Browsing Category
Politike
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanywe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere
Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 3 bashinjwaga kwangiza amasasu n’ubwicanyi bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu b’iki Gihugu, rubahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, nyuma y’uko habaye igikorwa cyo kurasa!-->!-->!-->…
Uganda: Abarenga 60 baraye batawe muri yombi mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, nk’uko ibinyamakuru muri Uganda bibivuga.
Amashusho yashyizwe ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC yatangiye iperereza ku ntumwa yayo ivugwaho gushyikirana na M23
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangiye gukora iperereza kuri Prof Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco, uvugwaho kujya gushyikirana n’abahagarariye umutwe witwaje intwaro wa M23 i Kampala muri Uganda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Igitutu cy’abo mu ishyaka rye gitumye Joe Biden ahagarika guhatanira kuyobora Amerika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Nyakubahwa Joe Biden, yatangaje ko amaze kwikura mu bikorwa bijyanye no kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu cye cya Leta Zunze ubumwe za Amerika, ibi akaba abikoze nyuma y'igitutu yari!-->!-->!-->…
Perezida Tokayev wa Kazakhstan yishimiye intsinzi ya Kagame
Perezida wa Kazakhstan, Kassym-Jomart Tokayev, yashimye Perezida Paul Kagame ku bwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere.
Mu butumwa bwe, Perezida Tokayev yifurije Perezida Kagame ibyiza, agaragaza!-->!-->!-->…
Goma: Umusirikare wa Afurika y’Epfo yishwe avuye mu kabari
Umusirikare wa Afurika y’Epfo wari mu butumwa bwa SADC bugamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RD Congo, yishwe arashwe ubwo yari avuye kwica icyaka mu kabari ko mu Mujyi wa Goma.
Uyu musirikare yiciwe i Bujovu muri Komine ya!-->!-->!-->…
Perezida Nyusi wa Mozambique na Umaro wa Guinea Bissau bashimiye Parezida Paul Kagame uherutse…
Perezida wa Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi na Umaro wa Guinea Bissau boherereje ubutumwa Perezida Paul Kagame, nyuma y'aho abaturage b'u Rwanda bamutoreye indi manda y'imyaka itanu agiye kuyobora igihugu.
Mu butumwa bwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
FPR n’Imitwe ya Politiki bafatanyije bagize amajwi menshi mu matora y’Abadepite
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri komisiyo y’Igihugu y’Amatora ( NEC) yatangaje ko Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki bafatanyije, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR, ari bo bagize amajwi menshi mu matora y’Abadepite 53,!-->!-->!-->…
Dr. Frank Habineza yakiriye ate ibyavuye mu matora?
Bwana Dr. Frank Habineza wari umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ku itike y’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), nyuma yo kumva ibyavuye mu ibarura ry'amajwi,!-->!-->!-->…
Nabisobanuye kenshi, kuki nkomeza kubazwa ibibera muri RDC? – Kagame
Perezida Paul Kagame, ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, asanga kimaze igihe kirekire bituma abura uburyo akivugamo kuko akibazwa inshuro nyinshi akakivugaho ariko bugacya akongera!-->!-->!-->…
NEC yatangaje igihe amajwi y’agateganyo azashyirwa hanze
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko kuwa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda bazarara bamenye icyerekezo cy’ibyavuye mu matora, kubagaragariza aho kubarura bigeze ndetse n’uko amajwi azaba ahagaze ku bakandida!-->!-->!-->…
Muzabareke bapfe urwo bapfuye kuko ni ko bameze – Kagame ku bagipfobya Jenoside
Paul Kagame usanzwe uyobora u Rwanda akaba no mu bakandida Perezida bahatanira kuruyobora muri manda y’imyaka itanu iri imbere, yavuze ko abakijandika mu bikorwa byo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ntacyo bazapfa bagezeho aboneraho!-->!-->!-->…
Kandida Depite Munyaneza lsaac arateganya kugarura umuco wo gukwa inka
Munyaneza Isaac ukomeje guhabwa amahirwe n’abatari bake mu bakandida bazahagararira urubyiruko mu nteko ishinga amategeko yasobanuye ko nagirirwa icyizere agatorwa azagarura umuco wo gukwa inka nk'uko byahozeho kera.
Ibi kandida!-->!-->!-->!-->!-->…
Bumbogo: Biyemeje kurirara bategereje kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Kamena 2024, nibwo umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, azasesekara mu Karere ka Gasabo kuri site ya Bumbogo, aho azaba agiye gukomereza ibikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru!-->!-->!-->…