Browsing Category
Politike
Iran yateguje akaga Amerika mu gihe yakwivanga mu ntambara yayo na Israel
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yaburiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, amuteguza ko azahura n’ingaruka n’akaga gakomeye naramuka yivanze mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli.
Ayatollah!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Minisitiri MUTAMBA Constant yahawe imbago atagomba kurenga
Ibinyamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, birimo n'ibiro ntaramakuru bya Congo, birasubiramo itangazo ry'umushinjacyaha mukuru ryo kuri uyu wa mbere wategetse ko Minisitiri w'ubutabera w'iki gihugu abujijwe kurenga umurwa!-->!-->!-->…
Icyemezo cy’u Rwanda cyo kwikura muri ECCAS cyaraye kiganiriwe mu nama y’Abaminisitiri
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere tariki 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yaganiriye ku cyemezo cyo ku wa 07 Kamena 2025, cyo kuva k’u Rwanda mu Muryango!-->!-->!-->…
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana ari mu Rwanda
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi.
!-->!-->!-->!-->…
Dr. Bizimana J.Damascene yakeje inkotanyi zarokoye ibihumbi by’Abatutsi i Kabgayi
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yacyeje ubutwari bwaranze Inkotanyi ku rugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko ku itariki ya 2 Kamena 1994 kuko zarokoye!-->…
Ni iki abamaze guhura na Joseph Kabila bamuvugaho kuva yagera i Goma?
Nyuma y'uko bitangajwe ko ageze i Goma, kuva mu mpera z'icyumweru gishize Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo amaze kubonana n'amatsinda atandukanye y'abahagarariye abaturage muri Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo ahagenzurwa na!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwahaye gasopo Amerika buyibwira ko iri gukina n’umuriro
Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yashinjije igihugu cy’u Bushinwa gushaka gutegura intambara kuri Taiwan, ibintu u Bushinwa bwahise bwamaganira kure buvuga ko nta shingiro bifite.
Ibi Hegseth!-->!-->!-->…
M23 yatanze umucyo ku mibare y’abapfiriye mu mirwano yo gufata umujyi wa Goma
Umutwe wa AFC/M23 wasohoye raporo ushaka kuvuguruza bimwe mu birego warezwe mu mezi ashize birimo imfu z'abantu benshi mu mujyi wa Goma, n'ubwicanyi ku bana mu mujyi wa Bukavu mu gihe cy'ifatwa ry'iyi mijyi y'intara ya Kivu ya Ruguru!-->!-->!-->…
Bwa mbere kuva yavugwa i Goma, Joseph Kabila yagaragaye mu ruhame
Nyuma y'iminsi avugwa ko ari mu mujyi wa Goma, kuri uyu munsi Bwana Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yagaragaye mu ruhame bikuraho gushidikanya ku makuru yavugaga ko ari muri uwo mujyi.
Umuvugizi w’umutwe wa M23 yatangaje amafoto ya!-->!-->!-->…
UPDF irashinja ambasaderi w’Ubudage kuba mu ‘bikorwa byo guhirika ubutegetsi’
Igisirikare cya Uganda kirashinja ambasaderi w'igihugu cy'Ubudagi kuba inyuma y'abashaka guhirika ubutegetsi bya Uganda.
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gihagaritse ubufatanye bwose bwa gisirikare cyari gifitanye n'Ubudage!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yemeje ko Joseph Kabila yamaze kugera i Goma
Nyuma yo gukurirwaho ubudahangarwa, ubu bimaze kwemezwa ko Bwana Joseph Kabila yamaze kugera i Goma ahari ibirindiro biomeye bya M23
Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yageze mu mujyi wa Goma, nk'uko bitangazwa n'umuvugizi!-->!-->!-->…
DRC: Sena yemeje ko Joseph Kabila yamburwa ubudahangarwa
Ku bwiganze, abasenateri ba DR Congo bemeje kwambura ubudahangarwa uwahoze ari perezida Joseph Kabila, ni nyuma y'uko ubushinjacyaha bwa gisirikare busabye ko yamburwa ubudahangarwa kugira ngo bumurege mu nkiko.
Kabila, usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye inzandiko zemerera ba ambasaderi b’ibihugu 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bakaba biyemeje gukomeza gushimangira ibihugu baje guhagararira n'u Rwanda.
Gutanga izi nzandiko kwa!-->!-->!-->…
DRC: Ministre w’ubutabera yahakanye ikirego cyo kunyereza asaga Miliyoni 19$
Minisitiri w'ubutabera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC) Bwana Constant Mutamba yahakanye ibirego ashinjwa na Leta ye, ibirego birimo kuba uwo mugabo yaranyereje akayabo k'amafaranga yari agenewe umushinga mugari wo!-->!-->!-->…
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa
Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe.
Aya!-->!-->!-->!-->!-->…