi bahuriye i Doha
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Quatar.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Werurwe 2025, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko amagambo ya Ndayishimiye ashobora kongera gusubiza ibintu habi.
Mu ijambo Ndayishimiye yagejeje ku bakirisitu b’itorero Vision de Jésus-Christ tariki ya 16 Werurwe, yashinje u Rwanda kuba intandaro y’amacakubiri ashingiye ku moko mu Burundi kuva mu 1959 no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->…
DRC yavuze umuntu w’ingenzi ugomba kuba mu bahuza bayo na M23
Mu gihe habura amasaha make ngo habe ibiganiro by'amahoro bihuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23, Leta ya Kinshasa yatangaje ko Sahle-Work Zewde wahoze ayobora Ethiopia kuba umwe mu bunzi.
Ku munsi w'ejo taliki ya 17 Werurwe nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tuzabakorera nk’ibyo badukoreye” Ububiligi nyuma yo kwirikanwa mu Rwanda
Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ifashe umwanzuro wo kwirukana aba dipolomates b'Ababiligi rukabaha amasaha 48 yo kuba bavuye ku butaka bw'u Rwanda, Ububuligi nabwo bwavuze ko buzakora nk'ibyo u Rwanda rwakoze.
Kuri uyu wa mbere taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda imaze guhambiriza aba Diplomates b’Ububiligi
Leta y'u Rwanda imaze guhambiriza abakozi bakoraga mu biro bya ambassade y'Ububiligi hano i Kigali, bahabwa amasaha 48 angana n'iminsi ibiri kuba bamaze kuzinga utwangushye bagasubira iwabo.
Binyuze mu itangazo rya minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…