Browsing Category
Politike
Perezida Donald agiye guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yiteguye gushyira umukono ku cyemezo nyobozi cyo guhindura izina rya Minisiteri y’ingabo, bigahinduka ikajya yitwa "Minisiteri y’intambara." Ibi byazura izina ryataye imyaka irenga!-->!-->!-->…
Israel yalaani matamshi ya afisa wa Ulaya kuhusu ‘mauaji ya kimbari’ Gaza
Israel siku ya Alhamisi imekosoa vikali matamshi ya Makamu wa Rais wa Tume ya Umoja wa Ulaya, Teresa Ribera, ikiita vita vya Gaza kuwa ni "mauaji ya halaiki," ikimtuhumu kuwa "msemaji wa propaganda za Hamas."
"Tunalaani vikali madai!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yimwe ikaze muri Israel
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'igihugu cya Israel yakuriye inzira ku murima mugenzi we wo mu Bufaransa amubwira ko Israel idashobora guha ikaze perezida Macron.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima!-->!-->!-->…
USA ihangayikishijwe n’ubufatanye hagati ya China n’Uburusiya
Minisitiri w’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth yatangaje ko Perezida Donald Trump yabahaye inshingano zo kongera kubaka igisirikare kitajegajega, hagamijwe kurwanya ubufatanye bw’u Burusiya n’u Bushinwa mu migambi!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo yimye Visa abatavuga rumwe na DRC mu biganiro byateguwe na Thabo Mbeki
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yimye visa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashaka kwitabira ibiganiro by’amahoro byateguwe n’umuryango wa Thabo Mbeki.
Uyu muryango wateganyije ko ibi biganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Hamuritswe intwaro karahabutaka ‘zitari zizwi’ mu karasisi kitabiriwe na Putin,…
Igihugu cy'Ubushinwa cyaraye kimuritse intwaro zidasanzwe ndetse zitari zizwi, bibera mu karasisi gakomeye kari kitabiriwe n'abategetsi bakomeye harimo Kim Jong Un na Bwana Vladmir Putin.
Mu karasisi gakomeye aho Ubushinwa bwamuritse!-->!-->!-->…
HCR ntiyemeranywa na HRW kuri raporo ishinja u Rwanda gucyura impunzi z’Abanyarwanda ku ngufu
Umuyobozi Mukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR), Filippo Grandi, yamaganye raporo y’umuryango Human Rights Watch irishinja kugira uruhare mu gucyura “ku ngufu” impunzi z’Abanyarwanda.
Muri Gicurasi 2025, u!-->!-->!-->…
Ubelgiji yatangaza kulitambua taifa la Palestina kwenye Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa
Ubelgiji italitambua taifa la Palestina katika Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa, Waziri wa Mambo ya Nje wa Ubelgiji Maxime Prévot ametangaza leo Jumanne, Septemba 2, akiungana na nchi zingine kama vile Ufaransa na Canada.
Palestina !-->!-->!-->!-->!-->…
Gen.Maj. Cirumwami wari umaze amezi arindwi apfuye yaraye ashyinguwe agirwa intwari y’igihugu
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yazamuye mu ntera Gen Maj Peter Cirimwami Nkuba, wapfiriye mu rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu muri Mutarama 2025 anagirwa intwari y'igihugu kimwe!-->!-->!-->…
Uganda: Kesi ya uhaini inayomkabili kiongozi wa upinzani Kizza Besigye yaahirishwa hadi Oktoba 1
Nchini Uganda, mpinzani wa muda mrefu wa Rais Yoweri Museveni, Kizza Besigye, hakuhudhuria ufunguzi wa kesi yake ya uhaini siku ya Jumatatu asubuhi Septemba 1, katika Mahakama Kuu ya Kampala.
Akiwa amezuiliwa tangu kukamatwa kwake!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yahaye gasopo Leta ya Congo ayishinja kwica abaturage
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yihanganirije ingabo z’iki gihugu n’indi mitwe bikomeje kwifatanya mu kugaba ibitero mu bice rigenzura no mu bice bituwe!-->!-->!-->…
Palestine: Perezida yimwe Visa ya Amerika aho yari ateganije kwitabira inama ya Loni
Leta Zunze ubumwe za Amerika zimye uruhushya (Visa) Perezida wa Palestine, uruhushya rwo kwinjira muri icyo gihugu mu nama y'umuryango w'abibumbye.
Perezida wa Palestine Abbas n'abandi bategetsi bo mu gihugu cye bimwe visa ibinjiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yageze mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique, uri mu Rwanda mu ruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa.
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu!-->!-->!-->…
Perezida Donald Trump yiteguye kongera guhura na Kim Jong Un.
Perezida Donald Trump yatangaje ko yiteguye kongera guhura na mugenzi we Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, ibyo yabitangarije mu nama yagiranye na Perezida wa Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung.
Korea y’Epfo na Korea ya Ruguru bimaze!-->!-->!-->!-->!-->…