Browsing Category
Ubukungu
MTN Rwanda yongeye icibwa miliyoni 30 Frw kubera serivisi mbi
Urwego rw’Igihugu rugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwasobanuye ko Sosiyete y’Itumanaho ya MTN yamaze gukemura ikibazo cyari cyabayeho kigatuma ihanwa, aho yishyuye amande ya miliyoni 30 Frw mu gihe cy’iminsi!-->!-->!-->…
Bugesera: Abazahiga abandi mu imurikabikorwa bijejwe ishimwe ry’Akarere
Mu Karere ka Bugesera hatangiye imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa b'Akarere rizamara iminsi 3 rikaagaragaza umusaruro w'ibikorwa abafatanyabikorwa bagiramo uruhare mu kuzamura iterambere ry'ubukungu n'imibereho myiza by'Abaturage muri!-->…
Ba Meya bo mu Burengerazuba basabwe guhangana n’ubukene bwugarije intara yabo
Mu gihe 37.4% by’abatuye Intara y’Iburengerazuba bugarijwe n'ubukene, Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare, NISR gisanga hakenewe kwongera imbaraga mu guhanga imirimo mishya mu rubyiruko, guteza imbere urwego rw'ubuhinzi no guhangana!-->!-->!-->…
DRC: Gatolika irasanga gufunga amabanki mu bice byafashwe na AFC/M23 bishyira rubanda mu kangaratete
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo gufunga banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
Leta ya RDC yahagaritse ibi bikorwaremezo ubwo AFC/M23 yafataga!-->!-->!-->!-->!-->…
RD Congo: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu na $800,000 ‘cash’
Abategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n'amadolari y'Amerika 800,000 'cash' mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ayo madolari angana na miliyari imwe uyavunje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubucuruzi ku isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda bwarenze miliyari 100 Frw ku nshuro ya mbere…
Mu 2024 Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda ryabaye igicumbi cy’impinduka n’iterambere mu rwego rw’imari. RSE yageze ku musaruro wihariye, by’umwihariko mu bikorwa byo gucuruza imigabane ndetse initabirwa n’abashoramari benshi. !-->!-->!-->…
Mu mezi cyenda gusa ibyoherezwa muri DRC byageze kuri miliyari 219 Frw
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iracyari umwe mu bafatanyabikorwa b’u Rwanda mu bucuruzi, nubwo umubano w’ibi bihugu wazambye byeruye kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2022.
Abayobozi ku mpande zombi bagaragaje ko nubwo mu mubano!-->!-->!-->…
Menya uturere 13 dufite igishushanyo Mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka cyatangaje igishushanyo mbonera cy’ubutaka bw’uturere 13 mu turere 30 tw’u Rwanda.
Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyo ku rwego rw’Igihugu cyemejwe mu Nama y’Abaminisitiri muri!-->!-->!-->…
“Ikaze Training center” yahagurukiye ikibazo cy’ubushomeri cyugarije abatari bake
Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bikomereye urubyiruko ndetse n'Abanyarwanda muri rusange, ni ikibazo na none Leta yahagurukiye ku buryo bugaragara, ariko n'ubwo bimeze bityo kiranga kikaba ikibazo gikomeye kikamera nk'aho kirushije!-->!-->!-->…
Sendika RATU y’abize ubuhinzi ubworozi n’amashyamba bafatanyije na D.l Grow Seed Rwanda…
Sendika RATU y'abize ubuhinzi, ubworozi n'amashyamba bafatanyije na D.l Grow Seed Rwanda Ltd biyemeje kuzamura umusaruro w'abahinzi bo mu Rwanda binyuze mu kubegereza ifumbire y’umwimerere isukika yo mu bwoko bwa D.I.GROW yitezweho!-->!-->!-->…
Nyuma y’insengero, hakurikiyeho gufunga sitasiyo za Lisansi zitujuje ibisabwa
Mu minsi ya vuba, Stations za Lisansi zimwe zo mu Mujyi wa Kigali zigomba gusenywa kuko aho zubatswe hatujuje ibisabwa, ndetse mu gihe kiri imbere, amabwiriza mashya agenga imyubakire ya Stations za Lisansi, azavugururwa, kugira ngo!-->!-->!-->…
Ese u Rwanda rukeneye inoti irenze iya 5000Frw ?
Nta gushidikanya ko mu myaka 10 ishize, ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka ku bicuruzwa na serivisi zitandukanye, ku buryo nk’urugendo rwa moto rwahoze ari 1000 Frw, ubu rushobora kuba rugeze kuri 1500 Frw no hejuru yayo.
Kuzamuka!-->!-->!-->…
Nyanza: Inkongi y’umuriro w’amashanyarazi yatwitse imashini icumi zisya
Inkongi y’umuriro bikekwa ko ari iy’amashanyarazi yatwitse imashini icumi zasyaga imyaka y’abaturage , zifite agaciro k’asaga miliyoni 19Frw mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Busoro, mu Kagari ka Masangano,Umudugudu wa Bweramana.
!-->!-->!-->!-->!-->…
BK Group Plc yagize Dr. Uzziel Ndagijimana Umuyobozi Mukuru wayo.
BK Group Plc yagize Dr. Uzziel Ndagijimana wigeze kuba Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, umuyobozi mukuru wayo asimbuye Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc asimbuye Beata Habyarimana weguye.
Umwanzuro wo gushyira Dr. Uzziel muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bralirwa mu mezi atandatu ya 2024 yungutse asaga miliyari 14
Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye mu Rwanda, Bralirwa Plc rwatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2024 rwungutse miliyari 14,8 Frw avuye kuri miliyari 12,8 Frw mu gihe nk’icyo cy’umwaka wa 2023, bigaragaza…