Browsing Category
Politike
Madagascar: Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwimika Rajoelina
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yahagarariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Andry Rajoelina, Perezida wa Madagascar.
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yageze i Antananarivo mu Murwa Mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukandida Depite Muri Kivu y’Epfo Yishwe Arashwe
Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yiciwe mu mujyi wa Uvira.
Kandida Ndabuye Sadiki Espoir uzwi cyane nka Richa, yishwe arashwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rishi Sunak yatsinze urugamba rwa mbere rw’umushinga we ku Rwanda
Inteko y’Ubwongereza, umutwe w’abadepite (House of Commons), watoshye ushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, uyu mushinga uba utsinze urugamba rwa mbere muri iyi Nteko.
Uyu mushinga bashaka ko uba itegeko watsinze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare abasaba kwirinda ruswa
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare bane (4) .
Aba bashinjacyaha barahiye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023 .
Mu barahire harimo Lt. Col. Jean Bosco Kamirindi, Lt.!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwategetse iperereza ku iyimikwa ry’umwami w’Abazulu
Urukiko Rukuru rwa Pretoria rwategetse Perezida Cyril Ramaphosa gushyiraho iperereza kugira ngo hamenyekane niba iyimikwa ry’umwami Misuzulu Kazwelithini w’Abazulu ryarakozwe hakurikijwe amategeko gakondo.
The East African yanditse!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatabagajwe igihe Abanyarwanda bazatora abadepite
Umunsi w’itora rya Perezida wa Repubulika n’iry’Abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka, y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku giti cyabo, ni tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ibi byasohotse mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Biruta yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Qatar
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr Vincent Biruta, yaganiriye na Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani, bagaruka ku mibanire!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya gatolika yasabye Leta kuva ku izima ikaganira na M23
Kiliziya gatolika muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasabye Leta iyobowe na Tshisekedi kwemera ikava ku izima ikagirana ibiganiro n'umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura amakimbirane.
Mu gihe intambara ikomeje kubica!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Bwana Noël Tshiani yijeje Abakongomani ko nibamutora azahita yigarurira u Rwanda
Bwana Noël Kabamba Tshiani uri ku rutonde rw'abafite inyota n'ubushake bwo kuyobora igihugu cya Congo mu matora ateganyijwe kuba tariki 20 Ukuboza uno mwaka, yakoze akantu kameze nk'urwenya ubwo yari mu bikorwa byo byo kwiyamamaza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma ya Kenya, South Sudan nayo yacyuye ingabo zabo zari mu butumwa muri Congo
Nyuma y'ayo ingabo za Kenya zisubiye iwabo, kuri ubu iza Sudan y'amajyepfo nazo ubu ziri gutaha zisubira iwabo.
Ingabo za Sudani y'amajyepfo zuriye indege ziva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zisubira mu gihugu cyazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Irani Yategetse Amerika Kwishyura miliyari 50 y’Indishyi Kubera Kwica Jenerali Qassim…
Muri Irani, urukiko rwategetse Leta zunze ubumwe z'Amerika kwishyura amadolari hafi miliyari 50 y'indishyi z'akababaro kubera kwica General Qassim Soleimani.
Ku itariki ya 3 y’ukwa mbere 2020, uwari perezida Donald Trump, yategetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Mulindwa Prosper wayoboraga Rutsiro yatorewe kuyobora Rubavu
Mulindwa Prosper wayoboraga Akarere ka Rutsiro mu buryo bw’agateganyo, ni we watorewe kuyobora Akarere ka Rubavu. Mulindwa ubwo yiyamamarizaga kujya mu Nama Njyanama y’Akarere ka Rubavu, yatangaje ko amaze imyaka 17 mu nzego z’ibanze,!-->!-->!-->…
Karongi: Mukase Valentine yatorewe kuyobora Akarere asimbura Mukarutesi
Mukase Valentine wari Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Karongi ni we watorewe kuyobora aka Karere muri iyi manda isigaje umwaka umwe ngo irangire.
Ni mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Ukwakira 2023, yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Vradimir Putin yatangiye uruzinduko mu bihugu by’Abarabu
Perezida w'u Burusiya yatangiye uruzindiko mu bihugu bibiri by'Abarabu nyuma y'igihe cy'amezi Icyenda ashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi.
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu wa tariki 06 Ukuboza 2023, Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
UK: Minisitiri Jenrick yeguye nyuma y’itegeko rigenga kohereza abimukira mu Rwanda
Robert Jenrick wari Minisitiri ushinzwe kwita ku Bimukira mu Bwongereza yeguye nyuma y’amasaha make Guverinoma igejeje ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’itegeko rigamije gushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda!-->!-->!-->…