Browsing Category
Politike
DRC: Col. Mike Mikombe wahoze akuriye abarinda perezida i Goma yakatiwe urwo gupfa
Umusirikare wa DR Congo w’ipeti rya Colonel yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56 bari biteguye kwigaragambya bakaraswa n’abasirikare bo mu mutwe w'ingabo…
Burkina faso: Leta yatangaje ko yaburijemo coup d’Etat yari yateguwe na bamwe mu basirikare…
Leta ya gisirikare ya Burkina Faso ivuga ko inzego z'umutekano n'iz'ubutasi z'iki gihugu ku wa kabiri zaburijemo igerageza ryo guhirika ubutegetsi.
Hashize hafi umwaka umwe Kapiteni Ibrahim Traoré, Perezida w'inzibacyuho muri iki…
James Kabarebe wari uherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru yahawe izindi nshingano
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, yakoze impinduka mu buyobozi bw’inzego zimwe na zimwe z’Igihugu.
Muri izo mpinduka harimo kuba Gen (Rtd) James Kabarebe yagizwe…
Abarimo CG Emmanuel GASANA bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Perezida Paul Kagame yemeje ikiruhuko cy’izabukuru ku ba Komiseri batandatu muri Polisi y’Igihugu barimo CG Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CP Butera Emmanuel, CP, Vianney Nshimiyimana, CP Bruce Munyambo, ACP…
Francois Bozize wahoze ayobora Santrafrika yahamijwe ibyaha akatirwa gufungwa burundu
François Bozizé wahoze ayobora Centrafrique, usigaye ari mu buhungiro, yakatiwe igifungo cya burundu akora imirimo y’ingufu, nyuma yo guhamywa ibyaha byo kubangamira inzego z’umutekano w’igihugu n’ubwicanyi.
Bozizé wagiye ku…
Kenya: Perezida Ruto yasabwe gusaba imbabazi abaturage yabeshye kugabanya ibiciro ku isoko…
Senateri w’umujyi wa Nairobi, Edwin Sifuna, yasabye Perezida William Ruto gusaba imbabazi abanya-Kenya, kuko yababeshye ko azagabanya ikiguzi cy’ubuzima, kuri ubu bukaba buhenze kurusha uko bwari ataraba perezida.
Ikinyamakuru The…
Perezida Tshisekedi yongeye guhura n’abarwanya u Rwanda ku mugambi wo gutera igihugu
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 20 Nzeri, Perezida wa DR Congo, Felix Tshisekedi, yahuriye i New York, hamwe n'itsinda ry'Abanyarwanda bari mu buhungiro bayobowe na Eugene Richard Gasana wahunze, nk'uko ikinyamakuru The New Times…
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri MINUSCA zambitswe imidari y’ishimwe
Ku wa 20 Nzeri 2023, abasirikare b’u Rwanda boherejwe mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA) bambitswe imidali y’ishimwe bashimirwa akazi keza bakora.
Abashimiwe ni…
Abasirikare bo muri Nigeria baje kwigira ku Ngabo z’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itsinda rigizwe n’abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ryigisha amasomo y’Umutekano muri Nigeria (NISS) riherereye i Abuja ryasuye ibirindiro bikuru by’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo.
Iryo…
Ikibazo ntikiri hagati yanjye na Tshisekedi, kiri hagati ya Tshisekedi na M23 – Perezida…
Mu kiganiro cyihariye Perezida Kagame yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, Umukuru w’Igihugu yasubije ibibazo yabajijwe ku ngingo zitandukanye harimo ibireba u Rwanda by’umwihariko, ibijyanye n’imibanire yarwo n’ibindi bihugu byo mu…
Perezida Kagame yashimangiye ko aziyamamariza kuyobora igihugu umwaka utaha
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko azahagararira umuryango FPR Inkotanyi mu matora y'umwaka utaha.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame ubwo ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yagiranye, yagiranye ikiganiro…
Perezida Kagame ari muri Cuba mu nama ya G77
Perezida Paul Kagame, yageze muri Cuba mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, bahuriye mu itsinda rya G77 rigizwe n’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere n’u Bushinwa.
Perezida Kagame Paul w'u Rwanda yageze mu gihugu cya Cuba…
DRC: Wa munyapolitiki wihaye gutuka perezida yakatiwe igifungo cy’imyaka 7
Urukiko rusesa imanza (Cour de cassation) rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye umunyapolitiki utavuga rumwe n'ubutegetsi igifungo cy'imyaka irindwi, nyuma yo guhamwa n'ibirego 12, birimo no gukwirakwiza ibihuha bitari…
Hamenyekanye impamvu Prof Harelimana wayoboraga RCA atitabye PAC
Prof. Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Amakoperative, RCA, yasobanuye ko uburwayi amaranye iminsi ari bwo bwatumye atitaba Komisiyo Ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze…
Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje ko Ali Bongo wari ufungiye iwe yarekuwe
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Gabon batangaje ko gufungira Ali Bongo iwe mu rugo byarangiye, ko ubu “ashobora gusohoka akidegembya”.
Mu itangazo bacishije kuri televiziyo mu ijoro ryo kuwa gatatu, umuvugizi w’igisirikare…