Browsing Category
Politike
Umunsi nk’uyu Inkotanyi zafashe Umujyi wa Nyanza
Umunsi nk’uyu mu 1994, Ingabo za FPR Inkotanyi zakomeje urugamba ariko zigenda zifata uduce tunyuranye tw’igihugu zinarokora Abatutsi bicwaga.
Icyo gihe ni bwo izi ngabo zafashe umujyi wa Nyanza wahoze muri Perefegitura ya Butare.!-->!-->!-->!-->!-->…
Diregiteri wa Hope Technical secondary school yatangiye urugendo rwo kwiyamamariza kuyobora u Rwa…
Umwarimu ubifatanya n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Habimana Thomas uzwi nka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri!-->!-->!-->…
Bourkina Faso: Cpt Ibrahim Traore yiyongeje indi myaka 5 ayobora igihugu
Captain Ibrahim Traoré uyobora inzibacyuho ya Burkina Faso kuva muri Nzeri 2022 ubwo yakuragaho ubutegetsi bwa Lieutenant Colonel Paul Henri Sandaogo Damiba, yafashe icyemezo cyo kwiyongeza imyaka itanu.
Ni icyemezo cyafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bavuga ko Umuganda werekana uko Igihugu cyishakamo ibisubizo
Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bo ku mugabane wa Afurika bagaragaje ko igikorwa cy’Umuganda rusange w’Abanyarwanda kiri mu bigaragaza ukwishakamo ibisubizo kw’abatuye uyu mubagane.
Ibi babitangaje ubwo bifatanyaga n’abatuye!-->!-->!-->!-->!-->…
ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu n’abayobozi ba Hamas
Umushinjacyaha mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, yasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Ingabo muri Israel Yoav Gallant, n’abayobozi b’umutwe wa Hamas, abashinja!-->!-->!-->…
Iran: Leta yashyiseho icyunamo cy’iminsi itanu yo kunamira perezida Ebrahim Rais
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje iminsi itanu y’icyunamo cyo kunamira Perezida Ebrahim Raisi na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Hossein Amir-Abdollahian, bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu ku!-->!-->!-->…
Ibyihariye kuri Christian Malanga Musumari washatse guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
Christian Malanga Musumari wayoboye igitero cyagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983, ukomeje kugarukwaho hirya no hino mu binyamakuru, kubera uyu mugambi we.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Haburijwemo ihirikwa ry’ubutegetsi, Igisirikare gihumuriza rubanda
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo cyatangaje ko cyaraye kiburijemo ihirikwa ry'ubutegetsi kivuga ko n'abagiteguye harimo n'abanyamahanga bose batawe muri yombi.
Binyuze ku muvugizi w'igisirikare cya FARDC!-->!-->!-->!-->!-->…
Paul Kagame yatanze kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yashyikirije Komisiyo y’Amatora, Kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ahagarariye Umuryango wa FPR Inkotanyi.
Yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda!-->!-->!-->!-->!-->…
Amatora Abantu 8 bashaka kwiyamamaza bamaze gusaba impapuro ngo bashake imikono
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iravuga ko hari abantu 8 basabye impapuro zibemerera kujya gushaka imikono mu turere ibemerera kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika.
Ni amakuru Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangarije mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Sénégal
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Gicurasi 2024 yageze muri Sénégal mu ruzinduko rw’akazi, aho ku kibuga cy’indege cya Léopold Sédar Senghor de Yoff yakiriwe na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye na bamwe mu bagize!-->…
U Rwanda rwongeye gushyirwa mu majwi ku bitero byaraye bibaye i Bujumbura
Uburundi bwongeye gushyira mu majwi u Rwanda nyuma y'igitero cy'iterabwoba cyaraye kigabwe i Bujumbura.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatanu taliki ya 10 Gicurasi 2024 mu masaha y'ikigoroba mu mujyi rwagati wa Bujumbura hagabwe igitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Diane Rwigara agiye kwiyamamariza kuba perezida w’u Rwanda
Diane Rwigara yabwiye BBC ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika mu matora azaba muri Nyakanga (7) uyu mwaka.
Diane yaherukaga kugerageza ibi mu 2017 ariko kandidatire ye yanzwe na komisiyo!-->!-->!-->…
SADC yaburiye ko igiye gukora ibitero byo ‘kurangiza’ M23
Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro!-->!-->!-->…
Munyaneza Charles yahaye gasopo abashaka kuvangira komisiyo y’amatora
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Munyaneza Charles, yasabye abashaka kuba abakandida bigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’uw’abadepite kubahiriza amabwiriza.
Munyaneza yatangarije kuri televiziyo!-->!-->!-->!-->!-->…