Browsing Category
Politike
Minisitiri w’Intebe yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare abasaba kwirinda ruswa
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare bane (4) .
Aba bashinjacyaha barahiye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023 .
Mu barahire harimo Lt. Col. Jean Bosco Kamirindi, Lt.!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwategetse iperereza ku iyimikwa ry’umwami w’Abazulu
Urukiko Rukuru rwa Pretoria rwategetse Perezida Cyril Ramaphosa gushyiraho iperereza kugira ngo hamenyekane niba iyimikwa ry’umwami Misuzulu Kazwelithini w’Abazulu ryarakozwe hakurikijwe amategeko gakondo.
The East African yanditse!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatabagajwe igihe Abanyarwanda bazatora abadepite
Umunsi w’itora rya Perezida wa Repubulika n’iry’Abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka, y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku giti cyabo, ni tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ibi byasohotse mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Biruta yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Qatar
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr Vincent Biruta, yaganiriye na Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani, bagaruka ku mibanire!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya gatolika yasabye Leta kuva ku izima ikaganira na M23
Kiliziya gatolika muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasabye Leta iyobowe na Tshisekedi kwemera ikava ku izima ikagirana ibiganiro n'umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura amakimbirane.
Mu gihe intambara ikomeje kubica!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Bwana Noël Tshiani yijeje Abakongomani ko nibamutora azahita yigarurira u Rwanda
Bwana Noël Kabamba Tshiani uri ku rutonde rw'abafite inyota n'ubushake bwo kuyobora igihugu cya Congo mu matora ateganyijwe kuba tariki 20 Ukuboza uno mwaka, yakoze akantu kameze nk'urwenya ubwo yari mu bikorwa byo byo kwiyamamaza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma ya Kenya, South Sudan nayo yacyuye ingabo zabo zari mu butumwa muri Congo
Nyuma y'ayo ingabo za Kenya zisubiye iwabo, kuri ubu iza Sudan y'amajyepfo nazo ubu ziri gutaha zisubira iwabo.
Ingabo za Sudani y'amajyepfo zuriye indege ziva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zisubira mu gihugu cyazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Irani Yategetse Amerika Kwishyura miliyari 50 y’Indishyi Kubera Kwica Jenerali Qassim…
Muri Irani, urukiko rwategetse Leta zunze ubumwe z'Amerika kwishyura amadolari hafi miliyari 50 y'indishyi z'akababaro kubera kwica General Qassim Soleimani.
Ku itariki ya 3 y’ukwa mbere 2020, uwari perezida Donald Trump, yategetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Mulindwa Prosper wayoboraga Rutsiro yatorewe kuyobora Rubavu
Mulindwa Prosper wayoboraga Akarere ka Rutsiro mu buryo bw’agateganyo, ni we watorewe kuyobora Akarere ka Rubavu. Mulindwa ubwo yiyamamarizaga kujya mu Nama Njyanama y’Akarere ka Rubavu, yatangaje ko amaze imyaka 17 mu nzego z’ibanze,!-->!-->!-->…
Karongi: Mukase Valentine yatorewe kuyobora Akarere asimbura Mukarutesi
Mukase Valentine wari Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Karongi ni we watorewe kuyobora aka Karere muri iyi manda isigaje umwaka umwe ngo irangire.
Ni mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Ukwakira 2023, yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Vradimir Putin yatangiye uruzinduko mu bihugu by’Abarabu
Perezida w'u Burusiya yatangiye uruzindiko mu bihugu bibiri by'Abarabu nyuma y'igihe cy'amezi Icyenda ashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi.
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu wa tariki 06 Ukuboza 2023, Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
UK: Minisitiri Jenrick yeguye nyuma y’itegeko rigenga kohereza abimukira mu Rwanda
Robert Jenrick wari Minisitiri ushinzwe kwita ku Bimukira mu Bwongereza yeguye nyuma y’amasaha make Guverinoma igejeje ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’itegeko rigamije gushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda!-->!-->!-->…
DRC: Ba Majors 2 b’ingabo z’Uburundi zaguye mu mirwano muri Congo
Abasirikare b’Uburundi barenga 10 harimwo n’abakomeye babiri b’ipeti rya ‘Major’ nibo bimaze kumenyekana ko biciwe mu ntambara yabahuje n’umutwe M23 kuri uyu wa mbere mu karere ka Mushaki no mu duce tuhegereye muri teritwari ya Masisi,!-->!-->!-->…
Tshisekedi yasabye Abanya Lubumbashi kudatega amatwi Katumbi kuko ari umunyamahanga
Ubwo yari yagiye kwiyamamariza i Lubumbashi Perezida Tshisekedi yasabye abaturage bose bo muri Katanga kwirinda gutega amatwi abakandida b’abanyamahanga kandi bashyigikiwe n’abasirikare b’abanyamahanga.
Uyu mukandida usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger yahagaritse ubufatanye mu bya gisirikare yari ifitanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’igihugu cya Niger yatangaje ko Leta y’icyo gihugu ihagaritse amasezerano y’ubufatanye mu bya Gisirikare cyari gisanzwe gifitanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (UE/EU).
Mu itangazo Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…