Browsing Category
Politike
Perezida Tshisekedi yahakanye amakuru yavugaga ko agiye kujya mu biganiro n’u Rwanda
Mu muhango wo kungurana ibitekerezo hagati ya Perezida wa Congo Félix-Antoine Tshisekedi n’abagize inzego z’ububanyi n’amahanga zemewe muri Congo (RDC), yongeye gushimangira ko nta nzira n’imwe y’ibiganiro azemera kugirana n’ubuyobozi!-->!-->!-->…
Col Kazarama yanyomoje amakuru yavugaga ko yaguye ku rugamba
Colonel Kazarama wigeze kuba umuvugizi wa M23 yanyomoje amakuru yavugaga ko yaguye ku rugamba kandi amaze myaka itari mike atakibarizwa mu gisirikare cya M23.
Uwahoze ari umuvugizi w’ingabo za M23, Col. Kazarama Kanyamuhanda Vianney!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Biravugwa ko Abasirikare b’Abarundi barenga 400 baguye mu mirwano na M23
Biravugwa ko abasirikare b'Abarundi bari mu butumwa bwo gufasha ingabo za FARDC gutsimbura umutwe wa M23 baba batikiriye mu mirwano
Imirwano ihanganishije umutwe w’inyeshyamba wa M23 hamwe n’ingabo za Leta ya Congo iy’u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo za “SADC” zinjiye byeruye mu mirwano iyihanganisha na M23
Ingabo z’ibihugu by’ihuriro SADC zinjiye ‘byeruye’ mu mirwano n’inyeshyamba za M23, nk’uko bitangazwa n’umukuru w’uyu mutwe.
Bertrand Bisimwa ukuriye igice cya politike cya M23 yatangaje kuri "X" yahoze ari Twitter ko guhera ejo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishyaka Democratic Green Party ryagize icyo rivuga ku bifuza gutera u Rwanda
Dr Frank Habineza, Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije,(Democratic Green Party Rwanda, DGPR), ashimangira ko abashaka gutera u Rwanda nta kintu na kimwe bizabagezaho kuko intambara itubaka ahubwo isenya!-->!-->!-->…
Tanzania: Leta yavuze ko igiye guhagurukira ikibazo cy’impaunzi z’Abarundi…
Leta ya Tanzaniya yavuze ko igiye guhagurukira ikibazo cy'impunzi z'Abarundi ndetse n'iz'Abakongamani bivugwa ko ziteza umutekano muke muri icyo gihugu.
Perezida wa Repubulika ya Tanzaniya madame Samiya Suluhu yemeye ko Leta ye!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yemereye ubufasha abanyeshuri bagizweho ingaruka n’intambara yo muri Ukraine
Perezida Kagame yemereye ubufasha abanyeshuri b’Abanyarwanda bahoze biga muri Ukraine, bakaza guhunga intambara y’icyo gihugu n’u Burusiya, kuri ubu bakaba biga muri Pologne.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko Leta izafasha aba banyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
“Iyo bigeze ku kurinda igihugu, ntawe tubisabira uburenganzira” Kagame yahumurije…
Perezida Paul Kagame yahumurije Abanyarwanda ndetse abibutsa ko umutekano kuri we uza ku isonga ku buryo kurinda igihugu atabanza kubisabira uburenganzira.
Kuri uyu wa kabiri ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ku kibazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba bayobozi bashinjwaga kurya ibya rubanda batangiye kwegura ku mirimo
Bamwe muri ba bayobozi bashinjwa kurya utwa rubanda batangiye kwandika inzandiko zo kwegura ku myanya bari bafite.
Nyuma y'aho bamwe mu bakozi b'Uturere dutandukanye batangiye gukurikiranwaho icyaha cyo kurya amafaranga ya rubanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Inteko y’u Bwongereza yitambitse amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda
Umutwe mukuru wagereranywa na Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, watambamiye umushinga w’itegeko rigenga ibyo kohereza abimukira mu Rwanda, ibihugu byombi biherutse gushyiraho umukono.
Abasenateri 214 ku 171 batoye!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kujya rusubiza abavuga nabi u Rwanda
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yasabye urubyiruko afite mu nshingano gusubiza uwo ariwe wese washaka kuvuga nabi umukuru w'lgihugu cy'u Rwanda Paul Kagame, n'u Rwanda muri rusange!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda yamaganye amagambo aherutse kuvugwa na Perezida w’u Burundi
Leta y'u Rwanda iramagana bikomeye amagambo perezida w'u Burundi Evariste Nshimiyimana aherutse kuvugira i Kishasa ubwo yahuraga n'urubyiruko rw'Abanyekongo
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ijambo rutwitsi rinyuranya no kubumbatira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kabila yavuze impamvu atazitabira ibirori by’irahira rya Tshisekedi
Joseph KABILA wahoze ayobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatangaje ko atazitabira ibirori by'irahira rya Perezida Felix Tshisekedi.
Bwana Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo ubwo bateguraga imyigaragambyo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama 2024, umuhanzi akaba umunyapoliki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, afungiwe mu rugo iwe n’igipolisi cya Uganda nyuma yo kugota urugo rwe.
Bobi Wine yategetswe kuguma mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakisitani yagabye ibitero byo kwihimura kuri Irani
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Mutarama, Pakisitani yatangaje ko yagabye ibitero ku bwihisho bw’umutwe w’iterabwoba muri Irani, nyuma y’igitero cya Irani ku butaka bwa Pakistan cyahitanye abana babiri.
Mu minsi yashize, Irani!-->!-->!-->!-->!-->…