Browsing Category
Politike
Perezida Kagame yashimangiye ko aziyamamariza kuyobora igihugu umwaka utaha
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko azahagararira umuryango FPR Inkotanyi mu matora y'umwaka utaha.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame ubwo ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yagiranye, yagiranye ikiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame ari muri Cuba mu nama ya G77
Perezida Paul Kagame, yageze muri Cuba mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, bahuriye mu itsinda rya G77 rigizwe n’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere n’u Bushinwa.
Perezida Kagame Paul w'u Rwanda yageze mu gihugu cya Cuba!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Wa munyapolitiki wihaye gutuka perezida yakatiwe igifungo cy’imyaka 7
Urukiko rusesa imanza (Cour de cassation) rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye umunyapolitiki utavuga rumwe n'ubutegetsi igifungo cy'imyaka irindwi, nyuma yo guhamwa n'ibirego 12, birimo no gukwirakwiza ibihuha bitari!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu Prof Harelimana wayoboraga RCA atitabye PAC
Prof. Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Amakoperative, RCA, yasobanuye ko uburwayi amaranye iminsi ari bwo bwatumye atitaba Komisiyo Ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze!-->!-->!-->…
Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje ko Ali Bongo wari ufungiye iwe yarekuwe
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Gabon batangaje ko gufungira Ali Bongo iwe mu rugo byarangiye, ko ubu “ashobora gusohoka akidegembya”.
Mu itangazo bacishije kuri televiziyo mu ijoro ryo kuwa gatatu, umuvugizi w’igisirikare!-->!-->!-->!-->!-->…
EAC yongereye igihe ingabo z’akarere ziri muri DR Congo
Inama y'abakuru b'ibihugu byo mu muryango w'Afurika y'uburasirazuba (EAC) yongereye amezi atatu ubutumwa bw'ingabo z'uwo muryango (EACRF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugarura umutekano.
Manda y'ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yitabiriye Inama muri Kenya
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bitangaza ko muri iyo nama Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverineri yasabye abatuye lburasirazuba kwirinda kugwa mu by’amoko bimaze iminsi bivugwa.
Umuyobozi w'lntara y'Iburasirazuba Gasana Emanuel yasabye abaturage bo mu Ntara y'Iburasirazuba kwirinda ko bagwa mu bintu bya moko bimaze iminsi bivugwa bigamije kwiremamo amatsinda, gutonesha, icyenewabo, kwironda, ndetse no guheza!-->!-->!-->…
Bugesera: Kuva kuri Mudugudu kugera ku karere basinyiye kwesa umuhigo wo kugira isuku…
Mu midugudu yose y'Akarere ka Bugesera, utugari, imirenge kugera hejuru ku Karere abafatanyabikorwa bako, abaturage bahagarariye abandi basinyiye ko isuku n'isukura ari umuhigo bazesa.
Bari imbere ya Guverineri w’Intara!-->!-->!-->!-->!-->…
James Kabarebe uyoboye urutonde rw’aba jenerari bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru ni…
Biragoye kuvuga igisirikare cy’u Rwanda RDF mu myaka hafi 30 ishize ngo usige izina rikomeye nka James Kabarebe kuri ubu uyoboye urutonde rw'abandi basirikare bo ku rwego rwo hejuru baraye bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru.
Gen!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yasabye abahiritse ubutegetsi muri Gabon kuburekura bakanarekura Perezida Ali Bongo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi giherutse kuba ndetse isaba ko Perezida Ali Bongo ufungiye iwe arekurwa.
Mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yashyize hanze ku wa Gatatu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 10, aha inshingano nshya abajenerali 6
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare 10 bari bafite ipeti rya Lt Colonel abaha ipeti rya Colonel; anabagira abayobozi ba za brigade.
Izi mpinduka zatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo wari umaze amasaha amake atsinze amatora
Perezida Ali Bongo, wari umaze amasaha make atangajwe nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Gabon, yahiritswe ku butegetsi n’igisirikare cy’iki gihugu.
Abasirikare bagaragaye kuri televiziyo y’igihugu muri Gabon bavuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverineri nawe akurikiye abandi kuri operation “Umutware w’Abakono”
Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihuguGishinzwe Ubutaka bakuwe mu kazi na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Itangazo rikura aba bombi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yevgeny Prigozhin wayoboraga abarwanyi ba Wagner yaguye mu mpanuka y’indege
Inkuru y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin yasakaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, aho bivugwa ko yaba yaguye mu mpanuka y’indege yabereye i Moscow mu Murwa Mukuru w’u Burusiya.
Itangazamakuru rya Leta y’u!-->!-->!-->!-->!-->…