Browsing Category
Politike
Ethiopia: Taye atske selassie yatorewe kuba Perezida asimbura Sahle Work Zewde 
Muri Etiyopiya, inteko ishinga amategeko yashyizeho umukuru w’igihugu mushya kuri uyu wa mbere Yatoye Taye Atske Selassie, wari usanzwe ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga.
Taye Sélassié afite imyeka 68 y’amavuko, abaye Perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Olivier Nduhungirehe arashinja Congo kwanga gusinya amasezerano y’amahoro
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ku wa gatandatu yavuze ko mugenzi we wa DR Congo yanze gusinya amasezerano yo gukemura amakimbirane mu burasirazuba bwa DR Congo agendanye n’inyeshyamba za M23, nk’uko bivugwa n’ibiro!-->!-->!-->…
Kenya: “Muvandimwe, fungura icyumba cy’imbabazi umbabarire”- Visi Perezida asaba…
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, ubu ugeramiwe no kweguzwa n’Inteko Ishinga amategeko, yasabye imbabazi shebuja Perezida William Ruto.
Gachagua yasabye imbabazi ku cyumweru, yinginga avuga ko niba hari ikosa yamukoreye!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Macron yananiwe kumvikanisha ba Perezida Kagame na Tshisekedi
Perezida Emmanuel Macron yavuze ko yari yagerageje guhuza ba Perezida Kagame na Tshisekedi ariko bikanga kubera ko perezida wa DRC yabaye nk'uwivumbura
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yateganyaga guhuriza mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Ibinyamakuru 3 bikomeye byihaye kunenga perezida Samiya byafunzwe
Ibinyamakuru bitatu bikomeye byo muri Tanzania byabaye bihagaritswe ku mbuga za internet nyuma yo gutangaza amashusho ya 'animation' abategetsi bafata ko anenga Perezida Samia Suluhu Hassan.
Ibyo binyamakuru, The Citizen, Mwananchi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahakanye ibyo uhagarariye LONI aherutse kuvuga kuri uwo mutwe
Ihuriro Alliance Fleuve Congo – rifite umutwe wa M23 - rivuga ko ibyatangajwe n’umukuru wa MONUSCO muri DR Congo ko M23 yinjiza amadolari 300,000$ ku kwezi mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro ya Rubaya bigamije "gushaka guhindanya isura ya!-->…
Perezida Paul kagame yashyize abayobozi bashya mu myanya
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 30 Nzeli 2024, Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu myanya.
Ni impinduka zikubiye mu itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe.
Mu bashyizwe mu myanya harimo Dr.!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rwa mbere muri Latvia
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rwe rwa mbere rw’akazi agirira muri Repubulika ya Latvia guhera tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Ukwakira 2024.
Urwo ruzinduko ni rwo rwa mbere Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump yavuze ko mukeba we mu matora Kamala Harris arwaye mu mutwe
Abo mu ishyaka ry’Aba-Républicains bakomeje kwinubira imvugo Donald Trump ushaka kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje gukoresha kuri Visi Perezida Kamala Harris.
Trump kuri uyu wa 29 Nzeri 2024 yatangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Human rights watch yongeye igereka urusyo kuri M23 na RDF
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), uvuga ko muri uyu mwaka inyeshyamba za M23 n'ingabo z'u Rwanda (RDF) zarashe "nta kurobanura" mu nkambi z'abasivile no mu tundi duce dutuwe mu bucucike hafi!-->!-->!-->…
U Burundi burashinja U Rwanda gufata bugwate Abarundi baruhungiyemo
Leta y'u Burundi irashinja u Rwanda kuba rwarafashe bugwate Abarundi baruhungiyemo rukababuza gutaha iwabo mu Burundi.
Ubwo ubuyobozi bw'ishami ry'umuryango w'abibumbye UNHCR bwariho bushinja igihugu cy'Uburundi gucyura ku ngufu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abimukira 119 baturutse muri Libiya baraye bageze mu Rwanda
(Photo:Igihe.com)
Guverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 19 cy’impunzi n’abimukira 119 zari zaraheze muri Libya nyuma yo gushaka uko zihungira mu Burayi zikabura aho zinyura.
Biri mu masezerano u Rwanda, Ishami rya Loni ryita ku!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC irikanga ko abaturuka muri Afurika y’Epfo bashobora kuyihungabanyiriza umutekano
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irikanga ko hari abaturuka muri Afurika y’Epfo bafite umugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
Nk’uko Ambasade ya RDC muri Afurika y’Epfo yabisobanuye kuri uyu wa 20 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibrahim Aqil wari umwe mu bayobozi bakomeye muri Hezbollah yaguye mu gitero cya Isiraheli
Umuyobozi mukuru mu bagize umutwe wa Hezbollah, Ibrahim Aqil, yaguye mu gitero cyagabwe na Israel mu Majyepfo y’Umujyi wa Beirut.
Byatangajwe ko Ibrahim Aqil yishwe ari kumwe n’abandi banyamuryango b’umutwe wa Hezbollah bibumbiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida Samia yiyamye amahanga ashaka kumutegeka uburyo ayobora igihugu
Perezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko bagomba kubahiriza amasezerano ya Vienne yo mu 1961 agena ibyo abadipolomate bagomba kwitwararikaho mu bihugu barimo.
Hashize iminsi mike!-->!-->!-->!-->!-->…