Browsing Category
Politike
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Natanyahu yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu ndetse na Yoav Gallant wahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri iki gihugu. Bombi bazishyiriweho kubera ibyaha!-->!-->!-->…
Col. Rtd Dr Kizza Besigye yatawe muri yombi
Umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’Ubutegetsi buriho muri Uganda yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya.
Ni ibyatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki 20 Ugushyingo 2024, na!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ibyifuzo by’abaturage ku igenamigambi n’ingengo y’Imari n’Imihigo 2025-2026 byatangiye…
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera barishimira ko basigaye bagira uruhare mu igenamigambi ry'Akarere kabo bakagaragaza ibyo bifuza ko bakorerwa, bagahamya ko kugira uruhare no gutanga ibyifuzo byabo ku igenamigambi ku bibakorerwa!-->!-->!-->…
Uburayi bwamaganye abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye abakomeje kuzamura amagambo avuga ko, ‘Ingabo z’u Rwanda (RDF) zaba ziri i Maputo mu murwa Mukuru wa Mozambique mu gufashwa inzego z’umutekano zikomeje guhangana n’Abagigaragambya.
Ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Boko Haram yagabye igitero gikomeye yica abasirikare ba Leta 40
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Ibiro ntaramakuru AFP by’Abafaransa byatangaje ko iki kigo cyegereye akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutantora yaba ari amwe mu mahitamo mabi mwaba mukoze mu buzima – Donald Trump
Bwana Donald Trump wigeze kuba perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika akaba yifuza kongera guhatanira uno mwanya, yasabye abanyamerika kumugirira icyizere bakamutora kuko aribwo bazagira amahoro.
Ibi Donald Trump yongeye abwira!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Umunyapolitike ukomeye arashinjwa gucura umugambi wo kwica Perezida
Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Malawi yarezwe gucura umugambi wo kwica Perezida w'icyo gihugu Lazarus Chakwera.
Patricia Kaliati, umunyamabanga mukuru w'ishyaka UTM, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wa 2024, wateje imbere ubukungu
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wagaragaje impinduka ziteza imbere ubukungu kuri uyu mugabane, mu bihembo bigenerwa abayobozi mu bya politiki n’ubucuruzi bizwi nka ‘All Africa Business Leaders Awards, AABLA’.
!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yageze muri Samoa ahabera inama ya CHOGM
Perezida Paul Kagame yageze mu mujyi wa Apia, mu murwa mukuru wa Samoa, aho yitabiriye inama ya CHOGM ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza.
Akigera!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’iy’ubuhinzi n’ubworozi zaraye…
Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2024, Perezida Kagame yagize Dr. Patrice Mugenzi Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, naho Dr. Mark Bagabe Cyubahiro agirwa Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi.
Dr. Mugenzi asimbuye Musabyimana Jean Claude wari!-->!-->!-->!-->!-->…
Aurore Mimosa wari uherutse kuvanwa muri Minisports yahawe izindi nshingano
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 18 Ukwakira, inama y'abaminisitiri yateranye ishyira mu myaanya abatari bake, muri abo herimo madame Aurore Mimosa MUNYANGAJU wari uherutse kuvanwa mu nshingano zo kuyobora minisiteri ya!-->!-->!-->…
Donald TRUMP arashinja Biden na Zelensky kuba ba nyirabayazana b’intambara ya Ukraine na…
Bwana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika arasanga Perezida Joe Biden wamusimbuye na Zelensky aribo bateye intambara igihugu cya Ukraine kimaze igihe kirwana n'Uburusiya.
Donald Trump avuga ko Volodymyr!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutwe wa HAMAS umaze kwemeza ko uwari umuyobozi yishwe n’ingabo za Israel
Umutwe wa HAMAS uvuga ko uharanira uburenganzira n'ubusugire bw'abanya Palestine, umaze kwemeza ko uwari umuyobozi wayo aherutse kwicwa n'abasirikare ba Israel barwanira ku butaka.
Umutwe wa Hamas nawo wemeje amakuru y’urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. KINDIKI yagizwe Visi Perezida asimbura umuherwe Gachaguwa
Inteko ishinga amategeko umutwe wa sena mu gihugu cya Kenya yemeje Prof.Kindiki nka visi perezida w'icyo gihugu nyuma y'aho uwari usanzweho akuweho icyizere n'imitwe yombi.
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya Moses!-->!-->!-->!-->!-->…
Louise Mushikiwabo yshyizeho Umurundi kumuhagararira muri Haiti
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagennye Domitien Ndayizeye, wabaye Perezida w’u Burundi, nk’intumwa ye idasanzwe, ishinzwe gukurikirana ibibera muri Haïti.
Ni icyemezo!-->!-->!-->!-->!-->…