Browsing Category
Politike
Biravugwa ko Lt.Colonel Willy Ngoma yaba yarashwe na Drone za FARDC
Amakuru akomeje kuvugwa hirya no hino, aremeza ko Lt. Colonel Willy Ngoma yaba yaraye arasiwe mu mirwano mu gace ka Rubaya.
Lt.Colonel Willy Ngoma wari umuvugizi w'umutwe wa AFC M23 biravugwa ko yaraye arasiwe mu bitero bikomeye!-->!-->!-->…
Chad yafunze umupaka uyihuza na Sudani kugeza igihe kitazwi
Chad yafunze umupaka uyihuza na Sudani nyuma y’uko abaturage n’abasirikare bayo baguye mu mirwano ikomeje muri Sudani yabereye hafi n’umupaka utandukanya ibihugu byombi.
Mu itangazo yashyize hanze, Minisitiri w’Itumanaho muri Chad,!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan irashinja Uganda gushyigikira iterabwoba
Igihugu cya Sudan kirashinja Leta ya Uganda gushyigikira iterabwoba nyuma y'aho iki gihugu cyemeye kwakira umuyobozi w'umutwe wa RSF uhanganye na Leta ya Sudan
Leta ya Sudani yamaganye ndetse inashinja Uganda gushyigikira no guhemebera!-->!-->!-->…
Ideni Amerika ibereyemo Loni ni miliyari 4 z’amadorali
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziwubereyemo imyenda igera kuri miliyari 4$ ikomoka ku misanzu iki gihugu kitatanze cyane cyane kuva igihe Perezida Donald Trump yagiriye ku butegetsi.
Muri uyu mwenda!-->!-->!-->!-->!-->…
Uruntu runtu hagati ya Perezida Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni bongeye kugaragaza kutavuga rumwe, biturutse ku kibazo cy’umusore w’Umufaransa wishwe na mugenzi we mu Mujyi wa Lyon.
Havutse intambara!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine yatangaje ko umugore we n’abana bahunze igihugu.
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda yatangaje ko “byabaye ngombwa ko umugore we n’abana bahunga igihugu” kubera ubugizi bwa nabi bakorerwaga n’inzego z’umutekano mu gihugu cye cya Uganda.
Robert Kyagulanyi uzwi!-->!-->!-->…
Uganda: Perezida Museveni yahaye umudari w’ishimwe umuhungu we Gen. Muhoozi.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yambitse umudali w’ishimwe umuhungu we akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba.
Ni umudali Gen Muhoozi yambitswe kubera kuyobora ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishyaka NUP rya Boby Wine ritemeye ibyavuye mu matora ryavuze ko ritazaregera ibyavuye mu matora
Ishyaka rya NUP (National Unity Platform) ry’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa ryagaragaje ko ritemera ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, icyakora rivuga ko ritazaregera!-->!-->!-->…
Abayungukamo menshi ntayo bacukura – Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye ya RDC
Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu byirirwa bitoteza u Rwanda ngo rwiba amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biba byirengagiza nkana uko ibintu bikorwa kuko biri mu bicuruza menshi bikayungukiramo cyane!-->!-->!-->…
Gen Muhoozi agiye kwirukana abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kwirukana abakozi b’urwego rw’abinjira n’abasohoka batumaga Abanyarwanda bo muri iki!-->!-->!-->…
South Sudan: Salva Kiir yirukanye abajyanama be 2 bamubeshye bigatuma aha akazi umuntu wapfuye
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye abakozi be babiri nyuma yo kumuyobya bakamugira inama yo guha umuntu wapfuye kugira ngo ayobore itsinda ry’ibiganiro ku matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Ukuboza.
Itorwa rya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yigambye igitero cya drones giherutse kubera ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Umuyobozi w'umutwe wa AFC/M23 wemeje ko ari wo wagabye igitero cya 'drones' ku kibuga cy'indege cyo mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo mu buryo bwo "kuburira" Kinshasa.
Mu butumwa ku rubuga rwa X, Corneille Nangaa ukuriye uwo!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko
Guverinoma y’u Rwanda yashyize ahagaragara amakuru ashingiye ku mategeko n’ibimenyetso byatumye rujyana ikirego mu bukemurampaka bw’Urukiko Mpuzamahanga rurega Ubwami bw’u Bwongereza.
Rwashimangiye ko nta yandi mahitamo yari hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi yahakanye iby’ikubitwa ry’umugore wa Bobi Wine
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibyo umugore w’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Itungo, aherutse kuvuga ko urugo rwe rwatewe mu gihe!-->…
Umuvugizi wa Netanyahu yafunzwe azira kumena amabanga
Urukiko rwa Israel rwavuze ko uwahoze ari umuvugizi wa Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu yatawe muri yombi akekwaho gutangaza inyandiko z’ibanga ku binyamakuru nta burenganzira ahawe, urukiko rwavuze ko ibi bishobora kwangiza!-->…