Browsing Category
Politike
Ministri w’intebe mushya w’U Rwanda yatangaje gahunda ya Guverinoma y’imyaka 5
Ministri w'Intebe mushya uherutse gushyirwaho na Perezida wa Repubulika, Justin Nsengiyumva, yatangaje gahunda ya Guverinoma y'imyaka 5 ikora ku nzego zose z'ubuzima bw'igihugu.
Iyi ni gahunda ishingiye kuri manda y'imyaka 5!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja Leta ya DRC ko irimo kwitegura intambara yeruye
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye "nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara".
Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye "ibikorwa byo kwegeranya ingabo n'ibikoresho" mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Leta yamaganye raporo ya OHCHR ishinja RDF ubwicanyi muri RDC
Leta y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ibiro by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu (OHCHR) biherutse gushinja ingabo z’u Rwanda (RDF) kugira uruhare mu bwicanyi bw’abasivili 319, muri Repubulika Iharanira!-->!-->!-->…
Uganda: Kubonana na Perezida Museveni bitangirwa akayabo.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’Amashilingi kugira ngo babahuze na we.
Museveni yasobanuye ko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yasobanuye impamvu itazitabira ibiganiro bya Doha
Bertrand Bisimwa, umwe mu bakuriye umutwe wa AFC/M23, ku wa kane yabwiye abanyamakuru ko nta ntumwa z'uwo mutwe ziri i Doha kuko "nta butumire twahawe kugeza ubu".
Yavuze ibi mu gihe byari biteganyijwe ko ibiganiro bya Doha hagati ya!-->!-->!-->…
Burundi: Lydia Nsekera yahawe umwanya ukomeye muri guverinoma nshya
Mu mpinduka zikomeye zakozwe muri Guverinoma y'U Burundi, harimo iy'uko madame Lydia Nsekera wamenyekanye cyane muri Siporo yo muri icyo gihugu yahawe kuyobora minisiteri ya Siporo, urubyiruko.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ntahontuye yagizwe minisitiri w’intebe asimbura Ndirakobuca
Perezida Ndayishimiye Evariste yagize Minisitiri w'intebe Bwana Ntahontuye wari usanzwe ayobora minisiteri y'imari, asimbura Gervais Ndirakobuca wahawe izindi nshingano.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 5 Kanama 2025,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umuriro uri kwaka hagati ya AFC/M23 n’imitwe ikorana na FDLR
Imirwano y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorana na FDLR yakajije umurego mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu mpera z’icyumweru gishize, umutwe wa CMC-FDP!-->!-->!-->!-->!-->…
Ataramara n’ukwezi, Minisitiri w’intebe mushya yahise atumizwaho na SENA ahatwa ibibazo
Abasenateri bafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, kugira ngo asobanure ingamba nshya zizakoreshwa nyuma y’uko Leta itabashije kugera ku ntego yari yihaye mu 2024, yo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi!-->!-->!-->…
Gen Makenga yasabye abarwanyi ba AFC/M23 kugaragaza itandukaniro
Umuyobozi w’abarwanyi ba AFC/M23, Gen Sultani Makenga, yabasabye kugaragaza itandukaniro riri hagati yabo n’abo mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baranzwe n’imigirire mibi isuzuguza igihugu.
Mu nama yamuhuje!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Amerika
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko ibihugu byombi bisinye amasezerano yashyizweho umukono muri Kamena, nk’uko byemejwe n’impande zombi.
Inkuru dukesha Igihe.com nayo ikesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’Ubwongereza n’Ubufaransa, Canada nayo irateganya kwemeza ubwigenge bwa Palestine
Nyuma y'ibihugu nk'Ubufaransa n'Ubwongereza biherutse gutangaza bitarya umunwa ko bizemeza ubwigege bwa Leta ya Palestine, Canada nayo yamaze gutangaza ko yiteguye kwemeza ubwigenge bw'icyo gihugu.
Minisitiri w'intebe wa Canada,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyo wamenya kuri bamwe mu ba jenerali bakuru baraye bashyizwe mu kiruhuko
Itangazo rya minisiteri y'ingabo rivuga ko Perezida Paul Kagame, nk'Umugaba Mukuru w'iIkirenga w'ingabo z'u Rwanda, yashyize mu kiruhuko cy'izabukuru abasirikare bose hamwe barenga 1,000 barimo icyenda (9) bo ku rwego rwa jenerali.
!-->!-->!-->…
“Nkwijeje kugukorera n’u Rwanda” Justin waraye ugizwe minisitiri w’intebe
Nyuma yo kugirwa minisitiri w'intebe agasimbura Dr. Edouard Ngirente, Dr. Justin yashimiye Perezida Kagame wamuhaye inkoni y'ubuyobozi amwizeza kuzakorera neza igihugu.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 uku kwezi kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“M23 ntizarekura n’agace gato k’ubutaka yafashe” Kutumva kimwe ku masezerano…
Mu gihe impande ebyiri zimaze gusinya amasezerano y'amahoro ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, kuri ubu haragaragara kutumva kimwe imwe mu mirongo migari yasinyiwe i Doha
Nyuma y'aho Leta ya DRC isinya ye amasezerano y'amahoro!-->!-->!-->!-->!-->…