Browsing Category
Politike
Tanzania: Video ivugwa ko igaragaza abagabo bafata umugore ku ngufu yateje gusakabaka
Polisi ya Tanzania irimo gukora iperereza ku bagabo batanu bafashwe amashusho muri videwo yahererekanyijwe cyane ku mbuga za internet bivugwa ko iberekana barimo gufata ku ngufu mu kivunge umugore ukiri muto, ibintu byateje gusakabaka!-->!-->!-->…
Umuhungu wa Perezida Museveni yemeje ko azitabira irahira rya Perezida Kagame
Umugaba w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Kaguta Yoweri Museveni, General Muhoozi Kayinerugaba, yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa 11 Kanama 2024.
General Muhoozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Moussa Dadis Camara wigeze kuyobora Guinea yakatiwe igifungo cy’imyaka 20
Urukiko rwo muri Guinea rwakatiye Moussa Dadis Camara wahoze ayobora igisirikare igifungo cy’imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwamuntu.
Ku wa Gatatu, urukiko mpanabyaha rwa Gineya rwatangaje imyanzuro yarwo nyuma y’imyaka!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo z’u Rwanda zirashnjwa kwinjirira ikoranabuhanga ry’indege zo muri DRC
Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo iza gisivile mu karere k’uburasirazuba bw'icyo gihugu.
'Global Positioning System' (GPS) ikoreshwa…
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
Abahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barahurira i Luanda muri Angola kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, baganira ku buryo bwo gucoca amakimbirane ari hagati y’impande zombi.
Izi ntumwa…
Trump yifatiye mu gahanga Kamala Harris avuga ko afite ubwenge buke.
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba akataje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya kabiri, yavuze ko Kamala Harris bashobora guhatanira uyu mwanya, ari umuntu ufite ubwenge buke cyane.
Ibi yabigarutseho!-->!-->!-->…
Perezida Maduro wa Venezuela yatsinze amatora, Amerika ibitera utwatsi
Komisiyo y’Amatora muri Venezuela yatangaje ko Nicolas Maduro uyobora iki gihugu kuva mu 2013 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 51,2%, ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo zabiteye utwatsi.
Perezida w’iyi komisiyo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yasabye u Bushinwa kuyumvikanisha n’u Burusiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yasabye u Bushinwa ubufasha mu kuyumvikanisha n’u Burusiya, ibihugu byombi bimaze imyaka ibiri mu ntambara.
Byatangajwe na Dmytro Kuleba mu ruzinduko rw’akazi yagiyemo i!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwa mbere mu bari bagize ikipe itsinda amaze gushyirwa hanze y’ikibuga
Hashingiwe ku bitaganywa n’amategeko, ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yirukanywe ku mirimo.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanywe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere
Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 3 bashinjwaga kwangiza amasasu n’ubwicanyi bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu b’iki Gihugu, rubahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, nyuma y’uko habaye igikorwa cyo kurasa!-->!-->!-->…
Uganda: Abarenga 60 baraye batawe muri yombi mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, nk’uko ibinyamakuru muri Uganda bibivuga.
Amashusho yashyizwe ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC yatangiye iperereza ku ntumwa yayo ivugwaho gushyikirana na M23
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangiye gukora iperereza kuri Prof Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco, uvugwaho kujya gushyikirana n’abahagarariye umutwe witwaje intwaro wa M23 i Kampala muri Uganda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Igitutu cy’abo mu ishyaka rye gitumye Joe Biden ahagarika guhatanira kuyobora Amerika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Nyakubahwa Joe Biden, yatangaje ko amaze kwikura mu bikorwa bijyanye no kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu cye cya Leta Zunze ubumwe za Amerika, ibi akaba abikoze nyuma y'igitutu yari!-->!-->!-->…
Perezida Tokayev wa Kazakhstan yishimiye intsinzi ya Kagame
Perezida wa Kazakhstan, Kassym-Jomart Tokayev, yashimye Perezida Paul Kagame ku bwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere.
Mu butumwa bwe, Perezida Tokayev yifurije Perezida Kagame ibyiza, agaragaza!-->!-->!-->…