Browsing Category
Politike
Comoros: Umugabo uherutse gutera icyuma Perezida yapfiriye muri gereza
Umugabo watawe muri yombi ku wa gatanu kubera kugaba igitero kuri perezida w'ibirwa bya Comores akoresheje icyuma yasanzwe muri gereza yapfuye, nkuko abategetsi baho babivuga.
Icyo gitero cyabereye mu muhango wo gushyingura umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarimo Umunyamerika, umwongereza, Umubiligi bakatiwe igihano cy’urupfu
Abantu 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n'Umunya Canada bakatiwe igihano cy'urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Abo bagabo bashinjwe kugaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal: Perezida yasheshe inteko inshinga amategeko yari yiganjemo abamurwanya
Prezida Bassirou Diomaye Faye wa Senegali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
Yahise atangaza ko amatora yo gusimbuza abagize inteko yasheshwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’uburezi yaraye yambuwe iyo minisiteri nyuma y’umwaka umwe gusa yari…
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Nzeli 2024, Perezida wa Repubulika yakuyeho uwari minisitiri w'uburezi, amwimurira mu kigo gishinzwe iby'ikirere.
Ni mu itangazo ryaraye rishyizwe hanze ahagana saa mbili z'umugoroba,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia yaburiye uwayitera mu gihe hari ubushyamirane mu karere
Minisitiri w'intebe wa Ethiopia yaburiye umuntu uwo ari we wese uteganya gutera igihugu cye ko akwiye "gutekereza inshuro 10" mbere yo kubikora, avuga ko igitero icyo ari cyo cyose cyasubizwa inyuma.
Abiy Ahmed ntiyavuze igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen. Maj. Nkubito yasabye abikorera b’i Rubavu kudakangwa na FDLR
Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’Iburengerazuba, Gen. Maj. Nkubito Eugène, yasabye abikorera kudakangwa n’ibikangisho by’umutwe witwaje intwaro wa FDLR umaze imyaka myinshi uhigira gutera u Rwanda!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida Samiya yifatiye mu gahanga uwo batavuga rumwe, amwitirira intare yananiranye
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yise intare "iruhanya" ("igorana") izina ry'umwe mu banyapolitike bakomeye batavuga rumwe n'ubutegetsi.
Perezida Samia yari yasuye ikigo cya Tanzania cyita ku nyamaswa kizwi nka TAWA (impine!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku bari aba minisitiri batagarutse muri Guverinoma.
Umukuru w'igihugu yatanze igisa n'ihumure ku bayobozi batagarutse muri Guverinoma nshya igiye gutangirana nawe muri ino manda y'imyaka itanu, avuga ko abatagarutse mu bagize Guverinoma atari uko birukanywe ko ahubwo bahinduriwe imirimo!-->…
Perezida Paul Kagame yasabye abagize guverinoma kujya bihutisha ibintu
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu mugoroba yakiriye indahiro z’abagize Guverinoma nshya abasaba ko batagomba kujya batinza ibintu kubera inama za hato na hato.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 19 Kanama 2024,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine ivuga ko yashenye ikiraro cya kabiri mu Burusiya
Ukraine ivuga ko yashwayaguje ikiraro cy’ingenzi cya kabiri mu karere ka Kursk k’Uburusiya ingabo zayo zinjiyemo.
Igisirikare cya Ukraine ku cyumweru cyasohoye amashusho yafatiwe mu kirere y’igitero kuri icyo kiraro – kivuga ko kiri ku!-->!-->!-->…
Gen. Mubaraka Muganga yijeje abakunzi ba APR FC ko ikipe yabo izasezerera AZAM FC
General Mubaraka Muganga yihanganishije abakunzi ba APR FC nyuma y'aho ikipe yabo itsindiwe muri Tanzaniya, ndetse abizeza ko ikipe ya APR FC izatsinda ikanasezerera AZAM FC.
Nyuma y'aho ikipe ya APR FC itsindiwe mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagize Guverinoma nshya bararahira kuri uyu wa Mbere
Abagize Guverinoma nshya iheruka gushyirwaho na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, bararahirira inshingano nshya kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama 2024, ari na bwo batangira inshingano byemewe muri manda nshya y’imyaka itanu iri!-->!-->!-->…
Amb. Christine Nkulikiyinka wagizwe Minisitiri w’Abakozi ba Leta ni muntu ki?
Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Guverinoma nshya igizwe ahanini n’Abaminisitiri bari bayisanzwemo, ariko muri batatu bashya harimo Amb. Christine Nkulikiyinka wagizwe Minisitiri!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashyizeho guverinoma nshya itarimo aba minisitiri 3 bari mu ya mbere.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa gatanu taliki ya 16 Kmamena 2024 yashyizeho aba minisitiri bagize Guverinoma n’abandi bayobozi, aba bose bakaba bakuriwe na minisitiri w'intebe Dr Edouard Ngirente nawe uherutse kugirirwa!-->!-->!-->…
Gen. Kainerugaba wa Uganda arishyuza Amerika akayabo ka miliyari 100$
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yishyuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ideni ry’amadolari miliyari 100 (arenga miliyari ibihumbi 134 Frw) ringana n’agaciro k’ubutumwa bw’amahoro abasirikare ba Uganda bakoze!-->!-->!-->…