Browsing Category
Politike
DRC: Ubushinjacyaha bwasabiye Kabila igihano cy’urupfu
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwasabiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w'icyo gihugu gukatirwa igihano cy'urupfu ku birego birimo ubugambanyi no gufatanya n'umutwe w'inyeshyamba wa AFC/M23.
!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye ibirego bya HRW bishinja RDF kwica abasivili muri Binza
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo ya Komisiyo y’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n’Ihuriro rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO) bashinje Ingabo z’u Rwanda gufatanya na M23 mu kugira uruhare!-->!-->!-->…
USA: Perezida Trump agiye kujya ararana irondo n’abapolisi mu mihanda ya Wasington DC
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yifatanya na Polisi n’inkeragutabara ku irondo ry’ijoro ryo gucunga umutekano mu mihanda y’i Washington DC, mu rwego rwo gushyigikira ingamba nshya zo guhashya ibyaha!-->!-->!-->…
Qatar yashyikirije RDC na AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro
Leta ya Qatar yashyikirije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo biwusuzume mbere yo kuwemera.
Tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC na AFC/M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky ku gitutu cya Amerika imusaba kwemera ubusabe bwa Russia
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, akomeje kotsa igitutu mugenzi we wa Ukraine Volodymyr Zelensky, amubwira ko agomba kwemera ibyumvikanyweho n’u Burusiya kandi akarekera imirwano vuba na bwangu.
Abinyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi burashinja umutwe wa M23 kubangamira ubuhagarariye i Bukavu
Leta y'Uburundi irashinja umutwe wa M23 uyobora agace ka Bukavu kubangamira uhagarariye icyo gihugu mu mujyi wa Bukavu, umujyi umaze igihe kitari gito warigaruriwe na M23.
Leta ya Gitega ibinyujije kuri minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ni ubushotoranyi” DRC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kenya ishyizeho uyihagarariye…
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, iravuga ko yababajwe cyane n'ubushotoranyi bwa Kenya nyuma y'aho iki gihugu gishyizeho ugihararariye mu duce twigaruriwe n'umutwe wa AFC/M23 muri Congo.
Nyuma y'aho ibiro by'umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko Guverinoma izakomeza gufasha mu gucyemura ibibazo byagaragajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 31, abari muri MINUAR basubiye aho bahoze bakorera mu Rwanda
Abahoze ari abasirikare b’Ingabo za Loni mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda (MINUAR), baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda mu rugendo rw’icyumweru kuva kuwa 14 kugeza 20 Kanama 2025.
Iri tsinda ry’abahoze ari!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije Indangamirwa inshingano zo kurengera isura y’u Rwanda
Mu muhango wo gusoza icyiciro cya 15 cy’Itorero Indangamirwa wabaye ku wa 14 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwari rumaze iminsi 45 mu itorero, kuba intumwa nziza z’u Rwanda aho bari hose,!-->…
Abagorwaga no kuvuga ikinyarwanda, batashye bazi kukivuga.
Urubyiruko rw’Abanyarwanda biga mu mahanga barashimira Leta y’u Rwanda yagaruye Itorero, cyane cyane iry’Indangamirwa, kuko rihuriza hamwe abiga mu Rwanda n’abiga mu mahanga rikabafasha byinshi birimo kongera kumenya no kuvuga ururimi!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizweho gahunda nshya igamije kwegera umuturage no kumukemurira ibibazo
Mu rwego rwo kurushaho gukemura ibibazo by’abaturage mu buryo bwihuse babasanze aho batuye, ku wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangije gahunda nshya yiswe “Shyashyanira Umuturage”, izamara hafi!-->!-->!-->…
“Kubeshya biba mu maraso yabo”: Leta ya Kinshasa yahakanye ibirego bya M23
Leta ya Kinshasa yahakanye amakuru umutwe wa M23 waraye utangaje avuga ko Leta iri gutegura intambara ikomeye ndetse n'ibitero kuri uwo mutwe wa M23.
Ku munsi w'ejobundi taliki ya 11 Kanama 2025, umutwe wa M23 washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky ntakozwa ibyo gukura ingabo ze i Donbas
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Ingabo za Ukraine zidashobora kuva mu gace zigenzura kari mu Ntara ya Donbas ndetse anatera utwatsi iby’uko igihugu cye cyakwemera guhara ubutaka bwahoze ari ubwacyo bugenzurwa n’u!-->!-->!-->…
Mu myaka 5 ubuhinzi mu Rwanda buzazamuka ku kigero cya 50%.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu yo kwihutisha iterambere(NST2) 2024-2029, yatangaje ko!-->!-->!-->…