Browsing Category
Politike
Goma: Umusirikare wa Afurika y’Epfo yishwe avuye mu kabari
Umusirikare wa Afurika y’Epfo wari mu butumwa bwa SADC bugamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RD Congo, yishwe arashwe ubwo yari avuye kwica icyaka mu kabari ko mu Mujyi wa Goma.
Uyu musirikare yiciwe i Bujovu muri Komine ya…
Perezida Nyusi wa Mozambique na Umaro wa Guinea Bissau bashimiye Parezida Paul Kagame uherutse…
Perezida wa Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi na Umaro wa Guinea Bissau boherereje ubutumwa Perezida Paul Kagame, nyuma y'aho abaturage b'u Rwanda bamutoreye indi manda y'imyaka itanu agiye kuyobora igihugu.
Mu butumwa bwe,…
FPR n’Imitwe ya Politiki bafatanyije bagize amajwi menshi mu matora y’Abadepite
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri komisiyo y’Igihugu y’Amatora ( NEC) yatangaje ko Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki bafatanyije, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR, ari bo bagize amajwi menshi mu matora y’Abadepite 53,…
Dr. Frank Habineza yakiriye ate ibyavuye mu matora?
Bwana Dr. Frank Habineza wari umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ku itike y’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), nyuma yo kumva ibyavuye mu ibarura ry'amajwi,…
Nabisobanuye kenshi, kuki nkomeza kubazwa ibibera muri RDC? – Kagame
Perezida Paul Kagame, ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, asanga kimaze igihe kirekire bituma abura uburyo akivugamo kuko akibazwa inshuro nyinshi akakivugaho ariko bugacya akongera…
NEC yatangaje igihe amajwi y’agateganyo azashyirwa hanze
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko kuwa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda bazarara bamenye icyerekezo cy’ibyavuye mu matora, kubagaragariza aho kubarura bigeze ndetse n’uko amajwi azaba ahagaze ku bakandida…
Muzabareke bapfe urwo bapfuye kuko ni ko bameze – Kagame ku bagipfobya Jenoside
Paul Kagame usanzwe uyobora u Rwanda akaba no mu bakandida Perezida bahatanira kuruyobora muri manda y’imyaka itanu iri imbere, yavuze ko abakijandika mu bikorwa byo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ntacyo bazapfa bagezeho aboneraho…
Kandida Depite Munyaneza lsaac arateganya kugarura umuco wo gukwa inka
Munyaneza Isaac ukomeje guhabwa amahirwe n’abatari bake mu bakandida bazahagararira urubyiruko mu nteko ishinga amategeko yasobanuye ko nagirirwa icyizere agatorwa azagarura umuco wo gukwa inka nk'uko byahozeho kera.
Ibi kandida…
Bumbogo: Biyemeje kurirara bategereje kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Kamena 2024, nibwo umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, azasesekara mu Karere ka Gasabo kuri site ya Bumbogo, aho azaba agiye gukomereza ibikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru…
Mpayimana Philippe yijeje Abanyabugesera kuzagira uwo mujyi umurwa mukuru
Mpayimana Philippe yavuze ko azagira Bugesera Umurwa mukuru wa Afurika
Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe avuga ko natorerwa kuyobora Igihugu azaharanira ko Akarere ka Bugesera gahinduka Umurwa…
Dr Frank HABINEZA yatangaje uburyo yari agiye kwirukanwa mu nteko kubera ibitekerezo
Kandida perezida Dr. Frank Habineza yavuze uburyo yahamagawe inshuro zirenze imwe kugira ngo yisobanure ku bitekerezo bye.
Kuri uyu wa mbere Dr. Habineza Frank uri kwiyamamariza kuyobora igihugu n'Abanyarwanda mu gihe cy'imyaka…
“Aya matora atandukanye n’ayubushize aho batwoherezaga mu marimbi” Dr. HABINEZA…
Frank Habineza, umukandida perezida mu matora ateganyijwe ku wa mbere mu Rwanda yavuze ko nubwo nk’ishyaka rye ritavuga rumwe n’ubutegetsi rigihura n’ibibazo ubu imyumvire ya politike itameze nko mu 2017 ubwo mu kwiyamamaza boherejwe…
Gakenke: Paul Kagame yasezeranyije abaturage kuzasangira na bo Umuganura
Chairman w’umuryango FPR Inkotanyi akaba n’umukandida wawo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yasezeranyije abo mu karere ka Gakenke ko nibamutora mu matora ateganyijwe ku itariki ya 15 Nyakanga 2024, azajya kubashimira,…
Kandida Depite Munyaneza yijeje urubyiruko kurukorera ubuvugizi kuri Leta ikaruha akazi.
Kandida Depite Munyaneza lsaac uri mu bahatanira kwicara mu Nteko lshingamategeko y'u Rwanda mu cyiciro cy'abahagarariye urubyiruko, yijeje urubyiruko kuzarukorera ubuvugizi kuri leta ikaruha akazi biciye mu kwibumbira hamwe kwarwo mu…
Muhanga: Dr Habineneza yabijeje kuzateza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Mu Ntara y'amajyepfo mu Karere ka Muhanga Dr Habineneza yabijeje kuzateza imbere ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro naramuka atowe.
Dr Habineneza yaraherekejwe n'abakandida depite bari mu ishyaka rye.
Habineza Frank , Umukandida…