Browsing Category
Politike
Ba bayobozi bashinjwaga kurya ibya rubanda batangiye kwegura ku mirimo
Bamwe muri ba bayobozi bashinjwa kurya utwa rubanda batangiye kwandika inzandiko zo kwegura ku myanya bari bafite.
Nyuma y'aho bamwe mu bakozi b'Uturere dutandukanye batangiye gukurikiranwaho icyaha cyo kurya amafaranga ya rubanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Inteko y’u Bwongereza yitambitse amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda
Umutwe mukuru wagereranywa na Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, watambamiye umushinga w’itegeko rigenga ibyo kohereza abimukira mu Rwanda, ibihugu byombi biherutse gushyiraho umukono.
Abasenateri 214 ku 171 batoye!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kujya rusubiza abavuga nabi u Rwanda
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yasabye urubyiruko afite mu nshingano gusubiza uwo ariwe wese washaka kuvuga nabi umukuru w'lgihugu cy'u Rwanda Paul Kagame, n'u Rwanda muri rusange!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda yamaganye amagambo aherutse kuvugwa na Perezida w’u Burundi
Leta y'u Rwanda iramagana bikomeye amagambo perezida w'u Burundi Evariste Nshimiyimana aherutse kuvugira i Kishasa ubwo yahuraga n'urubyiruko rw'Abanyekongo
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ijambo rutwitsi rinyuranya no kubumbatira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kabila yavuze impamvu atazitabira ibirori by’irahira rya Tshisekedi
Joseph KABILA wahoze ayobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatangaje ko atazitabira ibirori by'irahira rya Perezida Felix Tshisekedi.
Bwana Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo ubwo bateguraga imyigaragambyo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama 2024, umuhanzi akaba umunyapoliki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, afungiwe mu rugo iwe n’igipolisi cya Uganda nyuma yo kugota urugo rwe.
Bobi Wine yategetswe kuguma mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakisitani yagabye ibitero byo kwihimura kuri Irani
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Mutarama, Pakisitani yatangaje ko yagabye ibitero ku bwihisho bw’umutwe w’iterabwoba muri Irani, nyuma y’igitero cya Irani ku butaka bwa Pakistan cyahitanye abana babiri.
Mu minsi yashize, Irani!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Abadepite bemeje umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda
Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza umutwe w’abadepite (House of Commons) yemeje umushinga wa Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro. Uwo mushinga watambutse ku majwi 320 kuri 276.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC yagize icyo ivuga ku musirikare wayo warasiwe mu Rwanda
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo cyavuze ko cyababajwe n'umusirikare wacyo warasiwe mu Rwanda nyuma yo kwambuka umupaka atabizi.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 16 Mutarama 2024 nibwo igisirikare cy'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Congo yatamaje u Burundi ku byo bushinja u Rwanda
Christophe Lutundula, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamije ko umutwe wa RED-Tabara ufite ibirindiro muri Congo, avuguruza ibirego bya Perezida Ndayishimiye uvuga ko izo nyeshyamba zirwanya u!-->!-->!-->…
Rwanda-Burundi: Hari Abanyarwanda bagera kuri 40 bamaze gufungirwa i Burundi
Nyuma y'aho Leta y'u Burundi ihisemo kongera gufunga imipaka yo ku butaka iyihuza n'u Rwanda, biravugwa ko hari Abanyarwanda batangiye gutabwa muri yombi.
Mu cyumweru gishize nibwo Leta y'Uburundi yasohoye itangazo rivuga ko imipaka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Amashyaka ya Tshisekedi na Vital Kamerhe niyo yatsindiye ubwiganze mu nteko
Komisiyo y’amatora ya DR Congo yatangaje ibyavuye mu matora y’abadepite b’inteko ishingamategeko y’igihugu aho ishyaka UDPS rya Félix Tshisekedi ryabonye imyanya myinshi rikurikirwa n’irya Vital Kamerhe, mu gihe ishyaka rya Moïse!-->!-->!-->…
Leta y’u Burundi ifunze imipaka yose yayihuzaga n’igihugu cy’u Rwanda
Igihugu cy'u Burundi kimaze gutangaza ku mugaragaro gifunze imipaka yose yahuzaga icyo gihugu n'u Rwanda.
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu mu Burundi amaze gutangaza ko igihugu cye cyongeye gufunga imipaka yose yo ku butaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwanda yatorewe kuyobora akanama nshingwabikorwa ka UNICEF
U Rwanda rwongeye kwizerwa aho, Dr Ernest Rwamucyo, yatorewe kuyobora Akanama Nshingwabikorwa k’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kwita ku bana (UNICEF).
Dr, Rwamucyo yabitorewe ejo kuya 10, Mutarama 2024 I New York muri Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon yakiriye intumwa z’u Rwanda
Perezida Perezida w’inzibacyuho wa Gabon, Gen Brice Clotaire Oligui Nguema, yakiriye intumwa ziturutse mu Rwanda ziyobowe n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere mu Rwanda, RDB, Francis Gatare.
Gen Oligui Nguema!-->!-->!-->!-->!-->…