Browsing Category
Politike
Perezida Tshisekedi yongeye kwikoma u Rwanda
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Bwana Felix Tshisekedi yongeye yikoma u Rwanda arushinja kuba rufite ingabo mu gihugu cye ndetse ko icyo gihugu cyakomeje kwinangira ku mugambi wayo wo gukorana na AFC/M23.
Kuri uyu!-->!-->!-->…
Malawi: Mutharika wigeze kuyobora Malawi mu bafite amahirwe yo gutsinda amatora
Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.
Igitangazamakuru cyo muri Malawi, Times Television, cyatangaje ko Peter!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yageze mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi
Kuri uyu wa kabiri, Perezida Paul Kagame yageze mu gihugu cya misiri azamaramo iminsi ibiri mu ruzinduko rw'akazi.
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: “Mu gihe Katanga itarafatwa, igihugu cyabaho” Brig Gen Eddy Kapend
Umuyobozi wa Regiyo ya gisirikare ya 22, Brig Gen Eddy Kapend, yavuze ko ntacyo bitwaye igihugu kuba abarwanyi b’Ihuriro rya AFC/M23 bafata ibice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko!-->!-->!-->…
Mu nteko rusange ya LONI, Macron yemeje ko ashyigikiye ubwigenge bwa Leta ya Palestine
Nyuma y'ibindi bihugu bikomeye birimo Ubwongereza na Canada, perezida Emmanuel Macron w'Ubufaransa, yatangaje ko igihugu cye nacyo gishyigikiye ubwigenge n'ubusugire bwa Leta ya Palestine.
Ibi byatangajwe na Perezida Emmanuel Macron!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yeguye ku mirimo ye
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Nzeri 2025.
Ni icyemezo kije nyuma y’iminsi myinshi amakimbirane yiyongereye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda na Hongiriya byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere Siporo
Ni amasezerano yasinywe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Nduhungirehe na Péter Szijjártó, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi w’icyo Gihugu.
Uretse aya masezerano yashyiriweho umukono muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea votes on new constitution to move from military to civilian rule
Guinea’s 6.7 million voters eligible to cast a ‘yes’ or ‘no’ vote on a new constitution.
Guinea is holding a long-awaited referendum on a new constitution that could allow coup leader Mamady Doumbouya to run for president and would!-->!-->!-->!-->!-->…
UK, Australia, and Canada recognise Palestinian state, angering Israel
The UK, Australia, and Canada on Sunday recognised a Palestinian state in a coordinated, historic shift in decades of Western foreign policy, triggering swift anger from Israel
Portugal was also set to recognise Palestinian!-->!-->!-->!-->!-->…
Charlie Kirk uherutse uherutse kuraswa yasezeweho nk’intwari y’Amerika
Perezida w'Amerika Donald Trump yashimye impirimbanyi Charlie Kirk yari ikomeye ku bya kera avuga ko ari "intwari ikomeye y'Amerika" ndetse n'"umumaritiri", mu ijambo yagejeje ku bantu babarirwa mu bihumbi za mirongo bitabiriye umuhango wo!-->…
“Usome amazi ashyushye birashira”Nduhungirehe ku yasubije umudepite w’Umubiligi 
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije Umudepite w’u Bubiligi witwa Lydia Mutyebele Ngoi, wanditse ku mbuga nkoranyambaga anenga ko u Rwanda rwahawe kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare,!-->!-->!-->…
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
Imirwano ku mpande zombi yarushijeho gukomera!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 irashinja ingabo za Leta kurasa mu gace gatuwe n’abasivili
Umutwe wa AFC/M23 urashinja ingabo za Leta FARDC n'abafatanyabikorwa bayo aribo FDLR, ingabo z'u Burundi, wazalendo kurasa ikoresheje indege mu bice bituwemo abasivili ku buryo hari benshi bahitanywe n'ibyo bitero.
Ihuriro AFC/M23!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye za Leta n’izigenga, hagamijwe kunoza imikorere no kurushaho gushyira mu bikorwa gahunda za Guverinoma
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri!-->!-->!-->…
Imiryango itari iya Leta yaganirijwe ku kurwanya iyezandonke, iterabwoba n’ikwirakwizwa ry’intwaro…
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwagiranye ibiganiro n’abahagarariye imiryango nyarwanda na mpuzamahanga itari iya leta ndetse na za fondasiyo, kuri gahunda za Leta zirimo kurwanya iyezandonke, iterabwoba n’ikwirakwizwa!-->!-->!-->…