Browsing Category
Politike
“Si imibare iherwaho kugira ngo jenoside yemezwe” Dr. Bizimana Jean Damascene
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Biziman Jean Damascene yagaragaje ububi bw’Abanyapolitiki bahoze mu Rwanda barimo Ndagijimana Jean Marie Vianney, ubeshya ko Abatutsi bishwe muri Jenoside batarenga 350!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo yavuye ku izima yakira umuturage wirukanywe muri USA, nayo irakomorerwa kuri Visa
Sudani y'Epfo yavuze ko yemera kwakira umugabo wirukanwe na Amerika, mu cyemezo cyo guca bugufi kugira ngo Amerika ireke icyemezo cyayo cyo gukuraho visa ku baturage ba Sudani y'Epfo bose.
Ku wa gatandatu, minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
African Union: Uhagarariye Isirayeri yirukanywe mu muhango wo kwibuka jeonoside yakorewe Abatutsi
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia, Avraham Neguise, yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) i Addis Ababa, ku wa!-->…
France: Leta igiye gushyira imbaraga mu guhiga no guta muri yombi abakekwaho Genocide yakorewe…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zelensky yemeje ko ingabo za Ukraine ziri mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yemeye ku mugaragaro ku nshuro ya mbere ko ingabo z'icyo gihugu ziri mu mirwano mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya.
Ku wa mbere, yagize ati: "Dukomeje gukora ibikorwa mu turere two ku mupaka!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
Iri tangazo ryavugaga ko iri huriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongriya cyanze gufata minisitiri Netanyahu gihitamo kwikura muri ICC
Guverinoma ya Hongiriya yatangaje ko yavuye mu bihugu bibarizwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), nyuma yo kwanga guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu.
Umuyobozi mu biro bya Minisitiri w’Intebe wa!-->!-->!-->…
Col Kabanda wagizwe umuyobozi mushya wa RIB yavuze ko azakomereza ku musingi w’uwo yasimbuye.
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga yahererekanyije ububasha na Col Pacifique Kayigamba Kabanda wamusimbuye kuri uyu mwanya.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Doumbouya yahaye imbabazi Capt. Dadis Camara wigeze kuyobora Guinnea Conakry
Jenerali Mamadi Doumbouya, Perezida w’inzibacyuho muri Guinnea Conakry, yahaye imbabazi Capitaine Moussa Dadis Camara, wigeze kuba Perezida w’icyo gihugu hagati y’umwaka wa 2008-2009 wari umaze igihe ufunze, nk’uko bikubiye mu itangazo!-->!-->!-->…
Nduhungirehe yanenze Umujyi wa Liège watangaje ko utazategura ibikorwa byo Kwibuka31
Nyuma y’uko Umujyi wa Liège wo mu Bubiligi watangaje ko utazategura ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yanenze ubuyobozi bw’uwo mujyi. Yagize ati “Ikigaragara ni uko!-->…
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’Abanya Koreya y’Epfo batikiriye mu nkongi…
Leta y'u Rwanda yihanganishije guverinoma ya Koreya y'Epfo kubera inkongi y'umuriro yapfiriyemo abaturage bayo batari bake
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Ambasade y’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, yihanganishije imiryango n’inshuti!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma yaho M23 yemeye kurekura Walikale, FARDC nayo yemeye kuba ihagaritse imirwano
Ingabo za leta ya DR Congo zatangaje ko zigiye "kwifata ku kuba zakora ibitero ku ngabo z'umwanzi" ndetse zisaba abarwanyi ba Wazalendo na bo kubigenza batyo hagamijwe gushishikariza ibiganiro by'amahoro.
Mu itangazo yasomye kuri!-->!-->!-->…
M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale
Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu!-->…
Ba Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi bahuriye i Doha
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Quatar.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Werurwe 2025, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko amagambo ya Ndayishimiye ashobora kongera gusubiza ibintu habi.
Mu ijambo Ndayishimiye yagejeje ku bakirisitu b’itorero Vision de Jésus-Christ tariki ya 16 Werurwe, yashinje u Rwanda kuba intandaro y’amacakubiri ashingiye ku moko mu Burundi kuva mu 1959 no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->…